• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
    Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
    Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
    Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
    CAF yakubise Rayon Sports ahababaza
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Mali, Burkina Faso na Niger byagiranye amasezerano yo gutabarana

umutekano

Mali, Burkina Faso na Niger byagiranye amasezerano yo gutabarana

Yanditswe na TUYIZERE JD
Yanditswe kuwa 17/09/2023 07:25

Mali, Burkina Faso na Niger biyobowe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi byagiranye amasezerano y’ubufatanye bwahawe izina rya Liptako-Gourma yo gutabarana mu gihe haba hari igihugu kimwe muri byo cyaterwa.

Aya masezerano yashyizwemo umukono kuri uyu wa 16 Nzeri 2023, akaba avugwamo kandi ubufatanye mu kurwanya ibikorwa by’iterabwoba bihungabanya umutekano w’akarere ka Sahel.

Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Colonel Assimi Goïta, yemeje isinywa ry’aya masezerano, agira ati: “Uyu munsi nasinye amasezerano ya Liptako-Gourma n’Umukuru wa Burkina Faso n’uwa Niger atangiza ubufatanye bwa Leta za Sahel, agamije gushyiraho uburinzi buhuriweho n’uburyo bwo gufashanya.”

Igika kimwe kiri muri aya masezerano Al Jazeera ivuga ko yabonye kiragira kiti: “Igitero ku busugire no ku butaka ku ruhande cyangwa impande zirenze rumwe zasinye ku masezerano kizafatwa nk’ubushotoranyi ku mpande zose.”

Minisitiri w’ingabo wa Mali, Abdoulaye Diop, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru yasobanuye ko ubu bufatanye butazagarukira mu gisirikare gusa, ahubwo ko buzabaho no mu rwego rw’ubukungu.

Aya masezerano ashyizweho umukono mu gihe abasirikare ba Niger bahiritse ubutegetsi bwa Mohamed Bazoum muri Nyakanga 2023 bakomeje gushyirwaho igitutu ngo bamusubizeho. Umuryango ECOWAS wo wari warateguje ko uzamusubizaho ukoresheje imbaraga z’igisirikare.

Colonel Assimi Goïta ubwo yasinyaga kuri aya masezerano

Izindi Nkuru Bijyanye


M23 iravugwaho kongera gusatira Goma
M23 iravugwaho kongera gusatira Goma
Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara
Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara
Gen. Chaligonza yabujije Abanyekongo kunenga FARDC
Gen. Chaligonza yabujije Abanyekongo kunenga FARDC

Izindi wasoma

M23 iravugwaho kongera gusatira Goma

Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara

Gen. Chaligonza yabujije Abanyekongo kunenga FARDC

Abasirikare b’u Burundi barasaniye n’Imbonerakure ku ruzi rwa Rusizi barafunzwe

Leta y’u Burusiya ni yo iyobora ibikorwa bya Wagner muri CAR nyuma y’urupfu rwa Prigozhin

TUYIZERE JD
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
26/09/23 12:12
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
26/09/23 12:09
Bebe Cool na Jose Chameleone biyemeje guhangana inkundura
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
26/09/23 10:04
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
26/09/23 10:00
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Amakuru

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

Ingabo zidasanzwe za Ukraine zavuze ko umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya zikoresha amato (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe

Umujyi wa Kigali utangaza ko mu minsi iri imbere imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili

Inteko ya gisirikare iyoboye igihugu muri Mali kuri uyu wa Mbere yavuze ko amatora ya perezida (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.