Umufaransakazi Charlotte w’imyaka 33 y’amavuko avuga ko amaze imyaka ibiri akorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo we, Florian. Ashimangira ko nta munsi n’umwe bigeze birenza byanashoboka bakayikora inshuro irenze imwe ku munsi.
Uyu mugore avuga ko kubera iyi mibonano bakora buri munsi imyaka ibiri ikaba ishize, mu mutwe we byarangije kuba akamenyero, by’umwihariko ngo iki gikorwa kikaba kimutwara igihe kirekire kurusha ibindi akora, yaba ayikora cyangwa abitekerezaho.
Yagize ati "Nkunda gukorana imibonano na we kurusha abo twaryamanye bose mbere, ngira ibyishimo iyo nyikorana na we ibindi byose nkabyibagirwa. Nabonye ko imibonano hagati yacu ari nk’ikimenyetso ry’urukundo rugaragara ni n’uburyo bwo kuduhuza kurushaho,... Uko dukorakorana, dusomana,...
Naje kuvumbura ko gukora imibonano buri munsi binyongerera umunezero. Ibyiyumviro byanjye ntibihagarara bihora ari byabindi. Imibonano imfasha kwiyunga neza n’umubiri wanjye, iyo Florian ankozeho mba numva hari ibiro byinshi niyongereyeho.
Mba numva mbaye mwiza, mwiza cyane ariko ubu ndumva nshaka kumva uko namererwa mbaye ntakora imibonano buri munsi. Nasabye Florian ngo tuzarebe tudakoze imibonano buri munsi, iyo atangiye kumanura amashuka turyamye nsanzwe mpita menya ko igikorwa gitangiye".
Nagerageje kubaza Florian niba nta kibazo dufite, ku bwe yansubije ambwira ko ari ibisanzwe [Normal] ko nta kindi kibazo dufite kuba dukora imibonano buri munsi.
Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Brendan Zietsch, inzobere ku bijyanye n�ubuzima bwo mu mutwe wo muri Kaminuza ya Queensland muri Australia akabukorera ku bantu 500 bubatse ingo, bwagaragaje ko ikigereranyo cy�iminota yo gukora imibonano mpuzabitsina ari hagati y�amasegonda 33 n�iminota 44.
Kuyikora buri munsi nta kibazo kirimo, keretse iyo uyikora mu masaha atandukanye, niba warimenyereje saa kumi n’imwe (05:00) z’igitondo, iyo saha niyo mukomeza, icyo gihe iyo mibonano inafatwa nka siporo.
Uyu mushakashatsi Dr Brendan avuga ko gupima igihe igikorwa kigomba kumara byaba ari ukwibeshya kuko icy�ingenzi atari uko igikorwa kiba vuba cyangwa umwanya munini ahubwo ari uko cyaba gikozwe neza kigashimisha impande zombi.
Tanga igitekerezo