{"id":10294,"date":"2018-05-20T22:09:38","date_gmt":"2018-05-20T22:09:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/05\/20\/kwibuka-24-uwimana-veronique-warokotse-jenoside-abayeho-mu-buzima-bushaririye\/"},"modified":"2018-05-20T22:09:38","modified_gmt":"2018-05-20T22:09:38","slug":"kwibuka-24-uwimana-veronique-warokotse-jenoside-abayeho-mu-buzima-bushaririye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294","title":{"rendered":"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye"},"content":{"rendered":"<p>Uwimana Veronique w\u2019imyaka 49 ni umubyeyi w\u2019abana batatu utuye \u00a0mu Kagari ka Bwiza ,Umurenge wa Gatenga ,Akarere ka Kicukiro. Yarokotse jenoside yakorewe Abatutsi ndetse akaba afite n\u2019ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA amaranye igihe cy\u2019imyaka 18.<\/p>\n<p>Mu nzu y\u2019ibyumba bibiri bito, yicaye ku buriri,ubwo yagiranaga \u00a0ikiganiro na Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018,uyu mubyeyi avuga ko nyuma ya jenoside yabayeho mu buzima bugoranye. Yatubwiye ko muri \u00a0jenoside yabuze nyina, mukuru we n\u2019umwana yari yaribarutse bityo agasigara wenyine nyuma yo kurokokera ahitwa i Ndera mu mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Mu mvugo yuje agahinda n\u2019ikiniga agira \u00a0ati: \u201cNyuma ya 1994 nakunze gukora ibintu by\u2019ibiraka birimo ubuyede,ubufundi noneho nza kugira amahirwe ahantu nsengera baza kuvuga bati turabona ntaho ufite ho kuba, ibyiza twahagushakira. Icyo gihe bampaye ibihumbi ijana na mirongo inani ngura aka kazu mu mwaka wa 2000 n\u2019ubwo katameze neza\u201d.<\/p>\n<p>Uwimana Veronique avuga ko nyuma yaho yaje kubura akazi agahangayika bikomeye.<\/p>\n<p>ati: \u201cUrabona ko atari ubuzima bworoshye,naje kubona umugiraneza ampa akazi ko kumucungira abakozi hagati ya 2001 na 2003 nkazajya ngura ibati rimwe uko mbonye udufaranga gusa nyuma kaje kurangira ndicara ndahangayika cyane\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko mbere ikigega cy&#8217;ingoboka gifasha abacitse ku icumu (FARG\u00a0 ) bamufashaga mu kwifuza nyuma biza guhagarara ubwo hazaga uburyo bw&#8217;ibyiciro by&#8217;ubudehe. Ariko akavuga ko kwishyurira abana, FARG itajya yishyurira abana bavutse nyuma ya Jenoside.<\/p>\n<p> <strong>Amafaranga ibihumbi 20 ahembwa ku kwezi niyo atunze umuryango we.<\/strong> <\/p>\n<p>Uwimana yatangarije Bwiza.com ko amafaranga ibihumbi 20 ahembwa buri kwezi mu kazi ko gukora amasuku ku nzu y\u2019ubucuruzi \u00a0ariyo agura ibyangombwa byose umuryango we ukenera mu buzima bwa buri munsi nyuma yuko umugabo babyaranye abana yamutaye ndetse akanga no gufasha abana be babyaranye. Ikindi nuko uyu mubyeyi avuga ko mbere yagenerwaga inkunga y&#8217;ingoboka nyuma ikaza guhagara bitewe nuko imyaka ye afatwa nkugifite imbaraga bityo inkunga akaba atari mu bakwiye kuyigenerwa.<\/p>\n<p>Ati : \u201dMu gutunga umuryango, nkora akazi k\u2019amasuku ku nyubako \u00a0iri hano hepfo (Kicukiro Centre). Gutunga abana ntibinyorohera,nkorera amafaranga ibihumbi 20 ,abana baba bakeneye kurya,kwambara kwishyurirwa amafaranga y\u2019ishuri n\u2019ibindi. Navuga ko babaho mu buryo bwo gupfundikanya\u201d<\/p>\n<p>Uwimana yongeraho ko nta bundi buryo bwo gutunga umuryango afite kandi ko amikoro ye atuma ahora mu madeni.<\/p>\n<p>Ati: \u201cNi ukuvuga ngo iyo ayo mafaranga yaje (20,000frw) nishyura amadeni nkongera nkatangira bundi bushya.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi avuga ko bigoranye kwita ku buzima bwe \u00a0nk\u2019umuntu ubana n\u2019ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA kubera ubukene.<\/p>\n<p>\u201cKubaho ni Nyagasani,mfata imiti igabanya ubukana gusa ni imiti isaba kuba wariye neza,wahaze,ufite ingufu gusa njye ntibimbuza kuyifata, iyo mbonye amateke,ibijumba n\u2019ibindi byose ndarya\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_105173\" aria-describedby=\"caption-attachment-105173\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-105173 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-105173\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Inzu Volonica abamo n&#8217;umuryango we kugeza ubu avuga ko akeneye ubufasha bwo gusakara bitewe nuko avirwa<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p> <strong>Uwimana Veronique warokotse jenoside arashimira Umunyamakuru wa BBC,Venuste Nshimiyimana, avuga ko ariwe mugiraneza umufasha ubu<br \/>\n<\/strong> <\/p>\n<figure id=\"attachment_91918\" aria-describedby=\"caption-attachment-91918\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/WhatsApp-Image-2018-04-08-at-5.23.31-PM-1.jpeg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-91918 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/04\/WhatsApp-Image-2018-04-08-at-5.23.31-PM-1.jpeg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"769\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-91918\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Venuste Nshimiyimana, ufashaubufasha uyu mubyeyi ariko bukaba budahagije bitewe nuko nawe afasha benshi mu mpfubyi n&#8217;abapfakazi <\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Uyu mubyeyi yatangarije Bwiza.com ko ashimira byimazeyo Umunyamakuru Nshimiyimana ku bw\u2019ubufasha amuha mu bijyanye no kwishyurira abana be ishuri n\u2019umuhate agira wo gukorera ubuvugizi abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi bityo akaba amufata nk\u2019umuvandimwe.<\/p>\n<p>Yagize ati :\u201d \u00a0Nshimiyimana ni nk\u2019umuvandimwe wanjye, dore nk\u2019ejo bundi sinzi akabazo nagize maze ndamubwira \u00a0, anyumva vuba ati reka ngutere inkunga ube uhahiye abana. Ajya agira atya akambwira ati abana ntibave mu ishuri, akira amafaranga ubishyurire\u201d<\/p>\n<p>Uwimana akomeza asobanura ko kuba akomeza kuvuga ibigwi Nshimiyimana abiterwa n\u2019uko asanga ari umuntu ukunda igihugu muri rusange.<\/p>\n<p>Ati\u201dNi umugabo pe, ni ukuri akunda igihugu muri rusange, ajya agerageza kucyivuganira by\u2019umwihariko abarokotse jenoside kugira ngo abakoze amahano bazabiryozwe\u201d.<\/p>\n<p>Avuga ku ibaruwa imuhumuriza Nshimiyimana yamwandikiye muri ibi bihe u Rwanda n\u2019Isi yose bibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, Uwimana yabwiye Bwiza.com ko iyi baruwa yamwibukije \u00a0igikorwa cyiza Nshimiyimana yakoze ubwo yarokoraga bamwe mu bana muri Eto Kicukiro mu gihe cya Jenoside muw\u2019 1994.<\/p>\n<p>Ati \u201cNjyewe yarantunguye ubwo yanyandikiraga, abantu bagiye babimbaza nkababwira ko tuziranye kuva kera.Yambaye hafi cyane nyuma ya jenoside gusa iyi baruwa by\u2019umwihariko yanyibukije igikorwa yakoze ubwo yarokoraga abana bari bafite passport (ibyangombwa by\u2019inzira) barimo abo kwa Secyugu (Alain na Claude) kimwe ,n\u2019uwitwa Toussaint bo kwa Ryeze ubu baba mu Bufaransa ndetse n\u2019abandi. Nabo mubabajije bakwitangira ubuhamya.Yarababwiye ngo baryame mu muhanda \u00a0maze birangira Abasirikare b\u2019Ababiligi babatwaye bararokoka\u201d.<\/p>\n<h1 class=\"entry-title\"> <strong><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/ibaruwa-yandikiwe-uwacitse-ku-icumu-muri-iki-gihe-cyo-kwibuka-kunshuro-ya-24\/\"><br \/>\nIbaruwa yandikiwe uwacitse ku icumu muri iki gihe cyo kwibuka kunshuro ya 24<\/a><\/strong> <\/h1>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Bwiza.com yahamagaye \u00a0Nshimiyimana imubaza ku bufasha agenera Uwimana cyane cyane kugirango abana bashobore kwiga adusubiza muri aya magambo:<\/p>\n<p>\u201c Hambere iyo nohererezaga Mama amafaranga yo kumutunga, yakuragah0 make akayegenera abana batishoboye ngo bajye kwiga nta nzara kandi bambaye neza. Uko Mama agenda asaza arambwira ati ujye uyajyenera abayakeneye bashobore kwiga.<\/p>\n<p>\u201c Biranshimisha cyane iyo abana ba Veronica banyandikiye, bakanyoherereza udufoto bavuye kwiga, umukuru we \u00a0yavuze ko ashaka kuzaba umunyamakuru\u201d.<\/p>\n<p>\u201c Uburezi niyo ntwaro y\u2019ibanze yo kwiteza imbere\u201d.<\/p>\n<p>Venuste Nshimiyimana ni umwe mu banyanyamakuru bakuru b\u2019Igitangazamakuru Mpuzamahanga cya BBC. Avuka mu Karere ka Huye i Nyumba, \u00a0mbere ya jenoside akaba yari atuye ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p> <strong><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/vOLONIKA.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-105175\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/vOLONIKA.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"450\" \/><\/a>Veronique Uwimana akeneye ubufasha<\/strong> <\/p>\n<p>Madame Uwimana \u00a0nubwo bwose abaye mu buzima bukarishye, abayeho gipfura. \u00a0Arya duke, akoza akarenge nka ka kanyamanza. Uwimana arashimira Leta kuri byinshi yamufashije gusa agasaba ubuyobozi ko bwamufasha kwishyura amafaranga y\u2019ishuri y\u2019abana be babiri biga mashuri yisumbuye kuko kugeza na n\u2019ubu afitiye amadeni ibigo by&#8217;amashuri bigaho bitewe nuko umugabo babyaranye ntacyo yigeze abafasha ndetse atabikozwa.<\/p>\n<p>Yagize ati\u201cIcyo nasaba ni uko abana banjye bahabwa uburyo bwo kwiga kuko nibarangiza kwiga nabo bazatanga umusanzu wabo,baruhure Leta\u201d.<\/p>\n<p>Mu butumwa atanga ku barokotse jenoside,Uwimana yavuze ko abasaba kwihangana bagakomera kuko igihugu cyibazirikana,kibakunda ndetse anasaba abagize uruhare muri jenoside kugira ubutwari buvuye ku mutima bakemera bagasaba imbabazi binyuze mu kwegera abo bahemukiye.<\/p>\n<p>Ibyo twabonye nuko Umwimana Veronique atuye mu nzu nto y\u2019infungane, ariko nkuko twabitangarijwe na \u00a0Nshimiyimana, ngo Umutima we n\u2019ingoro nzima.<\/p>\n<p> <strong>Twiyemeje kwifatanya n\u2019abiteguye gufasha Veronique Uwimana.<\/strong> <\/p>\n<p>Bwiza .com ivuye gusura Uwimana ku Kicukiro, ikareba ukuntu abayeho, yiyemeje gushyiraho akagega ko gutegura inkunga yihutirwa no kwunaginira abasanzwe bamufasha. Ikagega twise UWIMANA FUNDS, \u00a0Bwiza-com ishyizemo amafaranga y\u2019ikubitiro, 50.000 Frw kugirango uyu mubyeyi yubakirwe anabashe kwishyurira abana.<\/p>\n<p> <strong>Nufite ijana aritange, rwose mumenye ko: Every Little Helps\u201d.<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwimana Veronique w\u2019imyaka 49 ni umubyeyi w\u2019abana batatu utuye \u00a0mu Kagari ka Bwiza ,Umurenge wa Gatenga ,Akarere ka Kicukiro. Yarokotse jenoside yakorewe Abatutsi ndetse akaba afite n\u2019ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA amaranye igihe cy\u2019imyaka 18. Mu nzu y\u2019ibyumba bibiri bito, yicaye ku buriri,ubwo yagiranaga \u00a0ikiganiro na Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018,uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[27],"tags":[],"class_list":["post-10294","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-kwibuka"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwimana Veronique w\u2019imyaka 49 ni umubyeyi w\u2019abana batatu utuye \u00a0mu Kagari ka Bwiza ,Umurenge wa Gatenga ,Akarere ka Kicukiro. Yarokotse jenoside yakorewe Abatutsi ndetse akaba afite n\u2019ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA amaranye igihe cy\u2019imyaka 18. Mu nzu y\u2019ibyumba bibiri bito, yicaye ku buriri,ubwo yagiranaga \u00a0ikiganiro na Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018,uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-05-20T22:09:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye\",\"datePublished\":\"2018-05-20T22:09:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294\"},\"wordCount\":1052,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Volonica-2.jpg\",\"articleSection\":[\"kwibuka\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294\",\"name\":\"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Volonica-2.jpg\",\"datePublished\":\"2018-05-20T22:09:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Volonica-2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Volonica-2.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10294#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye - BWIZA","og_description":"Uwimana Veronique w\u2019imyaka 49 ni umubyeyi w\u2019abana batatu utuye \u00a0mu Kagari ka Bwiza ,Umurenge wa Gatenga ,Akarere ka Kicukiro. Yarokotse jenoside yakorewe Abatutsi ndetse akaba afite n\u2019ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA amaranye igihe cy\u2019imyaka 18. Mu nzu y\u2019ibyumba bibiri bito, yicaye ku buriri,ubwo yagiranaga \u00a0ikiganiro na Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Gicurasi 2018,uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-05-20T22:09:38+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye","datePublished":"2018-05-20T22:09:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294"},"wordCount":1052,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg","articleSection":["kwibuka"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294","name":"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg","datePublished":"2018-05-20T22:09:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10294"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Volonica-2.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10294#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kwibuka 24: Uwimana Veronique warokotse jenoside abayeho mu buzima bushaririye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10294","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10294"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10294\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10294"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10294"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10294"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}