{"id":1091,"date":"2016-03-12T11:06:47","date_gmt":"2016-03-12T11:06:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/12\/isesengura-abarangiza-amashuri-ubu-kuki-bavugwaho-ubumenyi-budahagije\/"},"modified":"2016-03-12T11:06:47","modified_gmt":"2016-03-12T11:06:47","slug":"isesengura-abarangiza-amashuri-ubu-kuki-bavugwaho-ubumenyi-budahagije","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091","title":{"rendered":"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije?"},"content":{"rendered":"<p> <em>Bikunze kuvugwa ko abarangizaga amashuri kera kabone niyo yabaga ari make babaga bafite ubumenyi buhanitse bitewe n\u2019uko babaga bigishijwe. Kuri ubu ngo umunyeshuri arangiza kaminuza atazi kwiyandikira ibaruwa isaba akazi mu gihe mu myaka yatambutse umuntu yarangizaga amashuri yisumbuye azi kwandika ibaruwa isaba akazi. No mu kazi abakera bavugwaho ubumenyi mu kazi kurusha abubu, no ku bijyanye n\u2019indimi mpuzamahanga zigirwa mu mashuri abakera banengwa kuzivuga nabi ariko bagashimirwa kuba bazizi neza kurusha abubu bazivuga neza ari batazi kuzandika. Ese byaba biterwa n\u2019iki?Dore ibintu 5 byasesenguwe n\u2019abantu batandukanye bigaragaza impamvu nyakuri ibitera<\/em><br \/>\n <strong>1.Kudafata igihe gihagije mu gukora ubushakashatsi<\/strong><br \/>\nAbarimu ba kera bafataga umwanya uhagije bagakora ubushakashatsi mu byo baza kwigisha. Bifashishaga ibitabo bisanzwe byanditswe n\u2019abahanga. Ibi bitabo nibyo bifashishaga bategura amasomo.<br \/>\nAbarimu b\u2019iki gihe basigaye bakoresha cyane ubumenyi bakuye kuri internet akenshi na kenshi habonekamo ibinyoma kurusha ukuri.<br \/>\n<figure id=\"attachment_26961\" aria-describedby=\"caption-attachment-26961\" style=\"width: 750px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-26961\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png\" alt=\"abanyeshuri\" width=\"750\" height=\"464\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-26961\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Abanyeshuri barangiza amashuri muri iki gihe bavugwaho ubumenyi buke ugereranije n&#8217;abize kera<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nBafata umwanya muto kuri internet bityo ntibabone umwanya wo gusesengura bihagije ibyo bagiye kwigisha niba ari ukuri cyangwa ari ibinyoma.<br \/>\nIkindi kandi yaba ku munyeshuri yaba ku mwalimu ntawe ugikoresha umutwe we mu gushakashaka ahubwo ikibazo bahuye nacyo bakibaza google na Wikkipedia.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong> Ubunebwe mu kwiga<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Imyigire y\u2019ubu irangwa no kwigira mu matsinda cyane ntibahe agaciro ibitabo n\u2019izindi nyandiko z\u2019abahanga. Nta mwalimu ugifata umwanya uhagije ngo atekereze ku byo agiye kwigisha cyangwa ngo umunyeshuri atekereze ku myitozo agiye gukora.<br \/>\nUbu usigaye ubaza umwana ngo 1+ 1 ni kangahe akajya guteranya akoresheje cariculator. Nyamara abana ba kera nibo bivumburira igisubizo bifashishije utubuye, udushyimbo, guca udukoni n\u2019ibindi.<br \/>\nAbalimu b\u2019iki gihe ngo abenshi bagira uruhare muri ubu bunebwa bugaragazwa n\u2019abanyeshuri.<br \/>\n <strong>3.Kudakaza ikinyabupfura ku mashuri<\/strong><br \/>\nNta mwana ugihanwa kuko usanga abarimu bafite ubwoba bwo gutanga igihano ku banyeshuri kuko benshi bishobora kubaviramo kubikirwa imbehe.<br \/>\nUbu umwana asigaye akora icyo yishakiye ntahanwe, n\u2019uhanwe ugasanga arahabwa uduhano duto ugereranije n\u2019icyaha yakoze. Abana ntibagitinya kubwira ibyo bishakiye no gusuzugura abalimu babo kimwe n\u2019ababyeyi babo.<\/p>\n<ol start=\"4\">\n<li> <strong> Abana batagifata umwanya wo kwiga uhagije<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Abana bigaga kera iyo batahaga bavuye mu ishuri ku mugoroba ku bataha mu icumbi ry\u2019ikigo basabwaga kuruhuka gato bakagaruka kwiyigisha kandi bikagenzurwa n\u2019umunyeshuri uyoboye abandi mu ishuri.<br \/>\nIcyo gihe hagenzurwaga niba koko umwana ari kwiga, usakuriza abandi agahanwa kimwe nutabonetse muri ayo masubiramo ya buri munsi. Icyo gihe amacumbi yabo yabaga afunze kandi umuyobozi w\u2019abanyeshuri akareba niba umunyeshuri wese ari mu ishuri.<br \/>\nAb\u2019ubu iyo baje mu ishuri bikorera ibyo bashaka ntawe ugenzura niba yabashije kugera mu ishuri cyangwa atahageze. Ikizwi gusa n\u2019uko ibyumba bararamo biba bifunze ariko kuri ubu umunyeshuri hari igihe yigira mu bindi ntaboneke mu ishuri muri uku gusubiramo ariko ntibitere ikibazo.<\/p>\n<ol start=\"5\">\n<li> <strong> kubembereza abana ngo bige nta bumenyi<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Umunyeshuri wa kera iyo yazaga mu ishuri yasabwaga gutsinda amasomo yose yatsindwa byibura abiri akirukanwa. Uw\u2019ubu we icyo asabwa ni 50 ku ijana gusa kabone niyo yatsindwa \u00be by\u2019amasomo ariko akagira 50 ku ijana arimuka. Kera ho ntibyashobokaga.<br \/>\nIkindi kandi umunyeshuri w\u2019ubu ntashobora kwirukanwa ku ishuri kabone n\u2019iyo ubumenyi bwe bwaba bugerwa ku mashyi. Iyo asibiye limwe akongera agatsindwa arimurwa aho kugira yongere gusibywa. Ariko kera iyo wagiraga amahirwe ugasibira iyo utatsindaga ntabwo wimukaga warirukanwaga ukazongera gutangira bushyashya.<br \/>\nIbi kandi byiyongeraho ibijyanye no gusubiramo ibizamini abanyeshuri baba batsinzwe mu gihe kera iri bembereza no guhendahenda ntibyabagaho.<br \/>\nIkindi abenshi muri iki gihe bavuga ko cyaba kiri inyuma y\u2019ubumenyi bw\u2019abanyeshuri muri iki gihe n\u2019ikijyanye n\u2019ikorana buhanga aho usanga abanyeshuri n\u2019abalimu benshi ariryo ribahugije kurusha kwita ku masomo yabo.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Semigabo JP\/ Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bikunze kuvugwa ko abarangizaga amashuri kera kabone niyo yabaga ari make babaga bafite ubumenyi buhanitse bitewe n\u2019uko babaga bigishijwe. Kuri ubu ngo umunyeshuri arangiza kaminuza atazi kwiyandikira ibaruwa isaba akazi mu gihe mu myaka yatambutse umuntu yarangizaga amashuri yisumbuye azi kwandika ibaruwa isaba akazi. No mu kazi abakera bavugwaho ubumenyi mu kazi kurusha abubu, no [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-1091","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bikunze kuvugwa ko abarangizaga amashuri kera kabone niyo yabaga ari make babaga bafite ubumenyi buhanitse bitewe n\u2019uko babaga bigishijwe. Kuri ubu ngo umunyeshuri arangiza kaminuza atazi kwiyandikira ibaruwa isaba akazi mu gihe mu myaka yatambutse umuntu yarangizaga amashuri yisumbuye azi kwandika ibaruwa isaba akazi. No mu kazi abakera bavugwaho ubumenyi mu kazi kurusha abubu, no [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-12T11:06:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije?\",\"datePublished\":\"2016-03-12T11:06:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091\"},\"wordCount\":614,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/abanyeshuri.png\",\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091\",\"name\":\"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/abanyeshuri.png\",\"datePublished\":\"2016-03-12T11:06:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/abanyeshuri.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/abanyeshuri.png\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1091#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije? - BWIZA","og_description":"Bikunze kuvugwa ko abarangizaga amashuri kera kabone niyo yabaga ari make babaga bafite ubumenyi buhanitse bitewe n\u2019uko babaga bigishijwe. Kuri ubu ngo umunyeshuri arangiza kaminuza atazi kwiyandikira ibaruwa isaba akazi mu gihe mu myaka yatambutse umuntu yarangizaga amashuri yisumbuye azi kwandika ibaruwa isaba akazi. No mu kazi abakera bavugwaho ubumenyi mu kazi kurusha abubu, no [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-12T11:06:47+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije?","datePublished":"2016-03-12T11:06:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091"},"wordCount":614,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png","articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091","name":"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png","datePublished":"2016-03-12T11:06:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1091"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/abanyeshuri.png"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1091#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Isesengura: Abarangiza amashuri ubu kuki bavugwaho ubumenyi budahagije?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1091","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1091"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1091\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1091"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1091"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1091"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}