{"id":10693,"date":"2018-06-21T08:44:43","date_gmt":"2018-06-21T08:44:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/21\/kuba-muri-sosiyete-sivile-ntibikwiye-kubangikanywa-no-kuba-mu-nzego-za-leta\/"},"modified":"2018-06-21T08:44:43","modified_gmt":"2018-06-21T08:44:43","slug":"kuba-muri-sosiyete-sivile-ntibikwiye-kubangikanywa-no-kuba-mu-nzego-za-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693","title":{"rendered":"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Mu gihe hagitegerejwe itegeko na politiki bizagenga sosiyete sivile mu Rwanda, bamwe mu bagize imiryango iyihuriyemo barasanga nta munyamuryango wabo ukwiye kuba ari muri zimwe mu nzego za Leta zifata ibyemezo, kuko byatuma adatanga umusaruro, bikanagabanya icyizere abaturage bari baitiye iyo miryango.<\/strong>  <strong>\u00a0<\/strong> <\/p>\n<p>Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile basanga hari imyanya idakwiye kubangikanywa. Aha batanga urugero rw\u00a0\u2018umuntu waba ari mu buyobozi bwabo, akabifatanya no kuba umuyobozi w\u2019akarere.<\/p>\n<p>Ingero zitangwa za vuba, ni aho umwe mu bakuriye ihuriro ry\u2019imiryango ubu yabaye Meya w\u2019agateganyo mu karere kamwe mu Burasirazuba, bakibaza niba yaramaze kwegura muri sosiyeti sivile. Bakagira bati, \u00ab\u00a0ese ubwo yabanira ate indi miryango ije imusanga mu karere yamaze kubera umuyobozi\u00a0?\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Urundi ni urw\u2019umunyamakuru na we wari umaze igihe muri uyu murimo, nyamara ubu nawe akaba yaramaze kuba Meya mu ntara y\u2019Amajyaruguru. Bati &#8220;ese buriya ubundi kuba muri njyanama yabikomatanyaga ate n\u2019umwuga\u00a0?<\/p>\n<p>Nta gihe kinini gishize kandi, umwe mu bari mu buyobozi bw\u2019umwe mu miryango itari iya Leta ashinze ishyaka rya Politiki, maze \u00ab\u00a0abari muri uwo muryango bose bagafatwa nk\u2019aho bari no muri iryo shyaka\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Bati &#8220;ibyo ntibikwiye kubangikanywa kuko umwe aba asa n\u2019aho agenzura undi, amurebera ibyo yaba yibagiwe gukora, ibyakozwe nabi cyangwa se ibikwiye gukorwa\u00a0\u00bb. Bityo bakaba batekereza ko umunyamuryango wabo ugiye mu myanya y\u2019ubuyobozi, mu nzego za leta zifata ibyemezo aba akwiye guhita yegura ku mwanya yarimo.<\/p>\n<p>Nubwo aba banyamuryango ba sosiyetI sivile bavuga ko ngo biriya ari byo byatuma imikorere yabo igenda neza, hari n\u2019abavuga ahubwo ko abantu benshi barwanira kugaragara muri sosiyetI sivile bacunze kubona imyanya y\u2019akazi ikomeye muri Leta. Aha hakaba hibazwa niba abantu nk\u2019abo batanga umusaruro mwiza mu gihe bitaborohera kuba bayikebura banga kwiteranya na yo ngo itabima ako kazi.<\/p>\n<p>Gusa hari n\u2019abasanga kuba mu muryango utari uwa Leta bidakuraho kuba umuturage w\u2019intangarugero, bityo ngo na Leta ikaba yamubenguka ikamushyira mu nzego zifata ibyemezo, adashobora kubyanga. Icyiza benshi bagarukaho ni ukwihutira kwegura mu mwanya yarimo ntabibangikanye.<\/p>\n<p>Nubwo igizwe n\u2019imiryango itegamiye kuri leta, sosiyetI sivile ikora nk\u2019umufatanyabikorwa wayo mu guhangana n\u2019ibibazo biba bikomereye igihugu, kandi leta iba iyikeneyeho ibitekerezo bya bose. Haracyari abaturage bavuga ko batazi imikorere yayo uretse kuyumva kuri za radiyo. Ku rundi ruhande, hari n\u2019abayinenga gukorera mu kwaha kwa Leta n\u2019ukw\u2019abaterankunga bayo kurusha uko ikorera abaturage.<\/p>\n<p>Ibitekerezo nk\u2019ibi, ni bimwe mu byo abagize sosiyetI sivile bifuza ko byagenderwaho batanga umurongo ugenga iyi miryango, ndetse n\u2019itegeko ryayo.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook\u00a0<\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste\/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe hagitegerejwe itegeko na politiki bizagenga sosiyete sivile mu Rwanda, bamwe mu bagize imiryango iyihuriyemo barasanga nta munyamuryango wabo ukwiye kuba ari muri zimwe mu nzego za Leta zifata ibyemezo, kuko byatuma adatanga umusaruro, bikanagabanya icyizere abaturage bari baitiye iyo miryango. \u00a0 Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile basanga hari imyanya idakwiye kubangikanywa. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-10693","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe hagitegerejwe itegeko na politiki bizagenga sosiyete sivile mu Rwanda, bamwe mu bagize imiryango iyihuriyemo barasanga nta munyamuryango wabo ukwiye kuba ari muri zimwe mu nzego za Leta zifata ibyemezo, kuko byatuma adatanga umusaruro, bikanagabanya icyizere abaturage bari baitiye iyo miryango. \u00a0 Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile basanga hari imyanya idakwiye kubangikanywa. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-21T08:44:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo\",\"datePublished\":\"2018-06-21T08:44:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693\"},\"wordCount\":440,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693\",\"name\":\"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-06-21T08:44:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10693#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo - BWIZA","og_description":"Mu gihe hagitegerejwe itegeko na politiki bizagenga sosiyete sivile mu Rwanda, bamwe mu bagize imiryango iyihuriyemo barasanga nta munyamuryango wabo ukwiye kuba ari muri zimwe mu nzego za Leta zifata ibyemezo, kuko byatuma adatanga umusaruro, bikanagabanya icyizere abaturage bari baitiye iyo miryango. \u00a0 Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile basanga hari imyanya idakwiye kubangikanywa. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-21T08:44:43+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo","datePublished":"2018-06-21T08:44:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693"},"wordCount":440,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10693#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693","name":"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-06-21T08:44:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10693"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10693#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10693","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10693"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10693\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10693"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10693"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10693"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}