{"id":10069,"date":"2018-04-17T06:10:43","date_gmt":"2018-04-17T06:10:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/17\/abatuye-umujyi-wa-rusizi-bavuga-ko-ukeneye-kuvugururwa-ukagira-inyubako-103446\/"},"modified":"2025-02-05T14:21:05","modified_gmt":"2025-02-05T12:21:05","slug":"abatuye-umujyi-wa-rusizi-bavuga-ko-ukeneye-kuvugururwa-ukagira-inyubako-103446","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069","title":{"rendered":"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo"},"content":{"rendered":"<p>N&#8217;ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k\u2019inyubako \u00a0nyinshi z\u2019ubucuruzi zitakijyanye n\u2019igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z\u2019abaturage ziwurimo.<br \/>\nIkindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice bimwe by\u2019umujyi bigahora mu kizima, n\u2019ahari ntiyitabweho uko bikwiye apfuye ntahite asimburwa,umwanda ukomeje kuhagaragara,aho usanga mu gitondo hari bamwe mu bacuruzi bamena imyanda imbere y\u2019imiryango bakorera mo ngo abakora isuku abe ari bo baza kuyikuraho, abo usanga bacuruza mu kajagari batezamo umwanda n\u2019ibindi.<br \/>\nHabimana Pascal umwe mu bawukoreramo cyane yabwiye Bwiza.com ko inyinshi mu nyubako ziwugize ari iza kera cyane, zitari amagorofa kandi zashegeshwe n\u2019umutingito ku buryo zimwe zishobora no kugwa ku bazikoreramo igihe hagaruka umutingito ukaze,hakaba n\u2019ikibazo gikomeye cyane cyo kuba bamwe mu bacuruzi batabona aho bakorera hazima.<br \/>\nYagize ati &#8220;ni umujyi usigaye uhurirwamo n\u2019abaturutse imihanda yose,ariko usanga ukiri hasi cyane ugereranije n\u2019uko\u00a0 wagombye kuba umeze,nkabona abikorera bawutuye cyangwa bawuvukamo bakwiye ingendo shuri bakareba uko indi mijyi igenda itera imbere,na bo bakagira uruhare rugaragara mu kuwutunganya,kuko ukiwusangamo umwanda hamwe na hamwe, amatara yo ku mihanda adakora,nta busitani umuntu yahumekeramo bugaragara buwurangwamo,n\u2019ibindi byinshi tubona bikwiye gukorwa tukavuga ko dutuye mu mujyi wunganira Kigali koko.\u2019\u2019<br \/>\nMu kiganiro Guverineri w\u2019intara y\u2019i Burengerazuba, Munyantwali Alphonse aherutse kugirana n\u2019abanyamakuru bayikoreramo,yavuze ko iyi ntara ifite amahirwe yo kuba ifite imijyi 2 yunganira umujyi wa Kigali ari yo Rusizi na Rubavu,iri ku mipaka \u00a0\u00a0ku buryo yagombye kugaragaraza ubudasa, ariko ko hakomeje gukorwa ibishoboka byose ngo ise neza,umwanda wakomeje kugaragazwa n\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihugu uyirimo uhashire,ibe imijyi y\u2019icyerekezo.<br \/>\nAti\u2019\u2019 turakora byinshi ngo tuyitunganye akajagari n\u2019umwanda biyishiremo.\u00a0 Hari imihanda ya kaburimbo yatangiye kuyikorwamo, turashaka kuyishyiramo ubusitani bwiza, gutunganya inyubako z\u2019ubucuruzi\u00a0 kugira ngo abacuruzi babone aho bakorera,ziriya zitajyanye n\u2019igihe zikazagenda zivamo buhoro buhoro,ariko kandi n\u2019abaturage bakigishwa gutunganya imijyi yabo bagahora bayisukura.\u2019\u2019<br \/>\nUbwo Minisitiri w\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu Kaboneka Francis aherutse gusura\u00a0 akarere ka Rusizi mu mpera z\u2019umwaka ushize,yabwiye abayobozi bako ko umujyi wa Rusizi ari wo wa mbere ku mwanda ugereranije n\u2019indi mijyi y\u2019igihugu,icyakora mu kiganiro umuyobozi wako Harelimana Fr\u00e9d\u00e9ric aherutse guha abanyamakuru akaba yaravuze ko batangiye kubikosora,mu minsi iri imbere ukazaba usukuye ku rugero rwiza.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_90270\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/igpaFgWPZ98?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/igpaFgWPZ98\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p>Bahuwiyongera Sylvestre\/ Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>N&#8217;ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k\u2019inyubako \u00a0nyinshi z\u2019ubucuruzi zitakijyanye n\u2019igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z\u2019abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[421],"tags":[],"class_list":["post-10069","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubukungu-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"N&#8217;ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k\u2019inyubako \u00a0nyinshi z\u2019ubucuruzi zitakijyanye n\u2019igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z\u2019abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-17T06:10:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-05T12:21:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo\",\"datePublished\":\"2018-04-17T06:10:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:21:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069\"},\"wordCount\":443,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069\",\"name\":\"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-17T06:10:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:21:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10069#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo - BWIZA","og_description":"N&#8217;ubwo Umujyi wa Rusizi washyizwe mu mijyi 6 yunganira umujyi wa Kigali,abawutuye bavuga ko babona hari byinshi bigikeneye gukorwa kugira ngo ube koko umujyi usobanutse,cyane cyane ko ukigaragaramo akajagari k\u2019inyubako \u00a0nyinshi z\u2019ubucuruzi zitakijyanye n\u2019igihe kandi zishaje cyane,na zimwe mu nzu z\u2019abaturage ziwurimo. Ikindi basanga cyakongerwamo imbaraga ni amatara yo ku mihanda, aho usanga adahagije ibice [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-17T06:10:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-05T12:21:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo","datePublished":"2018-04-17T06:10:43+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:21:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069"},"wordCount":443,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10069#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069","name":"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-17T06:10:43+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:21:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10069"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10069#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abatuye Umujyi wa Rusizi bavuga ko ukeneye kuvugururwa ukagira inyubako zijyanye n&#039;icyerekezo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10069","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10069"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10069\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10069"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10069"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10069"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}