Nishimiye kubana namwe ngaha kuri uru rubuga, ndi umukobwa ukuze si ngombwa gutangaza imyaka mfite, mu buzima bwanjye nkunda gusabana cyane n’abantu bose ahari ni nacyo gituma abantu benshi banambwira ibyo bantekerezaho.
Ubwo nari ndi mu kimina dukorera i Nyamirambo na bagenzi banjye barimo n’abagabo, haje umugabo w’umuboss wari uziranye n’umwe muri twe turasangira, agakomeza kunyitegereza cyane uko nabaga ndimo kwisekera.
Ubwo twagezaho noneho turaganira, aza kumbwira ngo yakunze uko nseka, ngo iminwa yanjye ni sawa mbese ya magambo wumva nyine ko ari ay’uburaya bitewe n’uburyo n’uyakubwira umubona.
Nakomeje kwisekera mubwira merci, agezaho ansaba kuzamuha akanya ngo tugasohokana uwa babiri ndamubwira ngo nzabitekerezaho mfite akanya musubize.
Yatwaye nimero yanjye, anyoherereza amafoto yari yagiye adufotora harimo n’iyanjye yari yonyine, afata agace kamwe kagaragaza iminwa yanjye yonyine yakoropinze, mbese ahita atangira kumbwira ngo iminwa yanjye ni myiza ngo n’igitsina cyanjye afite amatsiko yo kukibona.
Ntabwo natindijemo nahise mubwira ngo uzaze nkikwereke pe nikinira, none yabigize seriye da, buri munsi arampamagara, akanyandikira, akantera imitoma. Nagezaho mubwira ko rwose bitashobora pe nikiniraga.
Amaze kubona ko mukuriye inzira ku murima nibwo yatangiye kunshukisha amafaranga, ambwira ko muhaye ayo mahiwe atatinya kumpa ayangirira akamaro, ngo uwo yakunze aba yifuza kumuteza imbere.
Yanditse sheki arangije arayifotora anyoherereza ifoto yayo yanditseho Miliyoni n’ibihumbi 200, ngo nimuha ayo mahitwe n’iyo sheki izaba ari iyanjye, kandi ninabishaka nzagende ayimpe mpere ubundi duhane gahunda neza.
Njyewe natunguwe, ntabwo nari nzi ko habaho abagabo bateye uku. Mungire inama, nkore iki bavandimwe, iki gishuko ko ndeba kitoroshye, agatima karambwira ngo yacakire, akandi kakambwira ko nshobora kuhavana imbwa yiruka.
6 Ibitekerezo
kuku Kuwa 11/12/19
Genda aguswere ugisweye rimwe ntaba agikuyeho
Subiza ⇾Ndayambaje Celestin Kuwa 15/12/19
Wijyayo sha! Utahavana ibyago
Subiza ⇾Mparambo Kuwa 14/12/19
Niba wumva ushaka gutekana, shyira numero muri black list atazongera kuguhamagara. Niba uzi ubwenge mucike hakir kare. Ariko se ubundi imikono nk’iyi wayinjiyemom ute? Garukira aho kuko igi ryamenetse ntushobora kurisubiranya.
Subiza ⇾Mparambo Kuwa 14/12/19
Niba wumva ushaka gutekana, shyira numero muri black list atazongera kuguhamagara. Niba uzi ubwenge mucike hakir kare. Ariko se ubundi imikono nk’iyi wayinjiyemom ute? Garukira aho kuko igi ryamenetse ntushobora kurisubiranya.
Subiza ⇾Ndayambaje Celestin Kuwa 15/12/19
Wijyayo kuko si byiza ibyo bintu
Subiza ⇾fofo Kuwa 19/12/19
Nubundi uri umusambanyi genda ahasigaye uzarwana na Gehenomu, kandi arakubeshya iminwa yawe iteye isesemi, noneho nijyaho sida abantu bazajya bayireba baruke
Subiza ⇾DAMOUR Kuwa 21/12/19
genda uwereke nyineubundi see simbona ntbyarangiye ahubwo uri gutinda ntasoni.!!!!!!!!ndabona uri !!!
Subiza ⇾Tanga igitekerezo