{"id":10420,"date":"2018-05-30T10:40:08","date_gmt":"2018-05-30T10:40:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/05\/30\/rusizi-abana-b-imfubyi-n-abatishoboye-barashimira-leta-yabagaruriye-icyizere\/"},"modified":"2025-02-12T14:24:03","modified_gmt":"2025-02-12T12:24:03","slug":"rusizi-abana-b-imfubyi-n-abatishoboye-barashimira-leta-yabagaruriye-icyizere","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420","title":{"rendered":"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abana bagera kuri 267 barimo ab\u2019imfubyi n\u2019abakomoka mu miryango ikennye cyane bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bitabwaho n\u2019umushinga RW 0394 uterwa inkunga na Compassion \u00a0international ukaba ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Cyirabyo, bavuga ko iyo batagira Leta nziza ibitaho batari kwizera kubaho neza ejo hazaza, ariko ubu ko bafite icyizere cy\u2019imbere hazaza heza.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Nk\u2019uko Bwiza.com yabitangarijwe n\u2019umuyobozi w\u2019uyu mushinga ku rwego rwa paruwasi, Izabayo Pascal ,ngo aba bana bitabwaho bafite hagati y\u2019imyaka 3 na 5, bagakurwa mu miryango ikennye cyane idashobora kubitaho mu buryo bubereye, n\u2019abana b\u2019imfubyi baba batagira kivurira, bagafashwa kubaho mu buzima bwiza kuko bafashwa byose birimo amashuri kuva ku y\u2019inshuke kugeza kuri kaminuza, kuvurwa kugeza ahashoboka hose ku isi, guhabwa iby\u2019ibanze bibafasha kubaho neza n\u2019ibindi birimo uburere buboneye n\u2019indangagaciro z\u2019umuco nyarwanda n\u2019iza gikirisitu.<\/p>\n<p>Bamwe muri aba bana nubwo bakiri bato cyane batangarije Bwiza.com ko ubuzima baba basanzwe babayemo buba bubabaje cyane, ariko kuko bafite Leta ibakunda ikanabitaho ari yo mpamvu bahabwa imishinga nk\u2019iyi igamije kubakura ku ngoyi y\u2019ubukene n\u2019ubwigunge bukabije, bakiyumva mu buzima bwiza nk\u2019ubw\u2019abandi bana b\u2019abanyarwanda.<\/p>\n<p>Baraka Bonheur w\u2019imyaka 8 y\u2019amavuko wiga mu mwaka wa 2 w\u2019amashuri abanza, avuga ko atagize amahirwe yo kubona ababyeyi be bombi kuko nyina yamubyaranye n\u2019umunyekongo, nyuma akagaruka mu Rwanda abazanye ari abana 3, uyu akaba\u00a0 bagera mu Rwanda nyina akaza gupfa bityo bakarererwa kwa nyirakuru utishoboye mu buzima bubi cyane.<\/p>\n<figure id=\"attachment_106058\" aria-describedby=\"caption-attachment-106058\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-106058\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"504\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-106058\" class=\"wp-caption-text\">Ababyeyi bagirwa inama n&#8217;ubuyobozi y&#8217;uburere bukwiye bagomba guha abana babo bitabwaho n&#8217;uyu mushinga<\/figcaption><\/figure>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 nafashwe n\u2019uyu mushinga \u00a0RW 0394 numva nta cyerekezo cy\u2019ubuzima mfite kuko twabagaho mu nzara idashira, ariko kuko Leta itwitayeho baramfashe bampa ibikoresho by\u2019ishuri, imyambaro, ibiryamirwa, ibiribwa n\u2019ibindi\u00a0 nshobora gukenera mu buzima, \u00a0nkaba kimwe na bagenzi banjye dushobora kwivuza igihe turwaye kuko aho ari ho hose ku isi dushobora kuhivuriza kandi badutangira na mituweli.<\/p>\n<p>Bazaturihira amashuri kuva ku y\u2019inshuke \u00a0kugeza turangije kaminuza kandi hari n\u2019igihe n\u2019imiryango yacu bayigenera ibiribwa,tukaba twumva ari amahirwe akomeye Leta yaduhaye tudakwiye gupfusha ubusa, ahubwo tuzabyaza umusaruro ukomeye natwe tukazita ku bandi nk\u2019uko twitaweho.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ubwo aba bana bari kumwe n\u2019ababyeyi babo ku babafite bahabwaga inkweto, imyambaro n\u2019ibindi bikoresho by\u2019ibanze, bamwe mu babyeyi na bo bashimye Leta ibarerera abana mu buryo bo batari gushobora, bavuga ko nubwo nta bushobozi bafite bwo kubonera abana babo ibyo bakeneye byose ariko Leta ibazirikana, banishimira ko banafashwa gukora imishinga ibafasha kurera abasigaye, kandi ko ibyo aba bana bahabwa bifatwa neza bikanagirira akamaro n\u2019abavandimwe babo.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na bo ku myitwarire igomba ku baranga, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Mururu, Iyakaremye Jean Pierre yabasabye kubyaza umusaruro aya mahirwe akomeye Leta ibahaye bakiri bato, bagakura bakunda igihugu cyabo na bagenzi babo, bakihatira kwiga kuzageza muri kaminuza badataye umwanya.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 ibi byose muhabwa ni ukubera urukundo Leta ibakunda ikabashakira ababitaho mugakura neza. Mugomba gukura \u00a0mwitonda, mubyaza umusaruro aya mahirwe akomeye mufite, kugira ngo namwe muzabashe kwita ku bandi igihe muzaba mubifitiye ubushobozi.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Aba bana\u00a0 ngo nubwo bahabwa ibibafasha mu mibereho isanzwe, ngo bigishwa n\u2019ijambo ry\u2019Imana n\u2019imyitwarire myiza nk\u2019uko bivugwa na pasiteri Nzanywayimana Michel, umwe mu bayobozi babo, kuko basanga\u00a0 bazarushaho kugirira igihugu akamaro nk\u2019ako bagiriwe, bigishijwe n\u2019imico myiza\u00a0 y\u2019ubupfura n\u2019iyobokamana bakiri bato.<\/p>\n<p>BAHUWIYONGERA Sylvestre<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abana bagera kuri 267 barimo ab\u2019imfubyi n\u2019abakomoka mu miryango ikennye cyane bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bitabwaho n\u2019umushinga RW 0394 uterwa inkunga na Compassion \u00a0international ukaba ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Cyirabyo, bavuga ko iyo batagira Leta nziza ibitaho batari kwizera kubaho neza ejo hazaza, ariko ubu ko bafite icyizere [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-10420","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abana bagera kuri 267 barimo ab\u2019imfubyi n\u2019abakomoka mu miryango ikennye cyane bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bitabwaho n\u2019umushinga RW 0394 uterwa inkunga na Compassion \u00a0international ukaba ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Cyirabyo, bavuga ko iyo batagira Leta nziza ibitaho batari kwizera kubaho neza ejo hazaza, ariko ubu ko bafite icyizere [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-05-30T10:40:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:24:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza\",\"datePublished\":\"2018-05-30T10:40:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:24:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420\"},\"wordCount\":573,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420\",\"name\":\"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\",\"datePublished\":\"2018-05-30T10:40:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:24:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/05\\\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10420#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza - BWIZA","og_description":"Abana bagera kuri 267 barimo ab\u2019imfubyi n\u2019abakomoka mu miryango ikennye cyane bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bitabwaho n\u2019umushinga RW 0394 uterwa inkunga na Compassion \u00a0international ukaba ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Cyirabyo, bavuga ko iyo batagira Leta nziza ibitaho batari kwizera kubaho neza ejo hazaza, ariko ubu ko bafite icyizere [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-05-30T10:40:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:24:03+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza","datePublished":"2018-05-30T10:40:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:24:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420"},"wordCount":573,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420","name":"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg","datePublished":"2018-05-30T10:40:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:24:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10420"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/05\/Ababyeyi-bagirwa-inama-nubuyobozi-yuburere-bukwiye-bagomba-guha-abana-babo-bitabwaho-nuyu-mushinga..jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10420#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abana b\u2019imfubyi n\u2019abatishoboye barashimira Leta yabagaruriye icyizere cyo kubaho neza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10420","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10420"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10420\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10420"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10420"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10420"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}