{"id":10003,"date":"2018-04-23T09:32:10","date_gmt":"2018-04-23T09:32:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/23\/nyagatare-mgr-nzakamwita-ashimwa-kuba-yarafashe-iya-mbere-mu-kuhimakaza-ubumwe\/"},"modified":"2018-04-23T09:32:10","modified_gmt":"2018-04-23T09:32:10","slug":"nyagatare-mgr-nzakamwita-ashimwa-kuba-yarafashe-iya-mbere-mu-kuhimakaza-ubumwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003","title":{"rendered":"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Karujumba, umurenge wa Kiyombe ho mu karere ka Nyagatare, bavuga ko Musenyeri Nzakamwita Servilien wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yabakoreye igikorwa cy\u2019indashyikirwa kigaragaza ubumwe n\u2019ubwiyunge, ubwo yabafashirizaga hamwe n\u2019abamwiciye bakubakirwa.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ni inzu 47 Musenyeri Nzakamwita yubakiye abaturage bo mu murenge wa Kiyombe mu 1997 na 1998, afatanyije n\u2019abandi baterankunga, ubwo bamwe bari bahungutse mu gihugu cy\u2019igituranyi n\u2019u Rwanda cya Tanzania, batari bafite aho kuba.<\/p>\n<p> <strong>Mgr Nzakamwita Servilien ni muntu ki?<\/strong> <\/p>\n<p>Mgr Nzakamwita yavukiye mu cyahoze ari Komini Kiyombe, Perefegitura ya Byumba, ubu ni mu Karere ka Nyagatare, ku wa 20 Mata 1943.<\/p>\n<p>Amashuri abanza yayigiye i Kabare, Rushaki na Rwaza guhera mu 1952 kugera 1957. Mu 1958 ajya mu Iseminari Nto yo ku Rwesero; mu 1965 yinjiye Iseminari Nkuru ya Nyakibanda, ahabwa ubupadiri mu 1971, agirwa Musenyeri ku wa 25 Werurwe 1996, ahabwa inkoni y\u2019ubushumba ku ya 2 Kamena 1996.<\/p>\n<p>Mu 1963 igihe yari ku ishuri iwabo barabamenesheje, barabatwikira bahungira muri Uganda ntiyabimenya. Icyo gihe yagiye mu biruhuko ageze ahari iwabo asanga harasenyutse, aza kubaririza, abasanga muri Uganda.<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 1989 nibwo yaje kujya kwiga i Lumen Vitae mu Bubiligi, urugamba rwo kubohora igihugu rwo mu 1990 rwatangira ari ho ari.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019icyumweru kimwe rutangiye ni bwo abavandimwe be barimo mukuru we n\u2019umugore we ndetse na murumuna we bishwe bazira kuba ibyitso by\u2019Inkotanyi, yagarutse mu Rwanda 1991 asanga barishwe, ubu bashyinguye mu rwibutso rwa jenoside ruri muri uyu murenge wa Kiyombe.<\/p>\n<p>Kubera ibikorwa yakoze n\u2019ubu ashimwa n\u2019abaturage n\u2019ubuyobozi, Mgr Nzakamwita yaje kugirwa umurinzi w&#8217;igihango waharaniye kwimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge.<\/p>\n<p> <strong>Ashimwa kwimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge<\/strong> <\/p>\n<p>Nyirahabimana V\u00e9r\u00e8ne, atuye mu mudugudu wa Mushesha muri Karujumba, ni umugore ugaragara nk\u2019uri mu kigero cy\u2019imyaka 50, avuga ko Musenyeri yabafashije cyane, abubakira barabaga mu buzima busharira, bararaga banyagirwa mu nzu z\u2019amahema bita \u2018Burende\u2019, batungurwa n\u2019uko atigeze yihorera ku bamwiciye abo mu muryango.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cNtabwo twari tuzi ko yashobora kutwubakira, mbese haje kubaho jenoside, Musenyeri yicirwa abe, bari batuye mu mudugudu wa Kagorogoro, muri aka kagari ka karujumba, ariko yagiye kubaka arabubakira bose\u201d.<\/p>\n<p>Iki gikorwa Musenyeri yakoze muri aka gace afatanyije n\u2019abandi baterankunga, abaturage bagifata nk\u2019intambwe nziza yateye y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge .<\/p>\n<p>Ati \u201ctwabifashe nk\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge, we ntabwo yatugaragarije umujinya mbese y\u2019uko twamwiciye, we yarihanganye araza arabisibanganya adufata neza kugirango tugumye tubane, abandi icyo babyigiraho bavuga bati \u2018nanjye ngomba kugira umutima wa kimuntu&#8217;, ibintu by\u2019ubwicanyi ibintu by\u2019ubwicanyi bigacika burundu\u201d.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019umudugudu wa Mushesha,\u00a0 Nsengimana Williams, avuga ko kuba hari abantu biciye musenyeri Nzakamwita, agasubira inyuma akabashakira inkunga, byakoze benshi ku mutima.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cByubatse abantu benshi cyane, byarabubatse mu mitima, mbese nta kibazo gihari pe, mbese hari abantu bibazaga bati \u2018ese wakwicira umuntu agasubira inyuma akagira icyo akora? Amaze kugira icyo akora bahise bagira ikintu ku mutima, rwose hari ikintu byatanze,\u2026\u201d.<\/p>\n<p>Aba baturage bakomeza bashimangira ko Musenyeri yakoze ibikorwa bitandukanye byimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge, birimo no kurihirira amashuri abana bavuka ku babyeyi bamwiciye n\u2019ibindi bitandukanye, nk\u2019uko bishimangirwa n\u2019umuyobozi w\u2019akagari ka Karujumba, Ndungutse F\u00e9licien.<\/p>\n<p>Agira ati \u201c Ni umuntu ukunda abantu, ukunda ibintu byatuma Abanyarwanda bazamuka ndetse bagakomeza no kugira ubumwe, kuko hari ibikorwa byinshi yagiye akora, muri uyu murenge yagiye akora ibikorwa byinshi, hano muri uyu murenge wa Kiyombe, ni binshi yubakiye muri aka kagari, atitaye ngo iyi ni miryango yanyiciye imiryango\u201d.<\/p>\n<p> <strong>Igitekerezo cyo kububakira cyavuye ku Mana<\/strong> <\/p>\n<p>Musenyeri Nzakamwira Servilien avuga ko ubwo bafataga icyemezo cyo kubakira aba baturage, bari bagamije kubahuza ubwo bari bavuye mu buhunzi by\u2019umwihariko ko igitekerezo mbere na mbere cyavuye ku Imana.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cIgitekerezo cyavuye ku Mana ntabwo cyavuye ku bantu\u2026, twahimbye igitekerezo cyo kubahuza kugira ngo bose bumve ko abantu babaye impunzi badakwiye kubabazanya ahubwo ko bahozanya ariko tubikora duhereye ku bana babo\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko yagiye afatanya n\u2019abapasiteri, bagafata abana babo bakabahuza, bakabakoresha ingando, bakabaha ibiganiro, bagakina, bagakora ibitaramo n\u2019ibindi, ariko n\u2019ababyeyi babo bakabyitabira.<\/p>\n<p>Avuga ko ubwo abaturage bari bamaze gutinyuka aribwo hakurikiyeho igikorwa cyo kugabana amasambu baranubakirwa.<\/p>\n<p>Ati \u201ctumaze kubamara ubwoba, noneho turababwira duti \u2018umva; mwabaye impunzi none murahungutse muje mu rwanyu reka mufatanye mubane, mugabane amasambu buri wese agire aho atura naho ahinga\u201d.<\/p>\n<p>Musenyeri Nzakamwita avuga ko aba baturage babashakiye amabati, bajya mu mashyamba bashaka ibiti, barabumba ariko bafashanya, ati \u201cbagiye mu mashyamba batema ibiti, barabumba, abana bakabafasha ku manywa bafatanyije n\u2019abapadiri twari twabahaye, nyuma ya saa sita bakaza mu biganiro n\u2019imikino inyuranye\u201d.<\/p>\n<p>Avuga ko igitekerezi mbere na mbere cyavuye ku Mana, nyuma aza kugisangira n\u2019uwari Burugumesitiri wa Komini Kiyombe, Muhizi Aimable, ariko kujya gushaka imfashanyo ni musenyeri wagiye kuzisaba muri karitasi (Cartas) zo mu mahanga.<\/p>\n<p>Avuga ko hubatswe inzu zisaga 2000 muri diyosezi ya Byumba, mu duce dutandukanye turimo Gituza, Ngarama, Bungwe, Rukomo,\u2026 Mu gihe zimwe zatangiye gusaza, abaturage bavuga ko batakongera gutegereza ko azagaruka kuzibasanira nabo ubwabo ko ubu hari abafite ubushobozi bwo kubyikorera.<\/p>\n<figure id=\"attachment_93106\" aria-describedby=\"caption-attachment-93106\" style=\"width: 696px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-93106 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"696\" height=\"392\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-93106\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Zimwe mu nzu abaturage bavuga ko bubakiwe na Mgr Nzakamwita<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_93079\" aria-describedby=\"caption-attachment-93079\" style=\"width: 696px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-93079 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/GT-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"696\" height=\"522\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-93079\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarimakaje ubumwe n&#8217;ubwiyunge IFOTO\/Internet<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_86210\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/0yUNwwrJl2U?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/0yUNwwrJl2U\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Karujumba, umurenge wa Kiyombe ho mu karere ka Nyagatare, bavuga ko Musenyeri Nzakamwita Servilien wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yabakoreye igikorwa cy\u2019indashyikirwa kigaragaza ubumwe n\u2019ubwiyunge, ubwo yabafashirizaga hamwe n\u2019abamwiciye bakubakirwa. Ni inzu 47 Musenyeri Nzakamwita yubakiye abaturage bo mu murenge wa Kiyombe mu 1997 na 1998, afatanyije n\u2019abandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-10003","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Karujumba, umurenge wa Kiyombe ho mu karere ka Nyagatare, bavuga ko Musenyeri Nzakamwita Servilien wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yabakoreye igikorwa cy\u2019indashyikirwa kigaragaza ubumwe n\u2019ubwiyunge, ubwo yabafashirizaga hamwe n\u2019abamwiciye bakubakirwa. Ni inzu 47 Musenyeri Nzakamwita yubakiye abaturage bo mu murenge wa Kiyombe mu 1997 na 1998, afatanyije n\u2019abandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-23T09:32:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge\",\"datePublished\":\"2018-04-23T09:32:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003\"},\"wordCount\":862,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/new\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/04\\\/inzu-1-1024x576.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003\",\"name\":\"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/new\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/04\\\/inzu-1-1024x576.jpg\",\"datePublished\":\"2018-04-23T09:32:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/new\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/04\\\/inzu-1-1024x576.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/new\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/04\\\/inzu-1-1024x576.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10003#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge - BWIZA","og_description":"Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Karujumba, umurenge wa Kiyombe ho mu karere ka Nyagatare, bavuga ko Musenyeri Nzakamwita Servilien wa Diyosezi Gatolika ya Byumba, yabakoreye igikorwa cy\u2019indashyikirwa kigaragaza ubumwe n\u2019ubwiyunge, ubwo yabafashirizaga hamwe n\u2019abamwiciye bakubakirwa. Ni inzu 47 Musenyeri Nzakamwita yubakiye abaturage bo mu murenge wa Kiyombe mu 1997 na 1998, afatanyije n\u2019abandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-23T09:32:10+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge","datePublished":"2018-04-23T09:32:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003"},"wordCount":862,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003","name":"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg","datePublished":"2018-04-23T09:32:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10003"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/new\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/inzu-1-1024x576.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10003#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyagatare: Mgr Nzakamwita ashimwa kuba yarafashe iya mbere mu kuhimakaza ubumwe n\u2019ubwiyunge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10003","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10003"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10003\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10003"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10003"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10003"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}