• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
    Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
    Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
    Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
    Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
    Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
    Rayon Sports mu ntambara na FERWAFA, Umujyi wa Kigali na Urid Technologies
    Ibihugu 3 bituranye n’u Rwanda byahawe kwakira CAN 2027
    Perezida wa Rayon Sports yemeje ko hari aba-Rayon bari kuyigambanira ngo izatsindwe na Al Hilal
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Ubuhamya bwa Dr Nikolae Minovici wiyahuye inshuro 12 ari mu bushakashatsi

ibyegeranyo

Ubuhamya bwa Dr Nikolae Minovici wiyahuye inshuro 12 ari mu bushakashatsi

Yanditswe na TUYIZERE JD
Yanditswe kuwa 17/01/2023 11:14

Dr Nikolae Minovici yavukiye mu muryango w�umuganga witwaga Stephan Minovic muri Romania tariki ya 23 Ukwakira 1868, akaba yari nyandwi (umwana wa karindwi) iwabo.

Agaragara mu nyandiko zitandukanye nk�umwe mu baganga baranzwe n�udushya mu gihe bari bakiri ku Isi, kuko we yiyahuye inshuro 12 arimo gukora ubushakashatsi, aho yari ashaka kumenya uko iki gikorwa kigenda ndetse n�ingaruka zacyo ku muntu ukirokotse.

Urubuga Historia rwo muri Romania rusobanura ko bitandukanye n�abavandimwe be, Nikolae yabanje kwiga ibijyanye n�ubugeni mu ishuri rikuru rya Belle-Arte mu 1861 nyuma yo kurangiza amasomo mu mashuri yisumbuye.

Mu gihe yakoraga akazi k�ubugeni, yanigaga amasomo y�ubuvuzi, akaba yarahawe impamyabumenyi ya kaminuza muri iri shami mu mwaka w�1898, kuva mu mwaka wakurikiyeho kugeza mu 1901, akomereza amasomo i Berlin mu Budage ndetse akorera muri Institute of Pathological Anatomy no mu bitaro bya Moabit, nyuma asubira muri Romania.

Ubushakashatsi bwo kwiyahura

Mu 1904 yasohoye igitabo cy�impapuro 200 cy�ubushakashatsi yikoreyeho bwo kwiyahura, acyita ’Studiu asupra Sp�nzur?rii’ (Ubushakashatsi ku Kwiyahura). Mu ndimi ebyiri cyasohotsemo (Ikiromani n�Igifaransa) yasobanuye uburyo yashyize ingoyi mu ijosi rye inshuro 12, ashaka kumenya uko bimera, kugira ngo azabe umutangabuhamya wabyo.

Ku nshuro ya mbere, yagerageje kwishyira mu mugozi aryamye ku gitanda. Nk�uko yabisobanuye muri iki gitabo, ngo ntibyamuguye neza kuko yumvise umubiri we usa n�ufashwe n�umuriro w�amashanyarazi. Ati: �Numvise ari nk�umuriro w�amashanyarazi mwinshi kandi buri kimwe kirangiye. Natakaje uburyo bwo gutekereza.�

Ku yindi nshuro, Dr Nikolae yamanitse umugozi hejuru muri metero ebyiri, awambara mu ijosi, awumaramo amasegonda 5 ariko ahagarikiwe n�abakozi bagombaga kumutabara. Ati: �Amaso yanjye yarifunze, nk�aho byakozwe n�imbaraga zitagaragara. Numvise inzira y�umwuka yifuza, numva amatwi arimo gucika, ikibi gisakuza. Ntabwo nongeye kumva ijwi ry�abakozi bankura mu mugozi.�

Ku nshuro ya 12 yiyahura, uyu muganga yabikoze amasegonda 4 ariko amaguru asa n�akora hasi. Ubwo yahise aha abakozi bari bamuhagarikiye ikimenyetso cy�uko bamutabara. Yasobanuye ko byamugizeho ingaruka zo kuribwa mu muhogo mu mezi ane.

Muri rusange, ingaruka zageze kuri Dr Nikolae mu gihe yiyahuraga harimo kutabona neza, guhinduka kw�ibara ry�uruhu, kumva ubuduha mu matwi ndetse no kubabara mu muhogo ku buryo byageze aho kugira ngo agire icyo yinjiza mu mubiri giciye mu kanwa, yaribwaga.

Dr Nikolae yanditse izina muri Romania, kuko yaje no gushinga ikigo gifata ibipimo bikoreshwa mu butabera, Institute of Forensic Medicine, mu 1926 aba Meya wa Segiteri ya III Blue muri Bucharest, anashyirwa ku mwanya wa Meya wa B?neasa bidasabye ko haba amatora.

Yapfuye tariki ya 26 Kamena 1941 azize kanseri yo mu muhogo. Radio Rom�nia Interna?ional ivuga ko yari amaze imyaka 5 ahaye Leta imitungo ye irimo inzu, isambu n�iguriro ry�ibikoresho bye by�ubugeni. Indi yayihaye imiryango yitaga ku bana batawe n�ababyeyi ndetse n�imfubyi.

Izindi Nkuru Bijyanye


Ibigwi by'abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Abantu 10 ba mbere bagize uruhare mu guhindura amateka y�Isi mu kinyejana cya 20
Intwaro kabuhariwe kandi ziteye ubwoba zitunzwe n�’Igisirikare cy’u Rwanda

Izindi wasoma

Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko

Ibihugu bya Sudani n’u Burundi imbere ku rutonde rw’ibimaze kubamo coup d’etat nyinshi

Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023

Urutonde rwa Coup d’etat ziheruka gukorwa muri Afurika y’iburengerazuba no hagati

Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo

TUYIZERE JD
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye

Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
29/09/23 19:01
CAF Champions league: APR FC yasezerewe yandagajwe na Pyramids FC
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
29/09/23 14:00
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
29/09/23 13:24
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
29/09/23 12:01
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Amakuru

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubukungu

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo

Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe

Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.