Ikinyamakuru cyandikira kitwa Zambia Observer.com, cyanditse ko ubushakashatsi bwagaragaje ko gusiga uruhinja amasohoro birufasha gukomera mu buryo bw’igihagararo.
MENDEZ Fernandez, umwe mu nzobere z’abaganga muri Zambia ashimangira ko tumwe mu duce two muri iki gihugu twatangiye gukurikiza umugenzo wo gusohorera ku mpinja zimaze igihe gito zivutse kuko ngo bizifasha gukomera mu buryo bw’umubiri.
Uyu muganga ivuga ko ngo atari ugutuma impinja zikomera gusa, ahubwo ngo binavura igihorihori.Asobanura ko ubusanzwe iyo umugore ibyaye adahita akomeza gukora imibonano n’umugabo kugeza amaze gusubirana ku myanya myibarukiro.
Mu gihe cyo gusubukura imibonano hagati y’umugabo n’umugore, mu gihe cyo gusohora umugabo ashobora kurangiriza mu biganza by’umugore akayasiga uruhunja.Ibi ngo bikorerwa uruhinja ruri hagati y’amezi 3 n’amazi 4.
Yagize ati"Ubundi uyu mugenzo witwa "child strengthening" ugenekereje ni nko gukomeza umwana.Uyu mugenzo ubaho mu gihe habaho imibonano mpuzabitsina umugore agafata uruhinja , umugabo akarusohoreraho ubundi nyina akayakwirakwiza ku mubiri w’umwana hose."
Yongeyeho ko iki gikorwa kiba , kigakorwa na se wanyawe w’umwana ari nayo mpamvu ngo bigomba kuba bizwi neza hagati y’abashakanye hatarabaye gucana inyuma.Biramutse bikozwe n’undi mugabo utari se w’umwana, ngo bishobora gutuma uruhinja rugira uburwayi bwaruganisha no ku rupfu.
MENDEZ Fernandez, avuga ko abaganga bo mu bitaro by’i Rusaka bamubwiye ko bakira abana benshi batakoreweho uwo mugenzo kuruta abawukoreweho.
Tanga igitekerezo