Luka 22:62
� Petero asohoka hanze, ararira cyane.�
Petero n�abigishwa bari biteguye Umwami wari kubakura mu ikandamizwa rya politiki y�Abaroma ndetse n�uburyarya bw�Abafarisayo.
Abanditsi bari barigishije abantu ukuza kw�uyu Mesiya wari utegerejwe igihe kinini. Abantu bose bumvaga kimwe. Yari umutware wagombaga kurokora abantu ba Isiraeli.
Ariko ubwo Yesu yahishuraga umugambi we wo gupfira ku musaraba, Petero yaramwihakanye. Ntabwo yari amahitamo. Ibi ntabwo byari bingana n�igisobanuro cya Mesiya kuri Petero. Ariko nyuma y�uko Petero yihakanye Umwami, byaramuriye, ubwoba bwo kurambirwa bwagize ingaruka ku mitekerereze ye maze yihakana Umwami.
Nk�umupira wuzuyemo umwuka, iyo ujombwe urushinge ntabwo ushobora kugera aho wagombaga kugera.
Iyo turambiwe, turababara maze tugafata imyanzuro mibi. Uhuye n�iki kibazo utashobora kwirinda, ugomba kwibuka ko Imana ikuvanaho ibikomere n�agahinda. Umubabaro wawe ukawuririraho.
� Imana ikora umurimo wayo mwiza mu buzima bw�abakomeretse�
Umukozi w�Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y�ivugabutumwa yise � Nibintije Evangelical Ministries� asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry�Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n�iki.
Imana igihe umugisha�!
Umukozi w�Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y�ivugabutumwa yise � Nibintije Evangelical Ministries� asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry�Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n�iki.
Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123266034(WhatsApp)
Twitter: @ivugabutumwa
Facebook: Nibintije Evangelical Ministries International
Tanga igitekerezo