• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
    Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

Ibitekerezo

Umubano w�u Rwanda n�amahanga muri Covid -19 uhagaze ute?

Yanditswe na Ildephonse Dusabimana
Yanditswe kuwa 22/07/2020 08:59

Umubano mpuzamahanga, ubufatanye n�ubutwererane ni imwe mu nkingi Guverinoma z�ibihugu ziba zubakiyeho. U Rwanda narwo rushyira ingufu mu guteza imbere uru rwego, kimwe n�izindi mfuruka z�ubuzima, icyorezo cya Korona Virusi cyageze no mu mibanire y�u Rwanda n�ibindi bihugu, kabone n’ubwo uburyo bwo gukemura ibibazo byagiye bigaragaramo byagiye byihutishwa.

Kuva mu ntangiro z�umwaka 2020, u Rwanda rwari rwiteze byinshi mu mubano mpuzamahanga. Muri byo harimo ishyirwa mu bikorwa y�amasezerano ya Luanda hagati ya Guverinoma y�u Rwanda na Leta ya Uganda. Kandi rwari rwiteze kwakira inama nkuru y�umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw�Icyongereza (CHOGM). Umubano w�u Rwanda n�ibihugu bituranyi nawo, rwashyize ingufu mu biganiro bihuza impande zombi ari nabyo byagiye bifasha mu gukemura bimwe mu bibazo byagendaga bigaragara.

Inshamake zigaragaza uko umubano mpuzamahanga ku Rwanda uhagaze

Kuva kuya 13 Werurwe Leta y� Rwanda itangaje ko umuntu wa mbere wanduye Korono Virusi [Umuhinde wageze mu Rwanda tariki 8 Werurwe 2020], habayeho kunyura muri byinshi byasabaga gufata ingamba zikomeye. Mu bubanyi n�amahanga byahuriranye n�impinduka zari zimaze igihe gito zikozwe, aho uwari Minisitiri w�ububanyi n�amahanga n�ubutwererane Dr. Richard Sezibera yasimbujwe Dr. Vincet Biruta, naho uwari Umunyamabanga wa leta ushinzwe umuryango wa Afurika y�Iburasirazuba (EAC) Olivier Nduhungirehe yasimbujwe mu minsi mike ishize.

Bimwe mu bikorwa by�ingenzi byaranze iki gihe cya Korona Virusi

U Rwanda na Uganda

Uganda yatangiye kurekura Abanyarwanda bari bafunzwe ku buryo butemewe n�amategeko. Aha Abanyarwanda bamaze gufungurwa Abarenga 138 nkuko imibare iheruka ibigaragaza. Uyu mubare umaze gufungurwa mu byiciro bitatu. ni umwe mu myanzuro yari igize amasezerano ya Luanda yasinywe kuwa 21 Kanama 2019 hagati ya Perezida Paul Kagame na Yoweri Museveni wa Uganda. Aya masezerano yakomeje kugenda adindira nyuma yaho impande zombi zagendaga zitumvikana ku ngingo zimwe na zimwe mu zigize amasezerano.

Mu kiganiro Minisiteri y�Ububanyi n�amahanga y� u Rwanda yagiranye n�itangazamakuru yavuze ko nubwo Uganda irimo gufungura bamwe mu banyarwanda yari ifunze, igomba kongeramo imbaraga kuko muri Uganda hakiri abanyarwanda benshi bahohoterwa.

U Rwanda n�Uburundi

Uburundi n�Urwanda byagiye bigirana ibibazo mu myaka yashize ibi byaturukaga ku bitero byagabwaga mu Majyepfo y� u Rwanda biturutse ku mipaka y�iki gihugu. Aho leta zombi zashinjanyaga kugira uruhare mu guteza umutekano muke muri ibi bihugu.

Tariki ya 8 Kamena 2020 nibwo inkuru y�urupfu rw�uwari Perezida w�u Burundi Pierre Nkurunziza yamenyekanye. Iki gihe Perezida Kagame yasabye ko ibendera ryururutswa mu rwego rwo guha icyubahiro Nkurunziza wari umuze kwitaba Imana. Mu kiganiro Perezida Kagame aheruka kugirana n�abakoresha urubuga rwa Instagram yavuze ko yiteguye gukorana na Perezida mushya w�uburundi [Evariste Ndayishmiye] mu kunoza umubano w�ibihugu byombi.

U Rwanda na DRC

Umubano w�Urwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo muri ibi bihe, wagiye ugaragaza gutera imbere cyane ni nyuma yaho Perezida Felix Tshisekedi atorewe kuyobora iki gihugu. Muri Kamena uyu Mwaka, Vincent Karega yashyikirije perezida Tshisekedi inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu z�u Rwanda muri DRC [Ambasaderi]. Ibi byakurikiwe n�igikorwa cyabaye kuya 18 Nyakanga , ubwo Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yashyikirizaga u Rwanda abarwanyi bari bafatiwe mu mirwano y�inyeshyamba n�ingabo za Congo (FARDC).

U Rwanda na Tanzaniya

Tanzaniya muri iki gihe cya Korona Virusi, yagiye igaragaza intege nke mu ngamba zagendaga zifatwa. Ibi bigashimangirwa n�umubare munini w�abasangwagamo Koronavirusi baturutse muri iki gihugu binjiriye ku mupaka wa Rusumo.

Ibi byatumye Leta y� u Rwanda ishyiraho ingamba zirimo n�iguranwa ry�ibinyabiziga, aho umushoferi uvanye imodoka muri Tanzaniya yagombaga kuyiha Umunyarwanda akaba ariwe uyikomezanya we agategereza ku mupaka wa Rusumo . Ibi byateje impaka hagati y�abashoferi bibihugu byombi kugeza tariki ya 2 Gicurasi aho impande zombi zahuriye hamwe mu gushakira umuti iki kibazo.

U Rwanda kandi , mu gihe ibihugu byinshi byari muri gahunda ya Guma Murugo n�ingedo mpuzamahana zarahagaze. Abanyarwanda bari baraheze mu mahanga bitewe n�uburyo bwo kubura indege z�ibatwara, Leta yabashyiriyeho uburyo bwo kwihuza bakaboherereza indege aho bihurije. Mu burayi na Amerika byasabye abari baraheze muri iki gice guhurira mu Bubiligi aho bagombaga guhurira n�indege ya Rwandair yagombaga kubazana.

Amasezerano mpuzamahanga, muri ibi bihe Urwanda rwasinye amasezerano y�ubufatanye hagati n�igisirikare cya Amerika (US Army) , ni amasezerano yasinwe na Dr.Vincet Biruta ( Minisitiri w�ububanyi n�amahanga ) ku ruhande rw�u Rwanda na Peter Vrooman (Ambasaderi) ku ruhande rwa Amerika.

Kugeza ubu umubano w’u Rwanda umuntu yavuga ko uhagaze neza uhereye kubyavuzweharuguru n’ibyabaye nk’idindira ry’imishinga n’amasezerano biri rusange, icyorezo cya Covid19 cyageze ku nguni zose kandi ku bihugu byose, aho kugeza ubu mu Rwanda honyine abamaze kwandura Covid-19 baragera kuri 1,629. Muri bo 838 bamaze gukira naho 5 imaze kubahitana.[imibare iheruka.

Izindi Nkuru Bijyanye


Minisitiri w'ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w'abarokore
Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha

Izindi wasoma

Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha

Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali

Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?

Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore

Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?

Ildephonse Dusabimana
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw'abo ruhiga
U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
26/09/23 17:04
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
26/09/23 16:39
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubutabera

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cy’inzererezi cya Tongati mu (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.