Umukobwa wari mu birori byo gusoza amasomo ye muri Kaminuza "St Lawrence University (SLAU)" yagaragaye yicaye imbere ya gafotozi atitaye ku bice bye by’ibanga byagaragaraga.
Mu kinyarwanda baca umugani ngo uwicaye nabi ababaza imbere ye, ikinyamakuru campusbee.ug gitangaza ko iyo foto yahanahanwe n’ab’igitsina gabo cyane ndetse banayivugaho byinshi birimo no kugaragaza ko bifuza kumenyana n’uyu mukobwa.
Uyu mukobwa utatangajwe amazina, hamwe agaragara afotorwa ari kumwe n’abandi baganiraga, we arangariye muri telefoni ye, ariko ahandi akaba yari ahanze amaso gafotozi, bivuze ko bitamutunguye.
Yari mu biganiro na bagenzi be bari mu birori byo gusoza amasomo byabaye mu mpera z’icyumwru gishize, iki kinyamakuru kigatangaza ko bitazwi niba uyu mukobwa yari agamije kwisanzura mu byishimo yari yatewe no gusoza amasomo cyangwa niba kwari ugushaka gukurura abagabo.
Ni kenshi abakobwa bo muri Uganda biyambika ubusa bagashyira ku mbuga nkoranyambaga, bakavugwa cyane ariko nyuma bikabaviramo kumenyekana cyane n’ubwo iki gihugu gifite amategeko ahana ibi bikorwa.
9 Ibitekerezo
HITAMUNGU JEAN DAMASCENE Kuwa 11/12/19
NTAKO ATAGIZE NGO ATERE ABANTU UMWAKU! AZASUBUBIRE KWIGA IKINYABUPFURA N’UBUMUNTU
Subiza ⇾nyiransabimana Kuwa 14/06/20
Ibintibikwiye ko umwana wumukobwa yakwicara gutya
Subiza ⇾Twagira augu Kuwa 09/03/21
niho isi yanone igeze
Subiza ⇾byago etiene Kuwa 19/03/21
Akatagaragaye ntikabona umuguzi mumureke aratanditse
Subiza ⇾valentin hasaba Kuwa 10/07/21
Nonese,uwo mukobwa ko yerekanye ibice bye byibanga, ariko mwebwe mukabimuhishira kandi natwe twashakaga kureba neza nkuko nyirabyo yabishyize ahabona?
Subiza ⇾claude gatunda Kuwa 11/07/21
Nukuri mwakoze nabi kumuhishira Kandi atihaye akabanga
Subiza ⇾Kuwa 13/07/21
Mwamuretse akagaragara murahisha iki nyirubwite atahishe
Subiza ⇾ZIGWELE MPATA Kuwa 13/07/21
Mu Ishuri uyu mukobwa yakurikiye iyihe Faculty? azige na Discipline. Ariko ko agahishe gatera amatsiko, ni kuki yiyandarika aka kageni
Subiza ⇾shame, ngo ni Democratie ra cyangwa Uburenganzira niko basigaye bavuga.
Icyaha cyazanywe na Eve (Femme) ubu turi kukizira uzarimbura Is n’ubundi ni Femme). Erega nta muntu ushobora ku kwifuza wambaye ubusa! Umugabo yifuza umugore ariko yambaye neza yikwije.
singirankabo Theogene Kuwa 04/08/21
Ufite ibyo yamamaza aramamaza uriya mukobwa afite impamvu
Subiza ⇾Tanga igitekerezo