Umugore wamenyekanye nka Nomcebo Tshabalala avuga ko yahisemo kugura igikinisho kimeze nk’igitsina cy’umugabo yise Mugisha (Blessing) ngo ajye acyifashisha kuko yari arambiwe kwirirwa yirukanka ku bagabo.
Nomcebo yanyarukiye kuri Facebook avuga icyamuteye kugura icyo gikinisho we yise ko ari umugisha. Yagize ati " Nari ndambiwe kwiruka ku gitsina cy’abagabo. Nahise nishakira ubwanjye Mugisha."
Uyu mugore ntiyavuze uko kwiruka ku bagabo bimugoye ndetse n’impamvu yahisemo kwita izina Mugisha.
Kurikira ibiganiro n�amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Isangize abandi
3 Ibitekerezo
Iruhiriye pacific Kuwa 05/07/23
Bwiza terimbere
Subiza ⇾byiringiro augustin Kuwa 12/07/23
oh! mbabajwe nuwomusekirite wishe umukunzi,iyaza kwiyica akareka uwomukunzi,ariko nanone baravugaga ngo birajana
Subiza ⇾jesca ngwinurore Kuwa 25/07/23
nibyorwose ikigo gifite abarimubabi kigomba kuba cyakoresha amarobo bitaribyo abanyeshuri baba nkabo .dore ko bavuga ngo uwibahetse ababwira urimumugongo
Subiza ⇾Tanga igitekerezo