• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
    Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Kuki umugore utwite agomba kurya i Papayi? Abasabitswe n'impatwe nabo birabareba

ubuzima

Kuki umugore utwite agomba kurya i Papayi? Abasabitswe n’impatwe nabo birabareba

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 07/07/2023 11:37

Abantu batandukanye bategetswe kurya imbuto mu rwego rwo kurushahaho kwinjiza intungamubiri by’umwihariko iyo bigeze ku mugore utwite biba akarusho kuko we biba bimufasha ariko bikanafasha umwana uri munda.

Ku mugore utwite ,ipapayi ifite akamaro kanini cyane karimo ko ikungahaye ku ntungamubiri umubiri we ukenera ,aha twavuga nka A,B na C ukongeraho umunyungugu wa potasiyumu na Beta Carotene ,ibi byose bikaba ari ingenzi ku mugore utwite no ku buzima bw’umwana atwite.

Nanone amavitamini dusanga mu rubuto rw’ipapayi atuma abasirikari b’umubiri bagira imbaraga bityo ntazahazwe n’uburwayi bwa hato na hato. Ibinyabutabire bya Antioxidant dusanga mu rubuto rw’ipapayi bifasha mu kuburizamo ibindi binyabutabire bizwi nka free radicals bishobora gutera uburwayi Kurya ipapayi bishobora gufasha umuntu ufite uburwayi bwa diyabete ,indwara y’umwijima nizindi kandi bishobora no kuturinda izi ndwara.

Kuba ipapayi rikubiyemo ibinyabutabire bya free radicals byongera ibyago byo kwibasirwa n’indwara ya kanseri ndetse n’indwara ya Alzheimer ,kurya ipapayi rero bigabanya ibi byago ku kigero kinini.
.
Kurya ipapayi nk’uko twabigarutseho, bifite akamaro kanini ariko muri utwo harimo akamaro k’ingenzi karimo no kurinda uburwayi butandukanye.Muri utwo harimo n’izi zikurikira.

1.Kugabanya ibyago byo kwibasirwa na kanseri
Ikinyabutabire cya lycopene dusanga mu rubuto rw’ipapayi nicyo kigira uruhare runini mu kuturinda indwara ya kanseri.

no ku bantu basanzwe bafite ubu burwayi kurya ipapayi bibarinda kuzahazwa na kanseri ndetse bikanatinza kuba iyi ndwara yabahitana .

Ubushakashatsi butandukanye bwagiye bukorwa ku ipapayi bwagaragaje ko ishobora kugabanya ibyago byo kwibasirwa na kanseri cyane cyane kanseri y’ibere ndetse ikanagabanya umuvuduko wa kanseri.

2.Gutuma umutima ukora neza
Kurya ipapayi bituma umutima ukora neza ,ibi bigaterwa na Vitamini C ndetse n’ikinyabutabire cya lycopene dusanga mu rubuto rw’ipapayi.

ubushakashatsi bwakorewe ku bantu barya ipapayi mu gihe kingana n’ibyumweru 14 bwagaragaje ko byabafashije kugabanya ibyago byo kwibasirwa n’indwara z’umutima ku kigero kinini cyane .

4.Guhangana n’ibibazo bya inflamamtion
Inflammation ushobora kuyifata nko kubyimbirwa cyangwa ubwivumbure bw’umubiri ,ariko muri rusange kurya ipapayi bishobora ku kuvura ubu burwayi.

ibinyabutabire bya carotenoids dusanga mu ipapayi ari nabyo bibyara vitamini A nibyo bigira uruhare runini mu kuvura ikibazo cya inflammation.

5.Gutuma igogora rigenda neza
Kurya ipapayi bituma igogora ryibyo wariye rugenda neza ndetse bikaba byanakuvura ikibazo cy’uburwayi bw’impatwe.

hari inyigo yagaragaje ko kurya ipapayi mu gihe cy’iminsi 40 ikurikiranye byakuvura ikibazo cy’uburwayi bwa constipation idakira .ndetse bikanakuvura kwa kundi umuntu abyimba mu nda umwuka ukuzuranamo.

Izindi Nkuru Bijyanye


Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?
Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?
Sobanukirwa byinshi ku ndwara y'ifumbi y'amenyo n'biyitera!Ese wayirinda gute?
Sobanukirwa byinshi ku ndwara y’ifumbi y’amenyo n’biyitera!Ese wayirinda gute?
Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo
Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Izindi wasoma

Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Hari umuti wagufasha kuva ku nzoga, itabi ndetse nibindi biyobyabwenge kandi burundu?

Sobanukirwa byinshi ku ndwara y’ifumbi y’amenyo n’biyitera!Ese wayirinda gute?

Ikibazo cyo kurangiza vuba: Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye

Gusenga biri mu bintu bifasha umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe-Ubushakashatsi

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw'abo ruhiga
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
26/09/23 17:04
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
26/09/23 16:39
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubutabera

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cy’inzererezi cya Tongati mu (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.