{"id":1070,"date":"2016-03-11T10:03:07","date_gmt":"2016-03-11T10:03:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/11\/imibonano-mpuzabitsina-si-imbaraga-ahubwo-ni-ubwenge-dore-uburyo-5-wanezezamo\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:20","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:20","slug":"imibonano-mpuzabitsina-si-imbaraga-ahubwo-ni-ubwenge-dore-uburyo-5-wanezezamo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070","title":{"rendered":"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi"},"content":{"rendered":"<p>Birababaza kandi biranagoye kumva aho umwe mu bashakanye avuga ko umugore cyangwa umugabo we amubihiriza mu gihe cy\u2019 mibonano mpuzabitsina, Iyo rero mugiye gukora iki gikorwa ku bw\u2019 urukundo mufitanye, bisaba kubanza gutegurana ndetse no kumva neza ko igikorwa mugiye gukora ari umunezero wanyu mwese ku buryo buri umwe yumva ko ari ngombwa ko mutangira.<br \/>\nTwifashishije urubuga rwa internet askmen.com, batugaragariza ko hari uburyo bunyuranye wakoresha umukunzi wawe akanyurwa ari nabyo bimutera akanyamuneza mu buzima bwe bwa buri munsi.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-26832 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg\" alt=\"66\" width=\"549\" height=\"390\" \/><\/a><br \/>\n1.Uretse gutegurana mukorakoranaho mu gihe mugiye kwinjira muri icyo gikorwa, ni na byiza cyane ko musomana kandi mu bwitonzi kuko buriya iyo usomye umugore ahita yumva ibinyamuneza umubiri we wose. Ubwo rero bisaba ko umugabo akorakora ibice bishobora kongerera ubushake umugore ndetse akanamusoma birambuye.<br \/>\n2.Igihe mutangiye icyo gikorwa ntukamushyireho ibiro byawe byose niba mukoresheje uburyo bwo kumujyaho kuko iyo umushyizeho ibiro byawe byose, uba umubujije kwisanzura ngo na we yumve ibyishimo neza. Ahubwo jya wiyoroshya bizabafasha mwembi gusangira umunezero.<br \/>\n3.Jya wirinda gukora imibonano mpuzabitsina ucecetse cyangwa usa n\u2019 aho utishimye. Ahubwo uramwenyura ukamwereka ko wishimye kandi ukanamubaza uko yumva bimeze, mbese mukaganira uko igikorwa kimeze. Ibyo byongera ibyishimo ku mpande zombie.<br \/>\n.<br \/>\n4.Jya wirinda gukoresha umukunzi wawe ibintu bivunanye cyangwa atamenyereye ku gahato, ari nk\u2019 ibyo ubona mu ma filime y\u2019 urukozasoni ngo nawe wumve ko aribyo agomba kugukorera. Ugomba kumugendesha gahoro ndetse ukabikora ari uko ubona ko bitamubangamiye kandi ukabikora mu gihe ubona ko yishimiye icyo gikorwa.<br \/>\n<img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-26833\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/A3.jpg\" alt=\"A\" width=\"642\" height=\"427\" \/><br \/>\n5.Iyo ufite ikibazo cyo kurangiza vuba cyangwa kurangiza utinze uba ugomba kumenya uko uri bushimishe umukunzi wawe. Niba urangije vuba, gerageza ukoreshe uburyo bwose wakomeza ugashimisha umugore kugirango na we agere ku byishimo bye bya nyuma cyangwa se urongore wirondereza kugirango umutegereze muze kurangiriza rimwe.<br \/>\nNiba kandi urangiza utinze kora uburyo bwose umushimisha kugeza urangije kugirango atarambirwa akumva bimubihiye kuko we ashobora kuba yamaze kugera ku byishimo bye bya nyuma, Muteguze ko ugiye kurangiza kugirango bitamutungura.<br \/>\nBuriya iyo ubimuteguje nawe ahita yitegura bikabafasha kuba mwanarangiriza rimwe.<br \/>\n6.Si byiza ko umugabo azana ibindi biganiro biterekeye ku kabariro cyangwa ku rukundo igihe bari gutegurana kuko bituma ubwonko bw\u2019 umugore butakira neza igikorwa kigiye gukorwa, ibi kandi binagira ingaruka mbi ku bwonko kuko bituma umuntu atarangiza neza.<br \/>\nUkurikiza izinama wese nta cyamubuza kuryoherwa n\u2019 imibonano mpuzabitsina kandi n\u2019 ibyo byishimo burya bibaho mu buzima cyane cyane ku bashakanye.<br \/>\nUwakoze neza imibonano mpuzabitsina n\u2019uwo bashakanye, bakayikora mu gihe cyateguwe kandi gihoraho bibafasha kubaho mu buzima bwiza.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Gentille Kamikazi\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Birababaza kandi biranagoye kumva aho umwe mu bashakanye avuga ko umugore cyangwa umugabo we amubihiriza mu gihe cy\u2019 mibonano mpuzabitsina, Iyo rero mugiye gukora iki gikorwa ku bw\u2019 urukundo mufitanye, bisaba kubanza gutegurana ndetse no kumva neza ko igikorwa mugiye gukora ari umunezero wanyu mwese ku buryo buri umwe yumva ko ari ngombwa ko mutangira. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-1070","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Birababaza kandi biranagoye kumva aho umwe mu bashakanye avuga ko umugore cyangwa umugabo we amubihiriza mu gihe cy\u2019 mibonano mpuzabitsina, Iyo rero mugiye gukora iki gikorwa ku bw\u2019 urukundo mufitanye, bisaba kubanza gutegurana ndetse no kumva neza ko igikorwa mugiye gukora ari umunezero wanyu mwese ku buryo buri umwe yumva ko ari ngombwa ko mutangira. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-11T10:03:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi\",\"datePublished\":\"2016-03-11T10:03:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070\"},\"wordCount\":428,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/66.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070\",\"name\":\"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/66.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-11T10:03:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/66.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/66.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1070#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi - BWIZA","og_description":"Birababaza kandi biranagoye kumva aho umwe mu bashakanye avuga ko umugore cyangwa umugabo we amubihiriza mu gihe cy\u2019 mibonano mpuzabitsina, Iyo rero mugiye gukora iki gikorwa ku bw\u2019 urukundo mufitanye, bisaba kubanza gutegurana ndetse no kumva neza ko igikorwa mugiye gukora ari umunezero wanyu mwese ku buryo buri umwe yumva ko ari ngombwa ko mutangira. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-11T10:03:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:20+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi","datePublished":"2016-03-11T10:03:07+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070"},"wordCount":428,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070","name":"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg","datePublished":"2016-03-11T10:03:07+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1070"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/66.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1070#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Imibonano mpuzabitsina si imbaraga ahubwo ni ubwenge, dore uburyo 5 wanezezamo umukunzi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1070","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1070"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1070\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1070"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1070"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1070"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}