{"id":10460,"date":"2018-06-01T16:51:39","date_gmt":"2018-06-01T16:51:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/01\/mwarimu-unyigisha-yaryamanye-n-039-umukunzi-wanjye-ngo-mbone-amanota-none\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:09","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:09","slug":"mwarimu-unyigisha-yaryamanye-n-039-umukunzi-wanjye-ngo-mbone-amanota-none","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460","title":{"rendered":"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Umusomyi wacu yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo kimuremereye yifuje kubasangiza ngo mu mugire inama.<\/strong> <\/p>\n<p>aragira ati&#8221;Nanditse ubu butumwa umutwe uri kundya, umutima wanjye wamenetse.umukunzi\u00a0\u00a0wanjye yakoze ibintu agira ngo amafashe ariko aho bigeze ndumva ngiye kumureka.Ndi mu mwaka wa nyuma wa Kaminuza imwe hano I Kigali.Uyu mukobwa twamenyanye ngeze mu mwaka wa kabiri, gukundana kwacu urebye ahanini kwatewe nuko twiganaga.<\/p>\n<p>Mu myaka yose maze muri kaminuza, ntabwo kwiga byanyoroheye kuko inshuro nyinshi wasanga amasomo yamfashe.Nta ko ntagira ngo nige ariko namwe murabizi ko twese mu ishuri tutanganya ubwenge.<\/p>\n<p>Umwaka ushize nabwo nawurangije mfite amasomo atatu yamfashe, biba ngombwa ko nongera kuyasubiramo uyu mwaka.Sheri wanjye we nta kibazo ajya agira, kuva muwa mbere, nta na somo na rimwe riramufata.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize ubwo bamanikaga amasomo y\u2019ibizami twakoze, nagiye kureba numva n\u2019ubundi nta kidasanzwe nakoze ariko nkishyiramo akanyabugabo ko Imana irabijyamo dore ko nkunda gusenga.<\/p>\n<p>Ubwo nageraga aho bamanika amanota, naratunguwe mbonye mu masomo yose yari yamfashe nta na rimwe ndi munsi y\u2019amanota 60 ku ijana.<\/p>\n<p>Namaze hafi icyumeru ndi mu byishimo bidasanzwe kubw\u2019ayo manota.<\/p>\n<p>Muri uku kwa gatatu ubwo twari tuvuye kureba umupira, nahuye na Nadine, inshuti ya sheri wanjye.Namusuhuzanyije ibyishimo byinshi, ndetse inkuru ya mbere namubwiye yari iy\u2019uko twese tuzambarira amakanzu rimwe.<\/p>\n<p>Nadine yabanje gutekereza nk\u2019aho hari icyo atumvise, mubajije ambwira ko namuha akanya gahagije tukaganira neza.<\/p>\n<p>Nadine nubwo ari inshuti ya sheri wanjye, ntabwo dukunze kugirana ibiganiro byinshi cyanwa se byihariye.Nadine yambwiye amakuru numva nkutse umutima.<\/p>\n<p>Yambwiye ko amanota yose nabonye nayaheshejwe na sheri wanjye, ambwira ko byamusabye kuryamana na mwalimu, umwe mu batwigisha ari nawe wabingiriyemo byose ngatsinda.<\/p>\n<p>Nadine nabanje kumufata nk\u2019umusazi, anyereka message yafotoye za sheri wanjye yagiye yoherezanya n\u2019uwo mwalimu, bavugana igihe bahurira kuri hoteli.<\/p>\n<p>Natashye numva nataye umutwe, niyemeza kujya kubibaza sheri , ambwira ko ibyo yakoze ari urukundo ankunda, ko atifuzaga ko nsigara muwa Kane njyenyine abandi barangije.<\/p>\n<p>Umutimwa umwe umbwira kumureka kuko ajya kujyayo atambajije, undi ukambuza dore ko ibyo yakoze arinjye byagiriye akamaro, none mbigenze nte?<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umusomyi wacu yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo kimuremereye yifuje kubasangiza ngo mu mugire inama. aragira ati&#8221;Nanditse ubu butumwa umutwe uri kundya, umutima wanjye wamenetse.umukunzi\u00a0\u00a0wanjye yakoze ibintu agira ngo amafashe ariko aho bigeze ndumva ngiye kumureka.Ndi mu mwaka wa nyuma wa Kaminuza imwe hano I Kigali.Uyu mukobwa twamenyanye ngeze mu mwaka wa kabiri, gukundana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-10460","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umusomyi wacu yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo kimuremereye yifuje kubasangiza ngo mu mugire inama. aragira ati&#8221;Nanditse ubu butumwa umutwe uri kundya, umutima wanjye wamenetse.umukunzi\u00a0\u00a0wanjye yakoze ibintu agira ngo amafashe ariko aho bigeze ndumva ngiye kumureka.Ndi mu mwaka wa nyuma wa Kaminuza imwe hano I Kigali.Uyu mukobwa twamenyanye ngeze mu mwaka wa kabiri, gukundana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-01T16:51:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?\",\"datePublished\":\"2018-06-01T16:51:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460\"},\"wordCount\":355,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460\",\"name\":\"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-06-01T16:51:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10460#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki? - BWIZA","og_description":"Umusomyi wacu yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo kimuremereye yifuje kubasangiza ngo mu mugire inama. aragira ati&#8221;Nanditse ubu butumwa umutwe uri kundya, umutima wanjye wamenetse.umukunzi\u00a0\u00a0wanjye yakoze ibintu agira ngo amafashe ariko aho bigeze ndumva ngiye kumureka.Ndi mu mwaka wa nyuma wa Kaminuza imwe hano I Kigali.Uyu mukobwa twamenyanye ngeze mu mwaka wa kabiri, gukundana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-01T16:51:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?","datePublished":"2018-06-01T16:51:39+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460"},"wordCount":355,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10460#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460","name":"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-06-01T16:51:39+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10460"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10460#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mwarimu unyigisha yaryamanye n&#039;umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10460","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10460"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10460\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10460"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10460"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10460"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}