{"id":10780,"date":"2018-07-10T15:03:34","date_gmt":"2018-07-10T15:03:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/07\/10\/gasabo-ubushinjacyaha-bwamutwariye-ibikoresho-nk-039-ibimenyetso-arabutsinda\/"},"modified":"2018-07-10T15:03:34","modified_gmt":"2018-07-10T15:03:34","slug":"gasabo-ubushinjacyaha-bwamutwariye-ibikoresho-nk-039-ibimenyetso-arabutsinda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780","title":{"rendered":"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye"},"content":{"rendered":"<p>Uwitwa Rukundo Jean Claude, wo mu Mudugudu wa Kumukenke, Akagali ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo, ho mu Mujyi wa Kigali akomeje gutaka akarengane akomeje gukorerwa n\u2019abakabaye bamurenganura avuga ko ibikoresho bye, bifite agaciro ka miliyoni 18Frw, byafashwe nk&#8217;ibimenyetso ku cyaha yashinjwaga yabyimwe ndetse akaba afite impungenge z\u2019uko byarigishijwe nyuma y\u2019aho minisitiri w\u2019ubutabera ubwe yandikiye ubushinjacyaha abusaba gusubizwa ibye nk\u2019uko urukiko rwabitegetse ariko amaso akaba yaraheze mu kirere ahubwo ubushinjacyaha bugashaka kumuha ibikoresho bitari ibye.<\/p>\n<p>Ni urubanza rwatangiye ubwo ubushinjacyaha bwaregeraga Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Nyarugenge burega Rukundo Jean Claude n\u2019abandi bantu batatu bareganwaga, icyaha cy\u2019ubujura buciye icyuho baregwaga kuba barakoreye Connet Computer Ltd Company na Marvel Solution Ltd.<\/p>\n<p>Mu guca urubanza, urukiko rw\u2019ibanze kuwa 30\/06\/2014 rwahamije abantu batatu barimo na Rukundo Jean Claude icyaha naho umwe agirwa umwere, Rukundo ahanishwa igifungo cy\u2019umwaka n\u2019igice ajuririra Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasesenguye urubanza rusanga ubuhamya bwatanzwe n\u2019umwe mu bareganwaga na Rukundo witwa Niyibizi Jean Marie butashingirwaho bitewe n\u2019uko bwari burimo kwivuguruza.<\/p>\n<p>Uko kwivuguruza kukaba kugaragazwa no kuba mu ibazwa imbere y\u2019inzego z\u2019iperereza Niyibizi yaravuze ko yagurishije imashini na Rukundo Jean Claude kuwa 17\/03\/2013 (iyi akaba ari nayo tariki igaragara mu nyandiko itanga ikirego yakozwe n\u2019ubushinjacyaha) yagera imbere y\u2019urukiko hamwe akavuga ko yazimugurishije kuwa 05\/04\/2013, ahandi kuwa 16\/03\/2013 nyamara wabihuza n\u2019urwandiko rw\u2019abajya mu mahanga Rukundo yashyikirije urukiko, ugasanga kuri ayo matariki atari mu Rwanda kuko yasohotse kuwa 12\/03\/2013 ajya Uganda akagaruka kuwa 21\/03\/2013, akongera gusohoka kuwa 12\/04\/2013 akagaruka kuwa 15\/04\/2013.<\/p>\n<p>Ubu buhamya ari nabwo bwagendeweho n\u2019urukiko rw\u2019ibanze rukatira Rukundo gufungwa umwaka n\u2019igice, bugatera kwibaza aho baba barahuriye ngo amugurishe ibyo bijurano, ikindi cyatumye budafatwa n\u2019ukuri akaba ari uko ubushinjacyaha buterekanaga ko mu bikoresho byavanywe kwa Rukundo, harimo ibijurano byibwe mu maduka ya Connet Computer Ltd Company na Marvel Solution Ltd.<\/p>\n<p>Mu myanzuro y\u2019Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, Bwiza.com ifitiye kopi, urukiko rwemeje ko Rukundo Jean Claude agizwe umwere, ndetse rutegeka ko asubizwa ibikoresho bye bitandukanye by\u2019ikoranabuhanga birimo laptops 19 byafatiriwe n\u2019ubushinjacyaha.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha ntibwanyuzwe bujuririra iki cyemezo mu rukiko rukuru, maze uru rwemeza ko urubanza RAD 00228\/2016\/TGI\/NYGE rwaciwe kuwa 12\/05\/2017 n\u2019Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rudahindutse mu ngingo zarwo zose uretse ku bijyanye n\u2019amafaranga y\u2019ikurikiranarubanza.<\/p>\n<p> <strong>Polisi ivuga ko ibikoresho bye yabihaye ubushinjacyaha yabubaza ibikoresho bye bukamuha ibindi atazi nyirabyo bufite<\/strong> <\/p>\n<p>Nyuma y\u2019aho urukiko rwanzuriye ko ubushinjacyaha bugomba gusubiza Rukundo ibikoresho bye ariko akabona atabisubizwa, Rukundo\u00a0 yandikiye inzego nyinshi zitandukanye zirimo Minisiteri y\u2019ubutabera, Ibiro bya Minisitiri w\u2019Intebe (Primature), ubushinjacyaha bukuru, Umuvunyi mukuru, Transparance Rwanda, CID, Polisi n\u2019umuyobozi mukuru wayo azisaba kumurenganura.<\/p>\n<p>Mu kumufasha nk\u2019umukuru w\u2019ubutabera bw\u2019u Rwanda, Minisitiri Johnston Busingye yandikiye Umushinjacyaha mukuru, ku wa 11 Ukuboza 2015, amusaba gukurikirana ikibazo cya Rukundo ndetse kikanakemurwa mu gihe bigaragara ko ari umwere.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c <strong> <em>Nsuzumye ibaruwa ye y\u2019urubanza nimero NPA0346\/14\/TGI\/NYGE, NPA 0371\/14\/TGI\/NYGE\/ NPA00367\/14\/TGI\/NYGE\/NPA 0455\/14\/TGI\/NYGE nsanze koko yaragizwe umwere ku cyaha cy\u2019ubujura buciye icyuho yaregwaga, cyakorewe \u2018Connect computer Ltd\u2019 na \u2018Marvel solution Ltd\u2019, maze urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rutegeka ubushinjacyaha kumusubiza ibikoresho bye bitandukanye bwari bwafatiriye, urwo rubanza rukaba rwarabaye itegeko kuko rwatejwe kashempuruza<\/em> <\/strong> \u201d.<\/p>\n<p>Muri iyi baruwa ye, minisitiri w\u2019ubutabera yakomeje agira ati: \u201c <strong> <em>Nshingiye ku ngingo ya 140(5) y\u2019itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk\u2019uko ryavuguruwe kugeza ubu iteganya ko \u201cIbyemezo by\u2019ubucamanza bigomba gukurikizwa n\u2019abo bireba bose, zaba inzego z\u2019ubutegetsi bwa leta cyangwa abantu ku giti cyabo. Ntibishobora kuvuguruzwa keretse binyuze mu nzira no mu buryo buteganywa n\u2019amategeko<\/em> <\/strong> \u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_108292\" aria-describedby=\"caption-attachment-108292\" style=\"width: 822px\" class=\"wp-caption alignleft\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-108292 \" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg\" alt=\"\" width=\"822\" height=\"1172\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-108292\" class=\"wp-caption-text\">Ibaruwa minisitiri Busingye yandikiye ubushinjacyaha bukuru<\/figcaption><\/figure>\n<p>Mu kiganiro yahaye Bwiza.com kuri uyu wa kabiri,itariki 27 Kamena, Rukundo Jean Claude yavuze ko minisitiri amaze kubandikira bamubwiye ko ibikoresho bye babibonye ariko yahagera bakamwereka ibindi bakamugira inama yo kuba ari byo atwara ariko agatinya kubifata atari bye anatinya ko anashobora kubitwara ejo cyangwa ejobundi hakazaboneka nyirabyo akajya yakurikiranwaho icyaha nk\u2019icyo bari bamureze.<\/p>\n<p>Yongeye kwandikira minisiteri y\u2019ubutabera asaba ko niba ibikoresho bye bitabonetse yakwishyurwa mu mafaranga, umuyobozi ushinzwe kwegereza ubutabera abaturage, Urujeni Martine, amubwira ko atahabwa amafaranga kuko atari yo urukiko rwategetse (urukiko rwategetse ko asubizwa ibikoresho bye) amubwira ko akwiye kwakira ibyo bikoresho, nyamara we atemera ko ari byo bye, yaba akomeje kubyanga ashaka ubwishyu akagana inzira ziteganywa n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Yegereye umushinjacyaha mukuru, nawe amubwira ko uru rubanza rwe atarurangiza kuko atasohora amafaranga yo kwishyura ibyo bikoresho atari ko urukiko rwabitegetse nyamara byaraburiye mu maboko y\u2019ubushinjacyaha kuko polisi yemeza ko ari bwo yahise ibishyikiriza nyuma yo kubifata mu rwego rw\u2019iperereza nk\u2019uko yabimenyesheje Rukundo kuwa 06\/11\/2013.<\/p>\n<p>Twagerageje kuvugisha ubushinjacyaha bukuru ngo twumve icyo buvuga ku kibazo cy\u2019uyu muturage, Rukundo uvuga ko ibikoresho ubushinjacyaha bumusaba gutwara atemera ko ari ibye bwakuye iwe, ku murongo wa telephone umuvugizi wabwo, Faustin Nkusi, avuga ko niba atemera ko ibyo bikoresho ari bye yagana urukiko agatangiza urubanza rw\u2019ibintu bye.<\/p>\n<p>Ni mu gihe minisitiri w&#8217;ubutabera yavuze ko ashingiye ku ngingo ya 140(5) y\u2019itegeko nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk\u2019uko ryavuguruwe kugeza ubu iteganya ko \u201cIbyemezo by\u2019ubucamanza bigomba gukurikizwa n\u2019abo bireba bose, zaba inzego z\u2019ubutegetsi bwa leta cyangwa abantu ku giti cyabo. Ntibishobora kuvuguruzwa keretse binyuze mu nzira no mu buryo buteganywa n\u2019amategeko. Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rukaba rwaranzuye ko Rukundo asubizwa ibikoresho bye ndetse mu bujurire Urukiko Rukuru rukongera kubishimangira.<\/p>\n<p>Rukundo Jean Claude akaba asaba inzego zibishoboye kumurenganura agasubizwa ibikoresho bye nk\u2019uko byavanwe iwe, kuko akomeje kuba mu gihirahiro ndetse n\u2019igihombo gikomeye.<\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_56936\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/UxzQ8Mt-x5U?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/UxzQ8Mt-x5U\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwitwa Rukundo Jean Claude, wo mu Mudugudu wa Kumukenke, Akagali ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo, ho mu Mujyi wa Kigali akomeje gutaka akarengane akomeje gukorerwa n\u2019abakabaye bamurenganura avuga ko ibikoresho bye, bifite agaciro ka miliyoni 18Frw, byafashwe nk&#8217;ibimenyetso ku cyaha yashinjwaga yabyimwe ndetse akaba afite impungenge z\u2019uko byarigishijwe nyuma y\u2019aho minisitiri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-10780","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwitwa Rukundo Jean Claude, wo mu Mudugudu wa Kumukenke, Akagali ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo, ho mu Mujyi wa Kigali akomeje gutaka akarengane akomeje gukorerwa n\u2019abakabaye bamurenganura avuga ko ibikoresho bye, bifite agaciro ka miliyoni 18Frw, byafashwe nk&#8217;ibimenyetso ku cyaha yashinjwaga yabyimwe ndetse akaba afite impungenge z\u2019uko byarigishijwe nyuma y\u2019aho minisitiri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-10T15:03:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye\",\"datePublished\":\"2018-07-10T15:03:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780\"},\"wordCount\":932,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Rukundo.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780\",\"name\":\"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Rukundo.jpg\",\"datePublished\":\"2018-07-10T15:03:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Rukundo.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/06\\\/Rukundo.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10780#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye - BWIZA","og_description":"Uwitwa Rukundo Jean Claude, wo mu Mudugudu wa Kumukenke, Akagali ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo, ho mu Mujyi wa Kigali akomeje gutaka akarengane akomeje gukorerwa n\u2019abakabaye bamurenganura avuga ko ibikoresho bye, bifite agaciro ka miliyoni 18Frw, byafashwe nk&#8217;ibimenyetso ku cyaha yashinjwaga yabyimwe ndetse akaba afite impungenge z\u2019uko byarigishijwe nyuma y\u2019aho minisitiri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-07-10T15:03:34+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye","datePublished":"2018-07-10T15:03:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780"},"wordCount":932,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780","name":"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg","datePublished":"2018-07-10T15:03:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10780"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/06\/Rukundo.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10780#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gasabo: Ubushinjacyaha bwamutwariye ibikoresho nk&#039;ibimenyetso arabutsinda none kubimusubiza byarananiranye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10780","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10780"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10780\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10780"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10780"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10780"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}