{"id":10696,"date":"2018-06-21T10:00:55","date_gmt":"2018-06-21T10:00:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/06\/21\/aho-umwanzi-yaba-aturutse-hose-yaba-ari-uw-indani-yaba-ari-uwo-hanze-ikibazo\/"},"modified":"2018-06-21T10:00:55","modified_gmt":"2018-06-21T10:00:55","slug":"aho-umwanzi-yaba-aturutse-hose-yaba-ari-uw-indani-yaba-ari-uwo-hanze-ikibazo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696","title":{"rendered":"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka &#8211; RDF"},"content":{"rendered":"<p>Igisirikare cy\u2019u Rwanda kirizeza ko abantu abaherutse kugaba igitero mu Murenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru , bakica abaturage babiri babarashe ndetse bagakomeretsa abandi, bazamenyekana kandi n\u2019abaturage bakabibona kuko hari abatangiye gukurikirana iki kibazo. Umuvugizi w\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango, akaba avuga ko aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka.<\/p>\n<p>Mu ijoro ryo kuwa 19 rishyira kuwa 20 Kamena, nibwo abantu bataramenyekana bitwaje intwaro bagabye igitero mu Murenge wa Nyabimata, Akagali ka Nyabimata, Umudugudu wa Rwerere ho mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y\u2019Amajyepfo, bica abaturage babiri bakomeretsa abandi batatu barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Nyabimata, Vincent Nsengiyumva.<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri Bwiza aravuga ko uyu muyobozi yarashwe ku ijosi ariko Imana igakinga akaboko ntapfe ahubwo agakomereka, mu gihe abagabye igitero basize batwitse imodoka ye n\u2019aho yari acumbitse ndetse bagatwika na moto y\u2019umumotari wacakiranye nabo atashye mbere yo kumushimutana n\u2019abandi bakaza kubarekura nyuma.<\/p>\n<p>Mu bandi bashimuswe kandi biravugwa ko ari abakozi barindaga umutekano wa koperative yo kubitsa no kugurizanya y\u2019Umurenge Sacco Nyabimata nyuma yo kugerageza kuyiba ariko ntibibakundire.<\/p>\n<p>Amakuru kandi aravuga ko aba bagabye igitero basahuye agasantere k\u2019ubucuruzi ka Rumenero bagasahura bimwe mu bicuruzwa byiganjemo ibiribwa byari muri za butiki.<\/p>\n<p>Amakuru yagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, yavugaga ko abagabye iki gitero baturutse mu ishyamba riri ku mupaka w\u2019u Rwanda n\u2019u Burundi, bakambukira mu cyayi mbere yo guhingukira ku Murenge wa Nyabimata, ari naho bahunze basubira bari kumwe n\u2019abantu bari bashimuse.<\/p>\n<p>Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Polisi y\u2019u Rwanda kuri uyu wa Gatatu kandi rivuga ko inzego z\u2019umutekano zihutiye gutabara no gushakisha abo bagizi ba nabi, rivuga ko abayobozi b\u2019ibanze n\u2019ab\u2019umutekano bakoranye inama n\u2019abaturage yo kubahumuriza mu gihe hagishakishwa abo bagizi ba nabi.<\/p>\n<p>Amakuru kandi akomeza avuga ko aba bantu bari bashimuswe barekuwe bagasubira iwabo nyuma yo kubageza hafi y\u2019ishyamba rya Nyungwe. Umwe muri aba bari bashimuswe wavuganye n\u2019itangazamakuru w\u2019umumotari ari nawe batwikiye moto, yatangaje uko byagenze.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Nari mvuye ku kazi ninjoro ntashye ngeze mu nzira numva bari kurasa ntega amatwi ngo numve ahantu imbunda ziri kuvugira, ntashye nsanga batwitse imodoka ya gitifu. Ngirango mbaze amakuru y\u2019uko bimeze, mbona ni abasirikare mpita nagiserera moto ngo ntahe, ngeze ku irembo nsanga ikindi gitero giturutse ku murenge gihita kimfata<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko bamwatse ibyangombwa bye byose barangiza bakamutwikira moto byarangira bakabajyana n\u2019abandi bari bafashe bagenda babakubita kugera mu gasantere ko mu Rumenero bica inzugi z\u2019amabutiki barasahura bikoreza aba bari bafashe ibyo basahuye barabibatwaza.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Tubagejeje mu ishyamba barongera baraturekura badukoresha inama batwicaje tugirango bagiye kudutwika natwe, birangije batubwira amagambo\u2026ngo ntabwo batwanga\u2026baratubwira ngo umuntu uzajya ababona akavuza induru bazajya bamurasa mu kanwa..ngo tugende tuburire abantu, ngo nibajya bababona ntibakajye bavuza induru.<\/em> .\u201d<\/p>\n<figure id=\"attachment_107850\" aria-describedby=\"caption-attachment-107850\" style=\"width: 1000px\" class=\"wp-caption alignleft\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-107850 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"750\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-107850\" class=\"wp-caption-text\">Imodoka y&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Nyabimata basize bayitwitse<\/figcaption><\/figure>\n<p>Yongeyeho ko babakubise bakabavunagura mbere yo kubarekura, bakaba bavugaga Igiswahili, Ikinyarwanda ndetse n\u2019Ikirundi bavanga kandi ngo bose uko bageraga mu 100 bari bafite imbunda harimo abambaye gisirikare n\u2019abambaye gisivili.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201c <em>Bavugaga ngo uwo baje kureba baramuzi..ngo ntitugire ubwoba..ngo kandi, uyu murenge wose wa Nyabimata ngo ni uwabo..ngo ushaka ko bakorana azagumamo, ngo utazabishaka azawuhunge naho ubundi ngo isaha ni isaha umurenge ni uwabo barawufashe<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Nyuma yo kumva ibyatangajwe n\u2019uyu muturage Bwiza.com yifuje kumenya icyo Igisirikare cy\u2019u Rwanda (RDF) giteganya gukora nyuma y\u2019ibi bintu, ku murongo wa telephone tuvugana n\u2019umuvugizi w\u2019Igisirikare cy\u2019u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango yabanje kuduseka cyane aseka ukuntu dushaka kumenya icyo igisirikare kigiye gukora kandi ari ibanga ryacyo, dukomeza ikiganiro atubwira ibyo yumva ari ngombwa yatumenyesha kuri ubu.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Urumva..igisirikare ntigitangaza ibyo kigiye gukora. Ahubwo icyo nkwizeza gusa nuko ibivugwa bitazaba, kandi n\u2019ababikoze bazamenyekana mukabibona. Ibindi byo kuvuga ngo igisirikare kigiye gukora iki,\u2026 icyo kibazo nawe urabizi ko utakibonera igisubizo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda yakomeje avuga ko hari abari gukurikirana iki kibazo bo mu nzego z\u2019umutekano naho ngo ku ruhande rwa RDF aho umwanzi yaturuka hose ntibyamuhira.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Aho yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Twamubajije niba baba bamenye aba bantu bagabye iki gitero abo ari bo, yirinda kuvuga abo ari bo agira ati: \u201c <em>Oya<\/em> \u201d gusa yumvikanisha ko bashobora kuba hari abo bakeka atifuje gutangaza.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Reka njyewe n\u2019aho baturutse njye sindahamenya, wowe urahazi<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Twamubwiye ko bivugwa ko abateye bashobora kuba baturutse I Burundi tugirango twumve niba nabo ari ko babyemeza, maze mu gusubiza ati: \u201c <em>Reka da, ayo makuru ntabwo njyewe nyazi<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ibyabaye kuwa 19 Kamena bibaye mu gihe hari hashize icyumweru kimwe n\u2019iminsi, aho kuwa 10 Kamena abantu bitwaje intwaro gakondo bagabye igitero mu wundi murenge wo muri aka karere ka Nyaruguru witwa Ngera, bagakomeretsa abaturage ndetse bakabasahura.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igisirikare cy\u2019u Rwanda kirizeza ko abantu abaherutse kugaba igitero mu Murenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru , bakica abaturage babiri babarashe ndetse bagakomeretsa abandi, bazamenyekana kandi n\u2019abaturage bakabibona kuko hari abatangiye gukurikirana iki kibazo. Umuvugizi w\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango, akaba avuga ko aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-10696","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka - RDF - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka - RDF - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igisirikare cy\u2019u Rwanda kirizeza ko abantu abaherutse kugaba igitero mu Murenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru , bakica abaturage babiri babarashe ndetse bagakomeretsa abandi, bazamenyekana kandi n\u2019abaturage bakabibona kuko hari abatangiye gukurikirana iki kibazo. Umuvugizi w\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango, akaba avuga ko aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-06-21T10:00:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka &#8211; RDF\",\"datePublished\":\"2018-06-21T10:00:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696\"},\"wordCount\":819,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696\",\"name\":\"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka - RDF - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\",\"datePublished\":\"2018-06-21T10:00:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10696#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka &#8211; RDF\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka - RDF - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka - RDF - BWIZA","og_description":"Igisirikare cy\u2019u Rwanda kirizeza ko abantu abaherutse kugaba igitero mu Murenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru , bakica abaturage babiri babarashe ndetse bagakomeretsa abandi, bazamenyekana kandi n\u2019abaturage bakabibona kuko hari abatangiye gukurikirana iki kibazo. Umuvugizi w\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango, akaba avuga ko aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-06-21T10:00:55+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka &#8211; RDF","datePublished":"2018-06-21T10:00:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696"},"wordCount":819,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696","name":"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka - RDF - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg","datePublished":"2018-06-21T10:00:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10696"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/d317d896-a030-4a24-a888-5c25984d0589-c1ab6.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10696#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw\u2019indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka &#8211; RDF"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10696","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10696"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10696\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10696"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10696"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10696"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}