{"id":10666,"date":"2018-06-19T11:03:58","date_gmt":"2018-06-19T11:03:58","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/19\/nyamasheke-abana-baranenga-ababyeyi-babo-batabaha-akanya-ngo-baganire\/"},"modified":"2018-06-19T11:03:58","modified_gmt":"2018-06-19T11:03:58","slug":"nyamasheke-abana-baranenga-ababyeyi-babo-batabaha-akanya-ngo-baganire","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666","title":{"rendered":"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko uburyo bitabwaho n\u2019ababyeyi babona budahagije, ko hari abakumbura ababyeyi kandi babana mu nzu imwe, bakabasaba kwisubiraho.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Baganira na Bwiza.com, bamwe mu bana bavuze ko kuba hari ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiyongera muri aka karere, ahanini biterwa no kubura uburere bw\u2019ababyeyi kandi bahari.<\/p>\n<p>Akimana Florence wiga mu mwaka wa 6 w\u2019 abanza mu rwunge rw\u2019amashuri rwa Mutagatifu Nicolas, asanga\u00a0 kwirirwa wiruka ushakira umwana ibishimisha umubiri ariko utita ku byiyumviro bye ari ukugosorera mu rucaca.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;hari uburenganzira tugenda tuvutswa n\u2019ababyeyi uko ibihe bihita n\u2019ibyo batubwira ngo ni iterambere birushaho gutwara ababyeyi benshi. Badushakira ibidutunga,imyambaro n\u2019ibindi bishimisha umubiri, ni byo, ariko bakibagirwa ko dukeneye urukundo rwabo, inama zabo,kubabona no kubumva amajwi kuruta ibyo byose.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati\u2019\u2019uku kutatwitaho uko byakagombye ni byo bikurura ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiganza no mu bafite ubushobozi n\u2019izindi ngeso mbi nko kwishora mu biyobyabwenge,kudakora imikoro duhabwa neza no kumva ko umwarimu ari we tuzasimbuza umubyeyi, tubibona nabi tugasaba ababyeyi kwisubiraho.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ababyeyi benshi baganiriye na Bwiza.com bavuze ko ibyo abana babavugaho ari byo, ko ariko bizamba cyane iyo bigeretseho amakimbirane yo mu ngo kuko ngo na yo hari aho agaragara cyane.<\/p>\n<p>Nduwayo Oscar uhagarariye umushinga VSO muri aka karere ufite uburezi mu nshingano zawo,avuga ko guhangana n\u2019ibi bibazo bitoroshye ariko bishoboka.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 ntibyoroshye ariko birashoboka, kuko uretse gahunda y\u2019ingo mbonezamikurire igenda ihindura byinshi mu mibereho y\u2019umwana muri aka karere, natwe nka VSO twatangiye gufasha mu burezi bw\u2019inshuke twumvisha ababyeyi ibyiza byabyo, bikanatuma na wa mwana wari kubura kirera iwabo badahari yoherezwa ku ishuri akitabwaho,kandi biragenda byumvikana nubwo inzira ikiri ndende.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Mukamana Claudette, yemera ko hari abayeyi bamwe badohoka ku guha uburere bukwiye abana, bituma bamwe bakura batumva ko urukundo rw\u2019ababyeyi rubaho kandi babafite, abana bamwe bakagwingira\u00a0 hatabuze ibyo kubaha ahubwo habuze ababibaha kandi babana.<\/p>\n<p>Avuga ko ingo mbonezamikurire y\u2019abana, ababyeyi n\u2019abafatanyabikorwa banyuranye , mu bufatanye bashobora kuba igisubizo cy\u2019iki kibazo cy\u2019ingorabahizi.<\/p>\n<p>Mu myaka ishize aka karere kavuzwemo kugira abana batwara inda zitateganijwe cyane mu mashuri yisumbuye, guta amashuri ku bana bamwe, abana bakaba barakunze gutunga agatoki ababyeyi ku kudohoka mu kubitaho.<\/p>\n<p> <strong> <em>Bahuwiyongera Sylvestre\/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko uburyo bitabwaho n\u2019ababyeyi babona budahagije, ko hari abakumbura ababyeyi kandi babana mu nzu imwe, bakabasaba kwisubiraho. Baganira na Bwiza.com, bamwe mu bana bavuze ko kuba hari ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiyongera muri aka karere, ahanini biterwa no kubura uburere bw\u2019ababyeyi kandi bahari. Akimana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-10666","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko uburyo bitabwaho n\u2019ababyeyi babona budahagije, ko hari abakumbura ababyeyi kandi babana mu nzu imwe, bakabasaba kwisubiraho. Baganira na Bwiza.com, bamwe mu bana bavuze ko kuba hari ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiyongera muri aka karere, ahanini biterwa no kubura uburere bw\u2019ababyeyi kandi bahari. Akimana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-19T11:03:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire\",\"datePublished\":\"2018-06-19T11:03:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666\"},\"wordCount\":393,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666\",\"name\":\"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-06-19T11:03:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10666#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire - BWIZA","og_description":"Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko uburyo bitabwaho n\u2019ababyeyi babona budahagije, ko hari abakumbura ababyeyi kandi babana mu nzu imwe, bakabasaba kwisubiraho. Baganira na Bwiza.com, bamwe mu bana bavuze ko kuba hari ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiyongera muri aka karere, ahanini biterwa no kubura uburere bw\u2019ababyeyi kandi bahari. Akimana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-19T11:03:58+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire","datePublished":"2018-06-19T11:03:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666"},"wordCount":393,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10666#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666","name":"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-06-19T11:03:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10666"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10666#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10666","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10666"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10666\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10666"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10666"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10666"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}