{"id":10004,"date":"2018-04-23T09:19:53","date_gmt":"2018-04-23T09:19:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/23\/dore-ibanga-ryatuma-abanzi-bawe-bagukunda-93096\/"},"modified":"2025-07-09T15:40:01","modified_gmt":"2025-07-09T13:40:01","slug":"dore-ibanga-ryatuma-abanzi-bawe-bagukunda-93096","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004","title":{"rendered":"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda"},"content":{"rendered":"<p> <strong>\u201cIyo imigenzereze y\u2019umuntu inezeza Uwiteka atuma n\u2019abanzi be buzura na we\u201d-Imigani 16:7<\/strong><br \/>\nEse umuntu w\u2019 Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n\u2019 umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w\u2019 umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36).<br \/>\nUbundi abanzi tugira ni abadayimoni na Satani ariko hari abahisemo kuba ibikoresho bibi bya Satani nk\u2019uko umuntu akoreshwa n\u2019 Imana niko n\u2019abakorera satani nabo bahari. Yesu arangije aduha itegeko ryo gukunda umwanzi. Ati: \u201cNasonza umugaburire kandi umuhe icyo anywa kandi nutababarira na so wo mu ijuru ntazakubabarira\u201d.<br \/>\nIkibazo si abakwanga, bakubeshyera, bagukorera ibibi ahubwo wowe imigenzereze yawe inezeza Uwiteka? Ibi bisobanuye uburyo wifata muri icyo kigeragezo. Imana niyemera inzira zawe bazagutera baciye mu nzira imwe bahunge baciye mu nzira zirindwi (Gutegeka kwa kabiri 28:7).<br \/>\nAbantu benshi iyo bamenye ko bafite umwanzi aho kugira ngo bikomeze ku Mana ibe mu ruhande rwabo (Abaroma 8:31), bahita bashaka ibihome byo kwikingira, bagashaka uko bakwirwanaho ariko ugasanga nabo bagiye mu bwanzi.<br \/>\nYesu ati: \u201cUtubabarire ibyaha nk\u2019uko natwe tubabarira (Matayo 6:14). Niba wifuza kubabarirwa babarira, iri ni itegeko ry\u2019 Imana, kugirango imigenzereze yawe inezeze Imana.<br \/>\nPetero yabajije Yesu ngo umuntu nacumura nzamubabarire ngeze kangane, Yesu avuga 7X70= 490 kandi buri munsi (hari uwaba yaragukoreye ibyaha 490 buri munsi?) Ariko bibaye byarabayeho saba umutima wo kubabarira ubifashijwemo n\u2019 Imana. Kugirango inzira zawe zinezeze Imana, umwanzi nasonza umugaburire kandi wirinde ikibi cye kukunesha ahubwo unesheshe ikibi icyiza (Abaroma 12:21).<br \/>\nAbantu benshi iyo dusenga turega abandi ibyo badukoreye ariko tutitaye ku makosa yacu. Reka Imana ibanze ikwishimire hanyuma izakuzuza n\u2019 abanzi bawe. Dusenga ngo Mana rwanya abandwanya, ibyo bankoreye ubibasubize ku mutwe, ubereke ko nsenga ayo masengesho ntiyitaho cyane. Ururimi rw\u2019 abantu b\u2019 Imana rukwiye guhesha abandi imigisha (Yeremiya 15:19). Imana yabwiye Salomo ngo kubera ko utansabye ko abanzi bawe bapfa n\u2019 ibindi ndabiguhaye. Iyo niyo nzira izakuzurizamo n\u2019 abanzi bawe, ni inzira yo kubabarira.<br \/>\nYesu niwe rugero rwo kubabarira. Ari ku musaraba yaravuze ngo ubababarire kuko batazi icyo bakora. Stefano apfa nawe yasenze atyo kandi bari kumutera amabuye. Stefano ntiyarebye ko ari bene wabo bayamuteye. Twe turavuga ngo bakankorera ibi ari bene data dusengana? Umwanzi wa mbere azaba uwo nyine kuko Yesu yaravuze ngo uwo duhuriza amaboko ku mbere niwe mugambanyi. Paulo mu bintu byamubabaje ni akaga yatewe na bene wabo b\u2019ibinyoma, ikigeragezo<br \/>\nkiraryana ariko igisunitswe na bene so kirababaza cyane, Isaka yanejeje Imana imwuzuza n\u2019abanzi be (Itangiriro 26:12-28) arabiba asarura ibiruta ibyo abanzi inshuro 100 ariko uzajye ureba icyo baguhora (1 Petro3:13-14). Ntuzahorwe kuba umwicanyi, cyangwa ikibi cyose, cyagwa kazitereyemo ariko umuntu nazira kubaha Imana, ye gukorwa n\u2019 isoni.<br \/>\nNunezeza Uwiteka bazakugarukira Imana izabahata kuza kwikubita imbere yawe (Ibyahishuwe 3:9; 2 Ngoma 17:10). Asa yanejeje uwiteka amwuzuza n\u2019 abanzi. Hari inzira yo kwanga abatwanga twibwira ko itunezeza ikazatugeza mu rupfu (Imigani 14:12), ariko Imana itwishimiye izatwuzuza n\u2019 abanzi nka Yosefu (Itangiriro45:5) Danieli avuye mu ntare abanzi bose baramupfukamiye basenga n\u2019 Imana ye (Daniel 6:1-28) birasaba ikiguzi ariko gitanze Yesu ngo bakwambuye umwitero ubahe n\u2019 umutamana, n\u2019ubwo bigoye tubikore tuzagira imigisha kuko ariko kuri kw\u2019 ijambo ry\u2019 Imana.<br \/>\n <strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\"><br \/>\nK<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\"><br \/>\nanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\"><br \/>\nno kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Desire@agakiza.org<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u201cIyo imigenzereze y\u2019umuntu inezeza Uwiteka atuma n\u2019abanzi be buzura na we\u201d-Imigani 16:7 Ese umuntu w\u2019 Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n\u2019 umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w\u2019 umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36). Ubundi abanzi tugira ni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-10004","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u201cIyo imigenzereze y\u2019umuntu inezeza Uwiteka atuma n\u2019abanzi be buzura na we\u201d-Imigani 16:7 Ese umuntu w\u2019 Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n\u2019 umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w\u2019 umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36). Ubundi abanzi tugira ni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-23T09:19:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T13:40:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda\",\"datePublished\":\"2018-04-23T09:19:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:40:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004\"},\"wordCount\":530,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004\",\"name\":\"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-23T09:19:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:40:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10004#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda - BWIZA","og_description":"\u201cIyo imigenzereze y\u2019umuntu inezeza Uwiteka atuma n\u2019abanzi be buzura na we\u201d-Imigani 16:7 Ese umuntu w\u2019 Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n\u2019 umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w\u2019 umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36). Ubundi abanzi tugira ni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-23T09:19:53+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T13:40:01+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda","datePublished":"2018-04-23T09:19:53+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:40:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004"},"wordCount":530,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10004#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004","name":"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-23T09:19:53+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:40:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10004"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10004#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10004","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10004"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10004\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10004"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10004"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10004"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}