{"id":10670,"date":"2018-06-19T13:47:04","date_gmt":"2018-06-19T13:47:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/19\/umugabo-wanjye-yagurishije-intebe-na-televiziyo-amafaranga-ayajyana-muri\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:08","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:08","slug":"umugabo-wanjye-yagurishije-intebe-na-televiziyo-amafaranga-ayajyana-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670","title":{"rendered":"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI?"},"content":{"rendered":"<p>Mbanje kubasuhuza nabagisha inama kubera ikibazo kinkomereye cyakuruwe n\u2019umugabo wanjye wakoze icyo nakwita icyasha kuri we, ndetse numva gishobora no kugira ingaruka ku muryango.<\/p>\n<p>Ntuye mu mujyi wa Kigali, umugabo wanjye tubyaranye gatatu, umwa wacu wa mbere w\u2019imfura yiga mu mwaka wa mbere muri segonderi, abandi biga muri pirimeri.<\/p>\n<p>Umugabo wanjye akora akazi ko gutera amarangi ku manzu, na njye nkakora ubucuruzi buciriritse, turatuye ntabwo dukodesha, ubundi wabonaga ntacyo bitwaye uko tubayeho ariko ibintu bigiye kuzamba.<\/p>\n<p>Umwaka ushize nibwo umugabo wanjye yatangiye kujya akinina imikono ya betingi, amakipe yajya gukina agatega, sinzi uko barya, mbona afite udupapuro turiho amakipe.<\/p>\n<p>Kuva yatangira kubikina, nta faranga agicyura mu rugo, ahubwo ataha ataka ko yahombye. Mu by\u2019ukuri ntabwo njye nzi n\u2019iby\u2019imipira, uko bikinwa simbizi rwose, ariko kubera iyo mpamvu narasobanuje menya ko ashore ntagaruze.<\/p>\n<p>Mu cyumweru gishize nibwo yagurishije intebe zo mu rugo na televiziyo, ambeshya ngo arashaka kugura izindi nshya, ariko n\u2019ubu mubaza aho yayashyize agaceceka, gusa namenye ko yayashoye muri izo betingi.<\/p>\n<p>Nabajije amakuru bagenzi be, bambwira ko yayashoye ku mikino y\u2019igikombe cy\u2019isi irimo kuba ubu, yose bakaba barayamuriye, imikino ngo yashoyemo yose, yagiye aribwa.<\/p>\n<p>Ngaho namwe nimumbwire, ubu nkore iki koko?\u00a0 Ubu noneho ntanashaka no kumvugisha, mbese yabaye nka za mbogo z\u2019ingunge.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mbanje kubasuhuza nabagisha inama kubera ikibazo kinkomereye cyakuruwe n\u2019umugabo wanjye wakoze icyo nakwita icyasha kuri we, ndetse numva gishobora no kugira ingaruka ku muryango. Ntuye mu mujyi wa Kigali, umugabo wanjye tubyaranye gatatu, umwa wacu wa mbere w\u2019imfura yiga mu mwaka wa mbere muri segonderi, abandi biga muri pirimeri. Umugabo wanjye akora akazi ko gutera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-10670","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mbanje kubasuhuza nabagisha inama kubera ikibazo kinkomereye cyakuruwe n\u2019umugabo wanjye wakoze icyo nakwita icyasha kuri we, ndetse numva gishobora no kugira ingaruka ku muryango. Ntuye mu mujyi wa Kigali, umugabo wanjye tubyaranye gatatu, umwa wacu wa mbere w\u2019imfura yiga mu mwaka wa mbere muri segonderi, abandi biga muri pirimeri. Umugabo wanjye akora akazi ko gutera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-19T13:47:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI?\",\"datePublished\":\"2018-06-19T13:47:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670\"},\"wordCount\":224,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670\",\"name\":\"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-06-19T13:47:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10670#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI? - BWIZA","og_description":"Mbanje kubasuhuza nabagisha inama kubera ikibazo kinkomereye cyakuruwe n\u2019umugabo wanjye wakoze icyo nakwita icyasha kuri we, ndetse numva gishobora no kugira ingaruka ku muryango. Ntuye mu mujyi wa Kigali, umugabo wanjye tubyaranye gatatu, umwa wacu wa mbere w\u2019imfura yiga mu mwaka wa mbere muri segonderi, abandi biga muri pirimeri. Umugabo wanjye akora akazi ko gutera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-19T13:47:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI?","datePublished":"2018-06-19T13:47:04+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670"},"wordCount":224,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10670#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670","name":"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-06-19T13:47:04+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10670"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10670#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10670","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10670"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10670\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10670"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10670"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10670"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}