Umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports uzwi ku izina rya Rwarutabura, avuga ko barimo kondora Sugira Ernest iyi kipe yatijwe na mukeba wayo, APR FC.
Uyu mufana usigaye atuye mu gace ka Nyabyondo, mu Kagari ka Rutonde mu Murenge wa Shyorongi, Akarere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru akomeza avuga ko Sugira agiye gukora ibitangaza muri iyi kipe ya Rayon Sports nyuma y’aho atsindiye Gasogi FC ya KNC.
Umva ikiganiro yagiranye na Bwiza TV ubwo yamusangaga muri iki cyaro asigaye atuyemo n’umuryango we.
Isangize abandi
Tanga igitekerezo