{"id":10548,"date":"2018-06-10T22:53:44","date_gmt":"2018-06-10T22:53:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/10\/nyamasheke-nyuma-y-imyaka-24-arwana-n-umutima-ngirababyeyi-yerekanye-aho\/"},"modified":"2018-06-10T22:53:44","modified_gmt":"2018-06-10T22:53:44","slug":"nyamasheke-nyuma-y-imyaka-24-arwana-n-umutima-ngirababyeyi-yerekanye-aho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548","title":{"rendered":"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi akanabifungirwa imyaka 12 agataha amaze kuburana mu nkiko gacaca aho yemeye ibyaha akanabisabira imbabazi, Ngirababyeyi Aniseth w\u2019imyaka 51 y\u2019amavuko utuye mu kagari ka Save,umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,aravuga ko nyuma yo kwerekana aho yashyize imibiri ya bamwe mu bo yishe muri Jenoside yakorewe abatutsi igashyingurwa mu cyubahiro ari ho yumva umutima utuje.<\/p>\n<p>Imibiri uyu Ngirabatware yerekanye ni 2 yashyinguranywe n\u2019undi umwe wabonetse mu murima hakorwa umuganda,kwibuka ku nshuro ya 24 ku rwego rw\u2019umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke bikaba byaranzwe no gushyingura imibiri 3 mu cyubahiro.<\/p>\n<figure id=\"attachment_106950\" aria-describedby=\"caption-attachment-106950\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-106950 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-106950\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Ngirababyeyi Aniseth ahangayikishijwe n&#8217;abo bakoranye ibyaha bamutera ubwoba ko ibyo arimo azabizira.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Aganira na Bwiza.com,Ngirababyeyi Aniseth uvuga ko guhera uyu mwaka yiyemeje kuvugisha ukuri ku byo yakoze byose muri Jenoside yakorewe abatutsi nubwo abo babikoranye avuga ko bamumereye nabi ngo ibyo avuga arabitumwa na nde, yemera uruhare rukomeye yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi,haba mu cyari segiteri Ruharambuga yari atuyemo n\u2019ahandi, akavuga ko bamwe mu bo bamaraga kwica babarenzaga ho agataka gake bakigendera,kandi ko yemeza ko batashyinguwe bose mu cyubahiro.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 namaze igihe kirekire ndwana n\u2019umutima abayobozi badushishikariza kugaragaza aho imibiri y\u2019abo twishe iri ngakomeza kwinangira,ariko nyuma y\u2019ibikorwa by\u2019isanamitima n\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge byatangijwe na padiri Ubald Rugirangora bikagera no mu murenge wacu muri paruwasi gatulika ya Ntendezi, mu biganiro byo kwibuka by\u2019uyu mwaka niyemeje guhaguruka mvuga ukuri ku hari imibiri y\u2019abatutsi twishe nari nzi ko yari itarashyingurwa mu cyubahiro nubwo bamwe mu bo twafatanije n\u2019ubu bampiga ngo ni iyihe mpamvu ituma narabavuyemo nkiyemeza kugaragaza ukuri,ariko niyemeje kukugaragaza n\u2019iyo bakunziza.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Kubyerekeranye no kuba ategereje iki gihe cyose ngo abivuge, avuga ko yashatse ku bivuga mbere,yasanga abo babikoranye bakamubwira ko nabivuga azongera gufungwa,ariko umutima ukomeje kumubuza amahoro ahitamo kwerekana aho iyo mibiri iri,cyane cyane ko na bamwe bo mu miryango ya bariya bishwe bakomezaga kumusaba ko yabababarira akabereka aho iri niba ahazi.<\/p>\n<p>Avuga ko ubu ari bwo aryama agasinzira,ko mbere yahoraga atekereza aho iyo mibiri ataranga iri akumva umutima urabyina,akababazwa cyane na bagenzi be bagihisha ukuri,akabasaba kuva ku izima bakakugaragaza,gusa ngo akaba anishinganisha kuko bamwe mu bo bafatanije kwica abatutsi barimo na se wabo bakomeza kumutera ubwoba bamubwira ko ibyo arimo bitazamugwa amahoro.<\/p>\n<p>Niyondamya Alfred washyinguye mu cyubahiro umubiri w\u2019umubyeyi we,yavuze ko bitoroshye kumara imyaka 24 ubaza aho umubiri w\u2019uwawe uri ngo uwushyingure mu cyubahiro nyamara ababikoze munaturanye bazi aho uri baruca bakarumira, yishimira ko nibura awubonye akawushyingura mu cyubahiro, akavuga ko hakwiye izindi mbaraga kugira ngo n\u2019abandi bazi aho bashyize imibiri itaraboneka bahagaragaze,cyane cyane ko imbabazi bamaze kuzihabwa.<\/p>\n<figure id=\"attachment_106951\" aria-describedby=\"caption-attachment-106951\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Meya-Kamari-Aim\u00e9-Fabien-yamwijeje-umutekano-avuga-ko-uwashaka-kumuziza-amakuru-yatanze-yabibazwa..jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-106951 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Meya-Kamari-Aim\u00e9-Fabien-yamwijeje-umutekano-avuga-ko-uwashaka-kumuziza-amakuru-yatanze-yabibazwa.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-106951\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Meya Kamari Aim\u00e9 Fabien yamwijeje umutekano avuga ko uwashaka kumuziza amakuru yatanze yabibazwa.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere Kamari Aim\u00e9 Fabien, yashimiye uyu mugabo intambwe abashije gutera ugereranije na bagenzi be badatobora ngo bavuge,amwizeza umutekano ku mpungenge afite zo kugirirwa nabi na bo.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 kubyerekeranye n\u2019impungenge afite z\u2019umutekano we n\u2019abo bakoranye ibyaha bakomeje kumutera ubwoba,namusaba gutuza kuko ubuyobozi burahari,inzego z\u2019umutekano zirahari n\u2019abaturage b\u2019umutima mwiza barahari,umutekano we uracunzwe kandi n\u2019uwashaka kumuziza amakuru yatanze yabibazwa.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Uyu murenge bivugwa ko ari wo watangirijwemo Jenoside yakorewe abatutsi mu cyahoze ari perefegitura ya Cyangugu n\u2019uwari Perefe wayo Emmanuel Bagambiki wagizwe umwere n\u2019urukiko rwa Arusha, imwe mu mibiri y\u2019abatutsi bahiciwe n\u2019ubu ikaba itaraboneka.<\/p>\n<figure id=\"attachment_106952\" aria-describedby=\"caption-attachment-106952\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Ruharambuga-Bigirabagabo-Moise-uko-ubuyobozi-bushyira-imbaraga-mu-kwigisha-nabandi-bazagera-ho-bakavuga-aho-imibiri-yabatutsi-bishe-bayishyize..jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-106952 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Ruharambuga-Bigirabagabo-Moise-uko-ubuyobozi-bushyira-imbaraga-mu-kwigisha-nabandi-bazagera-ho-bakavuga-aho-imibiri-yabatutsi-bishe-bayishyize.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-106952\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Umunyamabanga nshingwabikorwa w&#8217;umurenge wa Ruharambuga Bigirabagabo Moise uko ubuyobozi bushyira imbaraga mu kwigisha n&#8217;abandi bazagera ho bakavuga aho imibiri y&#8217;abatutsi bishe bayishyize.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi akanabifungirwa imyaka 12 agataha amaze kuburana mu nkiko gacaca aho yemeye ibyaha akanabisabira imbabazi, Ngirababyeyi Aniseth w\u2019imyaka 51 y\u2019amavuko utuye mu kagari ka Save,umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,aravuga ko nyuma yo kwerekana aho yashyize imibiri ya bamwe mu bo yishe muri Jenoside yakorewe abatutsi igashyingurwa mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[27],"tags":[],"class_list":["post-10548","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-kwibuka"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi akanabifungirwa imyaka 12 agataha amaze kuburana mu nkiko gacaca aho yemeye ibyaha akanabisabira imbabazi, Ngirababyeyi Aniseth w\u2019imyaka 51 y\u2019amavuko utuye mu kagari ka Save,umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,aravuga ko nyuma yo kwerekana aho yashyize imibiri ya bamwe mu bo yishe muri Jenoside yakorewe abatutsi igashyingurwa mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-10T22:53:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside\",\"datePublished\":\"2018-06-10T22:53:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548\"},\"wordCount\":628,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\",\"articleSection\":[\"kwibuka\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548\",\"name\":\"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\",\"datePublished\":\"2018-06-10T22:53:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10548#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019uruhare yagize muri Jenoside yakorewe abatutsi akanabifungirwa imyaka 12 agataha amaze kuburana mu nkiko gacaca aho yemeye ibyaha akanabisabira imbabazi, Ngirababyeyi Aniseth w\u2019imyaka 51 y\u2019amavuko utuye mu kagari ka Save,umurenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke,aravuga ko nyuma yo kwerekana aho yashyize imibiri ya bamwe mu bo yishe muri Jenoside yakorewe abatutsi igashyingurwa mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-10T22:53:44+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside","datePublished":"2018-06-10T22:53:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548"},"wordCount":628,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg","articleSection":["kwibuka"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548","name":"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg","datePublished":"2018-06-10T22:53:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10548"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Ngirababyeyi-Aniseth-ahangayikishijwe-nabo-bakoranye-ibyaha-bamutera-ubwoba-ko-ibyo-arimo-azabizira..jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10548#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Nyuma y\u2019imyaka 24 arwana n\u2019umutima, Ngirababyeyi yerekanye aho yashyize imibiri y\u2019abo yishe muri Jenoside"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10548","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10548"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10548\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10548"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10548"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10548"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}