{"id":10127,"date":"2018-05-03T14:56:04","date_gmt":"2018-05-03T14:56:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/05\/03\/kabarondo-kuba-hari-abasabwa-gushinjura-ngenzi-bagera-mu-rukiko-bakavuga\/"},"modified":"2025-02-12T14:24:38","modified_gmt":"2025-02-12T12:24:38","slug":"kabarondo-kuba-hari-abasabwa-gushinjura-ngenzi-bagera-mu-rukiko-bakavuga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127","title":{"rendered":"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe urubanza rwa Barahira Tito na Ngenzi Octavien rwongeye gutangira mu bujurire i Paris, abarokotse Jenoside babona ubumwe n\u2019ubwiyunge bushoboka. Ibi babishingira ku kuba hari bamwe mu bahamagazwa gushinjura Ngenzi, nyamara bagera mu rukiko bakavuga ibyo babonye, bakamushinja. Abo barimo abo bakoranye, abavandimwe ndetse na bamwe mu bo yayoboye mu bitero byo kwica Abatutsi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ngenzi Octavien na Barahira Tito, bombi babaye ba Burugumesitiri ba Komini Kabarondo mbere ya\u00a0 1994, ariko Ngenzi niwe wari ukiyiyobora mu gihe Jenoside yakorerwaga Abatutsi yabaga. Ubu urubanza rw\u2019aba bagabo rugeze mu bujurire i Paris, mu gihe muri rw\u2019ibanze bombi bari bakatiwe gufungwa burundu.<\/p>\n<p>Kuba kandi bombi bavuka i Kabarondo ari naho bakoreye ibyaha, ngo imiryango yabo n\u2019iy\u2019abarokotse ibanye neza, kugeza ubwo bamwe mu bahamagazwa kujya kubashinjura mu Bufaransa, bagera mu rukiko bakavuga ibintu uko babibonye.<\/p>\n<p>Umwe mu bagiye gushinja Ngenzi mu 2016, avuga ko yagezeyo yakubitana amaso n\u2019abafitanye isano nawe akagira ubwoba, nyamara ngo ubuhamya bugeze bombi bahuriza mu kumushinja.<\/p>\n<p>Bamwe mu\u00a0 bari bagiye gushinja, harimo abafatwa nk\u2019ababyeyi ba Ngenzi kuko ari bo bamurihiye amashuri. Harimo kandi umuryango w\u2019uwari umwungirije mu kazi, n\u2019imwe mu Nterahamwe yahaga amabwiriza, ubu akaba yararangije igihano cye.<\/p>\n<p> <strong>Ababyeyi:<\/strong>  Umuryango wa Bwana&#8230; na Madamu&#8230;, niwo wasubije Ngenzi mu ishuri ubwo yirukanirwaga kubura amafaranga y\u2019ishuri. Uru ni urugo rwari rwifashije, umugabo yari umukozi wa Leta ariko utari mu ishyaka rya MRND, naho umugore we yari umututsikazi. Nyuma ya 1994 umugabo yaje gufungwa imyaka itanu akekwaho Jenoside, ariko aza kugirwa umwere.<\/p>\n<p>Uyu muryango ni nk\u2019aho ariwo wamureze. Ubwo bombi bahamagazwaga gutanga ubuhamya mu Bufaransa, babwiye urukiko ko Ngenzi yagabye igitero ku rugo rwabo, ari kumwe n\u2019abasirikare ndetse n\u2019Interahamwe, bagasaka inzu yose. Ngo barebaga ko nyir&#8217;urugo nta batutsi yahishe barababura, ikindi ngo bashakaga \u2018umukobwa wo muri urwo rugo wakundaga Inkotanyi cyane, akanacuranga indirimbo za Kayirebwa\u2019, nawe baramubura, ngo yari yaragiye kwa se wabo i Kigali. Uyu muryango ngo wabazimaniye \u00a0inzoga, unabaha amafaranga ibihumbi 20.<\/p>\n<p>Uyu muryango uvuga ko watunguwe no kubona Ngenzi awugabaho igitero kandi waramureze, ariko ukagaruka uvuga ko uburyo yagiye ku butegetsi byamuhinduye. Ngo akimara kuba Burugumesitiri yahise ahindura imyitwarire.<\/p>\n<p>Batangazwa no kuba urugo yari asanzwe agendamo nk\u2019umwana, aruzamo aherekejwe n\u2019abafite intwaro akarusaka. Ngo icyo gihe \u00ab\u00a0amaso ye yari atukuye, imisatsi yikaraze kandi afite uburakari bwinshi\u00a0\u00bb, ku buryo Madamu&#8230; we ngo yatinye no kumureba mu maso. Uyu muryango ufata Ngenzi nk\u2019aho ari we wari umugaba mukuru w\u2019ibitero byagabwe kuri Paruwasi Gatolika ya Kabarondo tariki ya 13 Mata 1994, bigahitana abantu basaga 2000.<\/p>\n<p> <strong>Inshuti<\/strong> \u00a0: Umuryango w\u2019abakoranaga bya hafi na Ngenzi, nawo wagiye gutanga ubuhamya mu Bufaransa mu 2016. Uyu mugabo yari yungirije Ngenzi ku buyobozi bwa Komini Kabarondo (Assistant Bourgmestre), naho umugore we na we yakoreraga Leta.<\/p>\n<p>Uyu mugabo wakoranye na Ngenzi bya hafi, ngo yasobanuye iby\u2019inama yo ku ya 9 Mata 1994, yateguraga ubwicanyi. Ngo bombi bari bayirimo, ariko iyobowe na Ngenzi. Uyu mutangabuhamya, yabwiye urukiko ko we yagumye mu rugo kugeza ahungiye muri Tanzaniya, agahungana n\u2019Abatutsi basaga 15 yari yarahishe. Akomeza agaya Ngenzi utarabashije kurinda abaturage be.<\/p>\n<p>Abatangabuhamya bombi bavuga ko Ngenzi bongeye guhurira mu nkambi ya Benako muri Tanzaniya, agashaka kubambura ba batutsi ngo abice, nyamara uyu muryango ukabahungishiriza ku bazungu ba Croix-Rouge ikabagarura mu Rwanda.<\/p>\n<p>Gusa Madamu&#8230; ukomoka mu gihugu cya Uganda, avuga ko Ngenzi atigeze amureba nabi kubwo guturuka mu gihugu cyaturutsemo Inkotanyi zari zarateye u Rwanda muri icyo gihe, ubu zifite ubutegetsi.<\/p>\n<p> <strong>Interahamwe Kajisho\u00a0<\/strong> : Umwe mu babaye Interahamwe \u00a0bakunze kwita &#8216;Kajisho&#8217;, na we yahamagajwe kujya gushinjura Ngenzi ariko ageze yo ntiyabikozwa. Uyu wari Interahamwe akaza kwica abantu, nyuma akabifungirwa akarangiza igihano, mu rukiko i Paris yagarutse ku ruhare rwa Ngenzi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Kajisho avuga ko Ngenzi yaje muri Segiteri Rubira, aho bombi bavuka, azana imodoka enye zo gutwara abantu bajya gushyingura imirambo y\u2019abiciwe muri Paruwasi ya Kabarondo. Akomeza avuga ko izi modoka zageze kuri CERAI (ishuri ry\u2019imyuga) zikahafata ibitiyo n\u2019amasuka. Ngo bageze kuri Paruwasi, hari bashinzwe guhamba abandi bashingwa guhuhura abari batararekana.<\/p>\n<p>Gusa icyo Kajisho agarukaho, ngo ni ubutumwa bw\u2019urwango bwatangwaga kuri Radio, akavuga ko Ngenzi atari kubasha kwitwara binyuranye n\u2019uko ibukuru bashaka. Kugira ngo yizere ibyo Kajisho avuga, umwunganizi wa Ngenzi, Me Mathe yamubajije niba mu muryango we nta bantu bapfuyemo, Kajisho amusubiza ko bahari, ariko batishwe n\u2019Interahamwe, bishwe n\u2019amasasu y\u2019intambara ubwo Inkotanyi zageraga i Kayonza.<\/p>\n<p>Umwe mu barokokeye muri Pauwasi ya Kabarondo, ahamya ko inzira y\u2019ubwiyunge bayigeze kure, cyane ko ngo abari batuye Segiteri Cyinzovu bashyize hamwe mu gihe cya Jenoside banga kwicana. N&#8217; ikimenyimenyi ku gasozi atuyeho, hafunzwe umuntu umwe rukumbi, na we wakoreye ibyaha ahandi hatari iwabo.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_99505\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/0yUNwwrJl2U?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/0yUNwwrJl2U\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste\/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe urubanza rwa Barahira Tito na Ngenzi Octavien rwongeye gutangira mu bujurire i Paris, abarokotse Jenoside babona ubumwe n\u2019ubwiyunge bushoboka. Ibi babishingira ku kuba hari bamwe mu bahamagazwa gushinjura Ngenzi, nyamara bagera mu rukiko bakavuga ibyo babonye, bakamushinja. Abo barimo abo bakoranye, abavandimwe ndetse na bamwe mu bo yayoboye mu bitero byo kwica Abatutsi. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-10127","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe urubanza rwa Barahira Tito na Ngenzi Octavien rwongeye gutangira mu bujurire i Paris, abarokotse Jenoside babona ubumwe n\u2019ubwiyunge bushoboka. Ibi babishingira ku kuba hari bamwe mu bahamagazwa gushinjura Ngenzi, nyamara bagera mu rukiko bakavuga ibyo babonye, bakamushinja. Abo barimo abo bakoranye, abavandimwe ndetse na bamwe mu bo yayoboye mu bitero byo kwica Abatutsi. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-05-03T14:56:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:24:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge\",\"datePublished\":\"2018-05-03T14:56:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:24:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127\"},\"wordCount\":796,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127\",\"name\":\"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-05-03T14:56:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:24:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10127#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge - BWIZA","og_description":"Mu gihe urubanza rwa Barahira Tito na Ngenzi Octavien rwongeye gutangira mu bujurire i Paris, abarokotse Jenoside babona ubumwe n\u2019ubwiyunge bushoboka. Ibi babishingira ku kuba hari bamwe mu bahamagazwa gushinjura Ngenzi, nyamara bagera mu rukiko bakavuga ibyo babonye, bakamushinja. Abo barimo abo bakoranye, abavandimwe ndetse na bamwe mu bo yayoboye mu bitero byo kwica Abatutsi. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-05-03T14:56:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:24:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge","datePublished":"2018-05-03T14:56:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:24:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127"},"wordCount":796,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10127#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127","name":"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-05-03T14:56:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:24:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10127"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10127#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kabarondo: Kuba hari abasabwa gushinjura Ngenzi, bagera mu rukiko bakavuga ibyabaye bitanga icyizere mu bwiyunge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10127","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10127"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10127\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10127"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10127"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10127"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}