Muraho bantu b’Imana, ndabanza kwisegura kuko ntabwo ndibuvuge amazina yanjye ariko ndimo kugisha inama kuko hano kuri uru rubuga mbona hazaho abantu bakuze pe!
Nize ubuganga mu Rwanda na nyuma ngira amahirwe njya mu mahanga kongera ubumenyi, ubu ndi umukozi mu bitaro byo mu gihugu ariko ntari buvuge, mpembwa neza hahandi nza mu ba mbere bafata umushahara utubutse.
Ntavuze byinshi rero, mfite imyaka 36, ariko rwose ngerageza kwisanisha na buri wese ariko nabuze umugabo pe kuko abasore dukorana mbona banantinya kuko wenda ndi n’umuyobozi.
Aho ntuye abasore barahari, uwo tuganiriye mba numva amfata nk’umuntu ukomeye cyane kandi byahe se, kandi rwose ni ukuri mba numva nkeneye kubegera, imyaka ndabona irimo kunsiga.
Twari babiri mu kigo tugejeje muri iyi myaka kandi turi abakobwa, mugenzi wanjye we navuga ko yaguye mu mutego birangira atewe inda n’uwamubeshyaga urukundo, ubu afite umwana. Gusa ku bwanjye numva nkeneye umugabo kuko kubyara nta mugabo mbona nta cyubahiro naba nihaye birenze noneho nk’ukuriye abandi bakozi.
Mungire inama, sinzi niba ari umwaku niba ubaho, sinzi niba ari abangiriye ishyamba da, sinzi niba ahari ari ukudasenga cyane, ni byinshi nibaza bikanyobera kuko ntacyo mbuze mu birebana n’imitungo, icyo mbura ni umugabo.
Sinkeneye umugabo wo kuri interineti ahubwo nkeneye inama zanyu, andika comments ungire inama.
276 Ibitekerezo
dieudonne Kuwa 06/12/19
Wihangayika dore natwe turahari niba wumva byacamo that’s mi email unyandikire tuganire me too nange nkora muri carrier medical
Subiza ⇾BABA Kuwa 08/12/19
MAMAGARA0783248565
Subiza ⇾x Kuwa 05/06/20
Uyu muganga ndumva duhuje ikibazo,Nuko numva adashaka umukunzi wo kuri internet Kandi iterambere tugezemo nicyo idutegeka ariko yisubiye twakwihuza nange mfite imyaka nkiyo,njye nyoboye ikigo cy’imali iciriritse nanjye nkeneye umukunzi nta mwana ngira nta mugore nigeze nta nubushurashuzi nigeze ukuri kuzuye wisubiyeho email niyi
Subiza ⇾[email protected].
x Kuwa 05/06/20
Uyu muganga ndumva duhuje ikibazo,Nuko numva adashaka umukunzi wo kuri internet Kandi iterambere tugezemo nicyo idutegeka ariko yisubiye twakwihuza nange mfite imyaka nkiyo,njye nyoboye ikigo cy’imali iciriritse nanjye nkeneye umukunzi nta mwana ngira nta mugore nigeze nta nubushurashuzi nigeze ukuri kuzuye wisubiyeho email niyi
Subiza ⇾[email protected].
Kuwa 14/06/20
Uyumuganga rwose impungenge ze ndazumva nanamubonera igisubizo azanyandikire kuriyi WhatsAp :0784710407
Subiza ⇾Tubiganireho .
nkurunziza virgile Kuwa 03/07/20
Umva nkwibwirire mukobwa mwiza mpamagara cg umbiipe 0788988826 ibindi turabyivuganira.
Subiza ⇾claude Kuwa 20/01/21
Sha njye nakugira inama yo guhindura ibyiciro by’abantu mugendana kuko ntabagabo bazima babarimo cg ntanabo bazi, wakwegera abantu bubaha Imana, wegere abamama bakiri bato bazima ariko bazakugira inama nzima bakaguhuza nabagabo bazima gusa ukagira amakenga kandi ukitonda naho ucunze nabi basa nabakugurisha.
Subiza ⇾J.Magdam Kuwa 21/02/21
Mugenzi wanjye rero, try to give all your contracts for the purpose to conduct the adequate discussions where the product will be generated. Do not hesitate to give it. You can be called or receive any message through your given contracts.
Subiza ⇾We are waiting for you.
Best.
Theoneste Kuwa 24/02/21
Bibaho cyane iyo ufite umwanya ukomeye nkuwo, abo benshi ntabwo dushaka abakobwa bo kudutunga ahubwo dushaka abo twatunga, kuko nibo dukeka ko batwumva. Inama nakugira, nuko wakwegera bagenzi bawe nkabahungu ntiwemere ko bakwishisha. Urinde kubereka ko ufite amafr, basabe ko mwaserukana nibiba ngombwa ureke aribo bakwishyura mu minsi ya mbere mu cyubaka ubucuti. Bubahe nubwo wabona ko Bari hasi yawe cyane. Bereke ko ubabonamo ubushobozi kdi Ari abantu badasanzwe. Jya ungwa neza kdi werekane umutima w’impuhwe. Ariko: ntuzigere ushyiraho igitutu umuhungu uwo ariwe wese, ntuzamuhamagare kenshi ko kumutesha umuntu ahubwo igihe mwahuye mwiteho kugirango aza gukumbure. Naza kugusura uzateke Ari wowe apana umukozi. Briefly show the respect and be peaceful with all men
Subiza ⇾william Kuwa 13/04/21
Amafaranga nimitungo sibyo rukundo kandi nanone kubona umugabo ntibisaba amafaranga nimitungo banza uhindure uko witwara imbere yabasore nibase umusore akugeze ukamwerekako utamwitayeho ugirango azakureba nyandikira nzakugire Imana [email protected]
Subiza ⇾nizigiyimana etienne Kuwa 06/12/19
abakobwa nkamwe barabatinya kubera ntimuboneka cane kandi muba mushaka gukundana nabo mukorana gusa Ingo twivuganire
Subiza ⇾Kuwa 20/01/21
Nanjye ndamucyeneye umukunzi
Subiza ⇾Kuwa 20/01/21
Nanjye ndamucyeneye umukunzi
Subiza ⇾frank Kuwa 25/01/21
Mamagara kuriyi nomero ya watsp 0783199597 nkugire inama
Subiza ⇾Bagabo John Kuwa 06/12/19
Numusore wifuza ko mwa muhuza nuriya mukobwa w’umuganga dore contact ze 0781179955
Subiza ⇾Kuwa 09/06/20
WA mwari we wihangayika rwose uzabona umugabo hanyuma uzahamagare kulizi bakugire inama murakoze.+2507855141
Subiza ⇾80
NSENGA aime Kuwa 06/12/19
Hello,
Subiza ⇾Sinkeneye iyo mitungo mfite imyaka 36 nanjye bampuze nawe tuzaganire ukoreshe iyo email
james Kuwa 08/12/19
wiriweho doctor icyifuzo cyawee nicyo ariko imitungo siyo ijya imbere icya mbere nurukundo ibindi bikaza nyuma kd ntukihebe Imana irakuzi niwumva ubikikeneye uzanshake duhane ibitekerezo Imail or 4ne you are send me thx
Subiza ⇾Amour Kuwa 22/03/21
Mpamagara nkuvugishe kuri 0783876388 cg unyandikire kuri Email yanjye
Subiza ⇾mapendo Kuwa 06/12/19
Erega gutungumugore ufitamafranga aragusuzugura ikindikandi ntapfa kuboneka cyane cyane nkamugangawe nakarusho kuko ibyakabariro harigihe bibamateka murugo kuberakazi kenshi umunaniro ugasanga hatangiye gucana inyuma urugo rukabarurasenyutse rutamaze kabiri umvarwose gushaka umugore ufitamafranga nukwishakiramafranga nyine ntakindi numufasha ugufasha mumibereho gusa nahwibindi rekada kandabagabo tubaducyeneye kwitabwaho cyane kurutamafranga nange rwose naramubuze twahuza ndinze ngirimyaka40
Subiza ⇾jules Kuwa 06/12/19
Uraho? Somye inkuru yawe sanga hari beshi muhuje ikibazo bitakugoye wazanyandikiye kuri email ikurikira tukaganira: [email protected]
Negereje email yawe urakoze
Subiza ⇾nsabimana astere Kuwa 19/01/21
Ico ntahuye nivyiza ko umuntu avuga ikimubaje icambere ndamusaba kwihangana ikindi kurongogwa navyo nyene nivyo kwitondera kuko hari ninaronka abagabo ugasanga mutugo hatangute kubamwo ibibazo hari abashatse uyu munsi bicuza sinshaka ko ejo niwashaka uzicuza ariko nivyiza ko umuntu bavuga ico yifuza imana iguhe ico umutima wawe wifuza inama nkugira nugusenga ibisigaye
Subiza ⇾nshimiyimana evariste Kuwa 08/02/21
Nonese ubundi unjya ufata umwanya ukanganira? Niba uwufata uwufata ukanganira uzamamagarekuriyinimero nibawumvabikurimo nkubwire icyuzakora 0784298381
Subiza ⇾manzi Kuwa 06/12/19
Byo tyrabatinya peee. Sinzi niba ari wowe nzi arko abakibwa b’abaganga bari kurwego rwo hejuru muratinyitse, I mean Doctors.
Ikindi rero nshuti y’Imana kuba ufite imitungo nkaba ndeba ari nayo ushaka gushyira imbere burya abasore natwe dushaka kubaka siyo tuza tureba. Check yourself urebeko inyuma y’imitungo uvuga nta tugeso tuhihishe dutuma utarongorwa.
Bitari ibyo, tegereza ugushaka kw’Imana ntarirarenga n’ubwo mbona imyaka ikujyane.
Ufite imitungo ishakemo n’urukundo rwo kubaka kdi usenge uwawe azaza na Mukaperezida I Gishari yaramubonye.
Amahirwe gusa
Subiza ⇾Furaha Naasson Kuwa 11/12/19
Nubyo Koko Hari abantu bagira ubwoba bwo gutereta abakobwa babarusha amashuri.gusa nampe Numero ye jye twivuganire kuko ndunva Hari aho twahuriza cg anyandikire kuri email yanjye
Subiza ⇾Mugisha gedeon Kuwa 15/12/19
Urumugabo sha uramusobanuriye natwariraho
Subiza ⇾Mahoro Kuwa 09/06/20
Iyo nama niyo kabisa, ndabona akeneye inama nk’izi
Subiza ⇾Alain Kuwa 06/12/19
Doc, nikibazo utisangije wenyinee, najye ndi umusore, nize NUR, nanakomeje kwiga nyuma ,ubu sinkorera menshi ariko soon by ndaba meze neza uko mbikeka, nshaka umukobwa ukuze kuko nanjye ubu mfite 41.5 Years, mpura nabakobwa bato Kandi cyane nkeka ko Atari Koko urukundo banshakaho gusa.I want a family not money. Ntamazina nshakabko agaragazwa cyangwa email. Uramutse ushatse ko tubonana tukaganira use my email for further communication.
Subiza ⇾musigwa Kuwa 29/12/20
uwo muganga muduhuze
Subiza ⇾Kuwa 06/12/19
Burimuntu Imana iramuzi niyo yivugiye iti sibyiza KO umuntu aba wenyine.
Subiza ⇾Igihe Irena Adamu yahise Irena Eva
Nawe uriho kuko wararemwe Hari munsi Imana yashyize kuriyisi NGO akubere umugabo
Tegereza igihe cyayo Kandi uzamubona wishimeeeee
eric Kuwa 06/12/19
Nakugira inama ugatereta nawe.ntawamenya Wenda byashoboka.naho umugabo wo kuri internet why not.erega harigihe bicamo bikaba sawa.bonne chance.erega mujye mumenya ko haraba type bari timide ubasembuye bakubwira nakarimurori.ex njyewe
Subiza ⇾Kuwa 11/12/19
WIMUSHUKA NAGERAGEZE NAYANDIKIRE KU 0727810695 TUGANIRE
Subiza ⇾Antoine Kuwa 15/12/19
Mugangawe wihangayika ndumva igisubizo wakibonye mpamagara0788356364
Subiza ⇾Antoine Kuwa 15/12/19
Mugangawe wihangayika ndumva igisubizo wakibonye mpamagara0788356364
Subiza ⇾Kuwa 15/12/19
Mugangawe wihangayika ndumva igisubizo wakibonye mpamagara0788356364
Subiza ⇾Hategekimana Aimable Kuwa 13/10/20
Niba wanyemerera nazaguhoza ayo marira kdi ntabyirariro ngushyizeho gusa icyo ushaka nticyajya kikugora????????kdi niyo nabona umfasha kukugirinama nkakwegukana nazamwitura kbsa !!!!!mpamagara kuri 0786287613
Subiza ⇾Hategekimana Aimable Kuwa 13/10/20
Niba wanyemerera nazaguhoza ayo marira kdi ntabyirariro ngushyizeho gusa icyo ushaka nticyajya kikugora????????kdi niyo nabona umfasha kukugirinama nkakwegukana nazamwitura kbsa !!!!!mpamagara kuri 0786287613
Subiza ⇾Hategekimana Aimable Kuwa 13/10/20
Niba wanyemerera nazaguhoza ayo marira kdi ntabyirariro ngushyizeho gusa icyo ushaka nticyajya kikugora????????kdi niyo nabona umfasha kukugirinama nkakwegukana nazamwitura kbsa !!!!!mpamagara kuri 0786287613
Subiza ⇾Kuwa 03/01/21
Njye nagufasha 0784223524
Subiza ⇾becker Podolski Kuwa 11/01/21
Jewe kabisa nduvamva nisawa naje ndashaka uwodukundana nimba ashaka uwobakundana boshobora kubakana vrmt ndahari nanje ndamushaka ndamukeneye nandondere kuri 260970780399 or 0968509870 ok
Subiza ⇾j claude Kuwa 02/02/21
..fata email yanjye [email protected]
Subiza ⇾Tanga igitekerezo