Hari ifoto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter igaragaza Perezida Nkurunziza Pierre w’Uburundi afite mashingani (machine gun) mu ntoki, yambaye amadarubindi n’ingofero ireba y’abasitari ireba inyuma.
Nkurunziza akikijwe n’abandi basirikare b’inyeshyamba babiri.
Impuguke muri politiki mpuzamahanga akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bagize icyo bavuga kuri iyi photo.
Yavuze ko " Nkurunziza (uri hagati) yari mu ntambara na Leta kuva mu 1993 kugeza mu 2005 barwanira icyo bitaga demokarasi (...)"
Perezida Nkurunziza ubwo yari akiri mu ishyamba
Ifo
Nkurunziza nk’umugabo waminuje mu bijyanye na siporo, agaragara yambaye nanone imyenda yifashishwa mu bikorwa bya siporo.
Isangize abandi
Tanga igitekerezo