Barafinda Sekikubo Fred avuga ko igisirikare cy’u Rwanda gihagaze neza, kigakora kinyamwuga, bigoye kugica mu rihumye ngo umuntu cyangwa umutwe w’inyeshyamba ube wakisukira ngo utere u Rwanda mu buryo bworoshye.
Ni mu kiganiro Bwiza TV yagiranye n’uyu mugabo uvuga ko yifitemo politiki, unashimangira ko imodoka ye ubu yamaze kwangirika.
REBA VIDEO
Isangize abandi
Tanga igitekerezo