{"id":10628,"date":"2018-06-16T11:17:01","date_gmt":"2018-06-16T11:17:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/16\/ese-koko-perezida-museveni-abo-yita-ingurube-bateza-umutekano-mukeya-mu-gihugu\/"},"modified":"2025-02-12T14:16:13","modified_gmt":"2025-02-12T12:16:13","slug":"ese-koko-perezida-museveni-abo-yita-ingurube-bateza-umutekano-mukeya-mu-gihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628","title":{"rendered":"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze?"},"content":{"rendered":"<p>Ubwo yagiraga icyo avuga ku kibazo cy\u2019umutekano ukomeje kubura muri Kampala kuri uyu wa kane ushize, perezida Yoweri Museveni yatangaje ko umutekano mukeya uri guterwa n\u2019abantu yise Ingurube agira ati: \u201c <em>Ingurube ntizishimira agaciro, birutwa n\u2019uko wagaha iminyorogoto<\/em> &#8220;.<\/p>\n<p>Perezida Museveni yavuze ko na mbere hose bahanganye n\u2019ingurube kandi izi ngo ari ntoya cyane zitabakanga. Ati: \u201c <em>Ariko na mbere hose twahanganye n\u2019ingurube kandi izi ni ntoya cyane. Ku musozo w\u2019umunsi, ababirimo bose barashyirwa ku karubanda kandi bashwanyuzwe<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Urubuga Virunga Post dukesha iyi nkuru rukavuga ko iyo perezida Museveni atari gushinja ingurube, abamwungirije mu by\u2019umutekano n\u2019ubutasi, ashinja u Rwanda. Ngo byose bikaba mu rwego rwo guhisha integer nke z\u2019imbere mu gihugu zikomeje kugaragara ahanini bitewe n\u2019uko ngo Abagande bamaze kurambirwa ubuyobozi buriho kandi bagerageje kubyerekana ubwo hegeranywaga ibitekerezo ku guhindura\u00a0 itegeko nshinga ngo hakurwemo imyaka umukuru w\u2019igihugu atagomba kuba arengeje.<\/p>\n<p>Iki gikorwa cyo kwegeranya ibitekerezo ngo cyaje guhagarikwa kitarangiye kuko ngo byagaragaraga neza ko Abagande bashakaga kurangiza ibibazo by\u2019imiyoborere bahura nabyo n\u2019umutekano mukeya uterwa nabyo.<\/p>\n<p>Nubwo bimeze gutyo, ngo itegeko nshinga rya Uganda ryahinduwe bitari mu bushake bw\u2019Abagande Museveni aguma ku butegetsi batabishaka. Icya kabiri, ngo ikibazo cy\u2019intege nke z\u2019imbere mu gihugu cyakomeje kuzamurwa n\u2019imungu ya ruswa Abagande bataye icyizere ko izacika mu gihe cyose perezida Museveni azaba akiri ku butegetsi.<\/p>\n<p>Icya gatatu, kandi gikomeye, ni ukuba ngo inzego z\u2019umutekano za Uganda zitarangajwe imbere na politiki nziza zigashyigikira umukuru w\u2019igihugu waterewe icyizere n\u2019igice kinini cy\u2019Abagande, naho icya kane, ngo perezida Museveni akaba yarakomeje guteza urujijo mu nzego z\u2019umutekano.<\/p>\n<p>Ngo ubwo uwahoze ari umukuru w\u2019igipolisi Gen Kale Kayihura yatabwaga muri yombi, abahanga ikinyamakur Daily Monitor cyabajije bose bashyiraga amakosa ku mutwe wa perezida Museveni.<\/p>\n<p>Virunga Post igatanga urugero rw\u2019amagambo y\u2019uwitwa Semujju Ibrahim Nganda wavuze ko hari uguhangana hagati mu ngabo za Uganda buri umwe ashinja undi kandi ngo bigaterwa n\u2019intege nke z\u2019umukuru w\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Uyu yavuze ko hari igihe Gen Salim Saleh yari ahanganye na Gen. Tumwiine, Gen. Tinyefuza ahanganye na Gen Kazini..ariko ngo icyo gihe Museveni yari agifite imbaraga. Ati: \u201c <em>Ariko uyu munsi ntabwo agifite imbaraga nk\u2019uko yari ameze ubwo yabaga yabaye arubitire, ibintu atagishoboye gukora<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Uyu yakomeje agira ati: \u201c <em>Niyo mpamvu muri Zimbabwe, ubwo abajenerali babonaga ko perezida Robert Mugabe arimo kunanirwa kugenzura, bagombaga gufata ubutegetsi bakizeza umutekano w\u2019igihugu. Gen Kayihura yakoraga ibirori iyo Gen Tinyefuza yatabwaga muri yombi; kandi ntuzatungurwe ubwo abamutaye muri yombi uyu munsi nabo bazatabwa muri yombi ahazaza<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Mu yandi magambo, ngo Museveni iteka yahoze ateza ibibazo n\u2019amakimbirane mu nzego z\u2019umutekano kandi akabifata nk\u2019intwaro akoresha mu guteranya amasirikare bakuru.<\/p>\n<p>Ngo iyo uko guhangana yagizemo uruhare kugiye ahagaragara cyangwa ibintu bikagenda nabi, ngo atangira kwita uruhande rwatsinzwe amazina atandukanye arimo n\u2019ingurube kandi akanga kwemera ko ari we wareze izo ngurube.<\/p>\n<p>Iyo ibyo birangiye, uruhande rwatsinze ruba rugomba kubona ushinjwa kuba inyuma y\u2019ibibazo Museveni aba yaragizemo uruhare mu kurema, kandi ngo kenshi ni u Rwanda rushinjwa. Igihe cyose iyo hagaragaye integer nke muri Uganda, buri gihe ngo urwitwazo ruba ko ari ibikorwa by\u2019ubuyobozi bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi ngo byafashije perezida Museveni gukomeza guhisha intege nke ze no gufata nabi abasirikare bakuru be nyuma yo kubakoresha yarangiza akabajugunya. Virunga Post muri iyi nkuru yayo igakomeza ivuga ko ba ofisiye bari bakiri baton ka Brig Noble Mayombo na Andrew Kaweesi uherutse kwicwa, bose babuze ubuzima bwabo n\u2019ahazaza hatanga icyizere bari gukorera igihugu cyabo kibwe binyuze mu mikino ya Museveni .<\/p>\n<p>Ngo nk\u2019uko Ssemujju avuga, kuri ubu ngo ubutegetsi bwa Museveni bufite intege nkeya ku buryo butabasha no kugenzura ukuntu ingaruka z\u2019iyi mikino zishobora kugera kure. Izo ngaruka zikaba zirimo umutekano Abagande bakomeje\u00a0 kubura bitewe n\u2019umugabo umwe ukomeje gushinja buri muntu ariko akiyibagirwa n\u2019uruhare rwe yagize mu kurera ingurube kuri ubu yishimiye kugaragaza.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo yagiraga icyo avuga ku kibazo cy\u2019umutekano ukomeje kubura muri Kampala kuri uyu wa kane ushize, perezida Yoweri Museveni yatangaje ko umutekano mukeya uri guterwa n\u2019abantu yise Ingurube agira ati: \u201c Ingurube ntizishimira agaciro, birutwa n\u2019uko wagaha iminyorogoto &#8220;. Perezida Museveni yavuze ko na mbere hose bahanganye n\u2019ingurube kandi izi ngo ari ntoya cyane zitabakanga. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-10628","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo yagiraga icyo avuga ku kibazo cy\u2019umutekano ukomeje kubura muri Kampala kuri uyu wa kane ushize, perezida Yoweri Museveni yatangaje ko umutekano mukeya uri guterwa n\u2019abantu yise Ingurube agira ati: \u201c Ingurube ntizishimira agaciro, birutwa n\u2019uko wagaha iminyorogoto &#8220;. Perezida Museveni yavuze ko na mbere hose bahanganye n\u2019ingurube kandi izi ngo ari ntoya cyane zitabakanga. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-16T11:17:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:16:13+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze?\",\"datePublished\":\"2018-06-16T11:17:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:16:13+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628\"},\"wordCount\":654,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628\",\"name\":\"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-06-16T11:17:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:16:13+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10628#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze? - BWIZA","og_description":"Ubwo yagiraga icyo avuga ku kibazo cy\u2019umutekano ukomeje kubura muri Kampala kuri uyu wa kane ushize, perezida Yoweri Museveni yatangaje ko umutekano mukeya uri guterwa n\u2019abantu yise Ingurube agira ati: \u201c Ingurube ntizishimira agaciro, birutwa n\u2019uko wagaha iminyorogoto &#8220;. Perezida Museveni yavuze ko na mbere hose bahanganye n\u2019ingurube kandi izi ngo ari ntoya cyane zitabakanga. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-16T11:17:01+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:16:13+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze?","datePublished":"2018-06-16T11:17:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:16:13+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628"},"wordCount":654,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10628#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628","name":"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-06-16T11:17:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:16:13+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10628"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10628#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese koko perezida Museveni abo yita Ingurube bateza umutekano mukeya mu gihugu niwe wabareze?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10628","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10628"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10628\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10628"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10628"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10628"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}