{"id":10678,"date":"2018-06-20T09:58:26","date_gmt":"2018-06-20T09:58:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/20\/rcs-iravuguruza-me-bernard-ntaganda-uvuga-ko-imfungwa-za-politiki-zifatwa-nabi\/"},"modified":"2018-06-20T09:58:26","modified_gmt":"2018-06-20T09:58:26","slug":"rcs-iravuguruza-me-bernard-ntaganda-uvuga-ko-imfungwa-za-politiki-zifatwa-nabi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678","title":{"rendered":"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi"},"content":{"rendered":"<p>Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019Abagororwa ruranyomoza umunyapolitiki Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki mu Rwanda zifatwa nabi rwo rugashimangira ko imfungwa zose zifatwa kimwe.<\/p>\n<p>Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda uvuga ko ahagarariye ishyaka PS Imberakuri ritemewe mu Rwanda, avuga ko yatangiye ibikorwa byo kuvugira abanyapolitiki bafungiye mu Rwanda, aho avuga ko guhera ku itariki 17 Kamena kugeza ku itariki 24 Kamena, buri munsi hari ibikorwa bagenda bakora bigamije gushyigikira abo yita imfungwa za politiki.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bigaragara mu itangazo yashyize ahagaragara, Me Ntaganda agaragaza ibikorwa bitandukanye birimo icyo guhamagarira Abanyarwanda ndetse n\u2019Abanyamahanga kuzirikana kuri izi mfungwa bazifasha mu buryo bushoboka bwose.<\/p>\n<p>Me Bernard Ntaganda avuga ko bateganyije ibiganiro mbwirwaruhame bizabera mu Rwanda no mu mahanga baganira n\u2019abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ndetse banasure izi mfungwa.<\/p>\n<p>Uyu munyapolitiki uvuga ko ayoboye ishyaka PS Imberakuri, avuga ko azasaba imiryango mpuzamahanga n\u2019ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Budage, u Bubiligi ndetse n\u2019u Bufaransa, gushyira igitutu kuri Leta y\u2019u Rwanda bayisaba gufungura izi mfungwa.<\/p>\n<p>Uyu akavuga ko ibyo asaba abizi neza kuko nawe yafunzwe, akaba asobanura ibyo azi.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Njye ubikubwira narahabaye, nta buzima buri hariya mu Rwanda, nta butabera tugira. Ubutabera bwo mu Rwanda bwagiye mu kwaha kwa FPR. Ngirango abagiye bafungwa, abanyapolitiki, Diane yarabivuze, Victoire yarabivuze, nanjye narabivuze ..icyabafunze..kuki abo bantu bose bahamwa n\u2019icyaha kimwe? Kuvutsa umudendezo w\u2019igihugu, kuzana amacakubiri, kwamamaza ibihuha, gukoresha imyigaragambyo itemewe. Kuki abantu bose iyo bafunzwe b\u2019abanyapolitiki baba bazira icyo cyaha<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Ibyo Me Bernard Ntaganda avuga ariko biravuguruzwa n\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe Imfungwa n\u2019Abagororwa (RCS) rwemeza ko ibyo avuga nta kuri kurimo.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yahaye Ijwi rya Amerika, umuvugizi w\u2019uru rwego, Hillary Sengabo, yavuze ko ibyo Me Bernard Ntaganda avuga abikora agamije kongera kumvikana mu binyamakuru, ashimangira ko mu Rwanda imfungwa zihabwa uburenganzira kandi nta n\u2019umwe uhohoterwa.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Imfungwa n\u2019abagororwa mu rwego rw\u2019igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019abagororwa, navuga ko bafashwe mu buryo buteganywa n\u2019amategeko, bahabwa imiti ku barwayi, bagahabwa ibiribwa, bagahabwa aho kuryama haboneye, bagahabwa imyambaro, ndetse bagashyikirizwa ubutabera aho bikenewe n\u2019ibindi byose bateganyirizwa n\u2019amategeko birimo nko gusurwa, kandi ntabwo turobanura imfungwa mu rwego rwo kuba ari abanyapolitiki cyangwa atari abanyapolitiki<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Hillary Sengabo yongeyeho ko yumva ibyo Me Ntaganda avuga abantu baba badakwiye kubitega amatwi na cyane ko ngo nawe ubwe azwi ko ari umuntu wigeze gukurikiranwa n\u2019ubutabera ndetse agafungwa.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Njye bene nk\u2019ibyo ndumva abantu badakwiye kubitega amatwi, ahubwo abashidikanya uko imfungwa n\u2019abagororwa babayeho, baza bakabasura kuko kuri gereza barasura, bakabonana n\u2019abantu babo bafunze<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Me Ntaganda akaba yatangaje urutonde rw\u2019abantu yifuza kuzasura we n\u2019abo avuga ko bafatanyije, barimo ku isonga abarwanashyaka ba PS Imberakuri babiri, Ingabire Victoire wa FDU Inkingi, Deo Mushayidi wa PDP Imanzi, Diane Rwigara ndetse na Kizito Mihigo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019Abagororwa ruranyomoza umunyapolitiki Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki mu Rwanda zifatwa nabi rwo rugashimangira ko imfungwa zose zifatwa kimwe. Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda uvuga ko ahagarariye ishyaka PS Imberakuri ritemewe mu Rwanda, avuga ko yatangiye ibikorwa byo kuvugira abanyapolitiki bafungiye mu Rwanda, aho avuga ko guhera ku itariki 17 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-10678","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019Abagororwa ruranyomoza umunyapolitiki Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki mu Rwanda zifatwa nabi rwo rugashimangira ko imfungwa zose zifatwa kimwe. Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda uvuga ko ahagarariye ishyaka PS Imberakuri ritemewe mu Rwanda, avuga ko yatangiye ibikorwa byo kuvugira abanyapolitiki bafungiye mu Rwanda, aho avuga ko guhera ku itariki 17 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-20T09:58:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi\",\"datePublished\":\"2018-06-20T09:58:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678\"},\"wordCount\":476,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678\",\"name\":\"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-06-20T09:58:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10678#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi - BWIZA","og_description":"Urwego rw\u2019Igihugu rushinzwe imfungwa n\u2019Abagororwa ruranyomoza umunyapolitiki Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki mu Rwanda zifatwa nabi rwo rugashimangira ko imfungwa zose zifatwa kimwe. Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda uvuga ko ahagarariye ishyaka PS Imberakuri ritemewe mu Rwanda, avuga ko yatangiye ibikorwa byo kuvugira abanyapolitiki bafungiye mu Rwanda, aho avuga ko guhera ku itariki 17 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-20T09:58:26+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi","datePublished":"2018-06-20T09:58:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678"},"wordCount":476,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10678#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678","name":"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-06-20T09:58:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10678"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10678#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10678","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10678"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10678\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10678"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10678"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10678"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}