Isiko ryo Guhahira abanyeshuri n�abakozi b�ikigo cy�ishuri, Kigali Christian School(Kigali & Rwamagana Campus) ndetse n�ab�ikigo cy�umuryango w�ivugabutumwa mu rubyiruko (YFC/Rwanda)
Ubuyobozi bw�ishuri Kigali Kristian School ry�umuryango w�ivugabutumwa murubyiruko ( Youth for Christ/Rwanda (YFC/Rwanda) burifuza gutanga imasoko rikurikira :
Guhahira abanyeshuri n�abakozi b�ikigo cy�ishuri, Kigali Christian School(Kigali & Rwamagana Campus) ndetse n�ab�ikigo cy�umuryango w�ivugabutumwa mu rubyiruko (YFC/Rwanda)
Itangwa ry�amasoko rizaca mu ipiganwa rikurikije amategeko ngenderwaho mw�itangwa ry�amasoko mu Rwanda ,Amabaruwa agaragaza ibikenewe byose kuri buri soko, murayasanga mubiro bya Kigali Christian School/Kigali campus rikorera I Kibagabaga , na Kigali Christian School /Rwamagana Campus rikorera mu murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana , nyuma yo kwishyura amafaranga adasubizwa ibihumbi bitanu (5000Frws) kuri konti : No 047-0387294-53 ya JPCR / Ecole Chretienne de Kigali iri muri BK Rwanda na No 040-0693867-09 ya YFC/KCS-Rwamagana iri muri BK Rwanda .
Igihe ntarengwa cyo gufata ayo mabaruwa ni tariki ya 10/12/2019
Bikorewe i kigali kuwa 05/12/2019
Umuyobozi w�amashuli ya Youth For Christ/Rwanda
MUTABAZI Geoffrey.
Leave a Comment