Hari abantu benshi, usanga hari ibiribwa barya ugasanga bagize ikibazo mu gifu kandi mu by’ukuri mu gihe batabiriye usanga kiri gukora neza.
Impuguke mu buvuzi bw’indwara zo munda usanga batanga inama ku bantu barware igifu , kutarya cyangwa bakagabanya bimwe mu byo barya cyangwa se bakabigabanya kuko bigira uruhare mu guhungabanya indwara y’igifu.
Ikinyamakuru everydayhealth.com, kivuga ko kunywa tangawizi nyinshi, indimu,urusenda rwinshi ndetse na bimwe mu bikoze mu mafarine.
Abaganga bavuga ko , igifu iyo cyangiritse usanga kivaho ubwoya hanyuma hagasigaraho udusebe bityo umuntu agatangira kuribwa.
Uretse ibi biribwa umuntu birimo acide umuntu urwaye igifu akwiye kwirinda, agomba no kugabanya ibiryo bibyibushya birimo chocolate n’ibindi.
Ikindi akirinda inzoga n’itabi utibagiwe n’ikawa nyinshi kuko bicyangiza.
Ikindi kitakwirengagizwa n’uko hari mikorobe yitwa”Helcobacter pillory”,iyi iboneka mu biryo tuba twariye ndetse no mumazi tunywa yanduye, nayo igira uruhare mu kwangiza igifu.
Izindi mpamvu ishobora gutera igifu ni ikoreshwa ry’imwe mu miti izwiho kwangiza igifu nka’ anti-inflamatoires urugero ni nk’umuti wa Ubiprofene, aspirine ikoreshejwe mu buryo buhoraho, kunywa ndetse n’umuti witwa Defal.
2 Ibitekerezo
sinaruhamagaye Faustin Kuwa 04/05/23
Inkuru zanyu ni nziza, ariko harebwe uburyo mwagabanya kwandika interuro zifutamye; zipfuye mu isanisha. Muzirikana ko ibyandikwa byanyu bisomwa n’isi yose.
Subiza ⇾TURINUMUGISHA DAVID Kuwa 08/12/23
Indwara yigifu ni indwara izengereza abantu benshi cyane,iyo noneho kirimo kukurya ubura amifato,ukabura uko Ugira, Nari maranye igifu imyaka itatu Narabuze neza neza uko nakira, nagiraga ibimenyetso birimo ikirungurira, gutura imibu byahato nahato, rimwe narimwe nkaruka, ntabwo nabashaga kurya umuceri na kawunga, igihe kimwe Rero naje Guhura Numusore wampaye imiti nayifashe iminsi 90, ubu narakize meze neza cyane, ubaye ukeneye Nimero ze ( 0728847798)
Murakoze!
Subiza ⇾Tanga igitekerezo