{"id":10918,"date":"2018-07-10T08:32:20","date_gmt":"2018-07-10T08:32:20","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/07\/10\/uburyo-bwo-gusabana-n-imana-igice-1\/"},"modified":"2025-02-25T14:12:31","modified_gmt":"2025-02-25T12:12:31","slug":"uburyo-bwo-gusabana-n-imana-igice-1","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918","title":{"rendered":"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1)"},"content":{"rendered":"<p>Nifuzako tuganira \u201c Nigute umuntu ashobora gushyika kubusabane\u201d Muri iyi minsi abantu benshi barasenga ariko amasengesho yabo ntabazana ku busabane uhubwo usanga hari ikibazo cy\u2019ibirayi byo mu Ruhengeri. Hari igihe nsoma bibiliya rimwe nkumva ndatangaye, abantu twakomotseho reka ntange urugero rwa Yesaya yashoboraga kugira iyerekwa risigaje imyaka Magana arindwi akavuga ngo \u201cDuhawe, umwana w\u2019umuhungu \u201d ese muri iki gihe ni iki tuzaraga abana bacu ? Niba ufite iyerekwa ry\u2019ibirayi byo mu Ruhengeri, igihumbi, kuzamurwa mu ntera.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Njyewe maze imyaka icumi ndi umupasiteri, buri cyumweru twakira abantu bashima Imana ariko amashimwe agaruka kuri nararongoye, nararongowe, nubatse inzu, nazamutse mu ntera ibyo bintu ni byiza cyane ariko ikibazo ni uwuhe murage tuzasigira abana bacu? Umurage uzava mu busabane bwacu n\u2019Imana, nibwo tuzabasha kugira iyerekwa nk\u2019irya Yesaya, tukavugango nubwo dupfuye tutarabibona ariko bizaba, icyo Imana yavuze ku Rwanda kizasohora. Kugirango umuntu agere ku rwego rw\u2019ubusabane hari izindi ntambwe za ngombwa agomba gutera.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Reka dusome, Luka 10:27 , Aramusubiza ati \u201cUkundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose, n\u2019ubugingo bwawe bwose, n\u2019imbaraga zawe zose, n\u2019ubwenge bwawe bwose, kandi ukunde na mugenzi wawe nk\u2019uko wikunda.\u201d Muri aya magambo turibugaruke kubusabane bwacu n\u2019Imana , Kugirango umuntu agere ku busabane hari intambwe nk\u2019eshanu umuntu abanza gutera kugirango agere ku busabane bwuzuye.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>1.Intambwe yitwa kuvuka: Ntabwo abantu bose bavutse kandi ntabwo umuntu yagera ku rwego rwo kugirana ubusabane n\u2019Imana ataravutse. Gukizwa bwa mbere tubigereranya no kuvuka. Bibiliya iravugango, Abamwemeye bose bakizera izina rye, yabahaye imbaraga zibahindura kuba abana b\u2019Imana. Muri krisito Yesu harimo imbaraga zibuza umuntu gusambana atabuze uwo basambana, harimo imbaraga zibabarira umuntu utagusabye imbabazi, harimo imbaraga zihindura umuntu zikamuha kamere atarafite akagira imimerere n\u2019imitekerereze ya Krisito Yesu.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Muri krisito Yesu harimo imbaraga zihindura umuntu kuba icyaremwe gishya, iyo umuntu akijijwe agakizwa neza abona imbaraga zimuhindura kuba umwana w\u2019Imana. Mukirisito ageze ku musaraba, hari ibimenyetso bigaragaza ko yahindutse, ageze ku musaraba yatangiye kurira,arizwa n\u2019ibyaha bye agiye kubona abona haje abagabo batatu, uwa mbere amwambura ubushwambagara amwambika imyenda myiza, Iyo umuntu yakiriye Yesu krisito neza akurwaho gukiranirwa , akiga gukiranuka ku gato no ku kanini.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Tugeze mu gihe abantu guhinduka bigenda bibagora bagahita bahimba sisiteme(system)bakavugango abacuruzi bose bajya Dubai hari ukuntu babigenza no muri iyi Domene hari ukuntu babigenza(Domaine) ariko gukiranuka biracyashoboka. Birakundako umuntu akiranuka akaba umwana w\u2019Imana. Undi yamuhaye umuzingo w\u2019igitabo aramubwirango uyu muzingo niwo uzerekana ku muryango w\u2019ijuru bivuzengo guhuza ibyanditswe n\u2019ingeso zawe, ijambo ry\u2019Imana rigahindura ubuzima bwawe bizakwinjiza mu rurembo Siyoni.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Undi wagatatu muri ba bagabo amushyiraho ikimenyetso aravugango kuva uyu munsi, ubaye umwana w\u2019Imana. Iyo umuntu ari umwana w\u2019Imana abyiyumvamo, yakora impanuka impanda yavuga, nta mutima umucira urubanza.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>2.Intambwe ya kabiri ni ugukundisha Imana umutima wose, n\u2019ubugingo bwose, n\u2019imbaraga zose: Maze igihe ntekereza hari ubwo tubeshya Imana ko tuyikunda. Uziko kureba filime ya Seburikoko bitatugora ariko gusoma bibiliya isaha yose bikatunanira., uziko hari abantu bareba filime z\u2019amaseri nyamara indirimbo ebyiri zo mugitabo batazibasha.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Uziko kumara isaha imwe umuntu apfukamye bimugora ariko kuvuga ibirayi byo mu Ruhengeri byazamuye ibiciro bikaba bitakugora, uziko umupira umara iminota mirongo icyenda bakongeraho na cumi n\u2019itanu kubireba ntacyo bidutwara ariko utamara isaha yose usenga. Hanyuma rimwe na rimwe tukabwira Imana ngo turayikunda ariko tutayikundisha umutima wose.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Njye ndibuka muri fiancaille, madamu yajyaga anyandikira utumesaje, hashije imyaka cumi n\u2019ibiri ndacyadufite, nimivugo yanyandikiye nayibitse mu buryo bwizewe n\u2019umwuzukuru nzayimwereka , hanyuma mwemerako Krisito ari umukwe natwe tukaba turi abageni ? Mwari muziko bibiliya ari akandiko ka fianc\u00e9 ? umaze kukarangiza kangahe ? Ese fianc\u00e9 yakwandikira ukavugango ndananiwe nzagasoma ejo ? urumva byashoboka ? Nonese ko fianc\u00e9 yatwandikiye tugasoma kangahe ? Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose, ikintu wumva kitariho nawe utabaho kiba gisimbuye Imana. Imana yakagomye kubanza mu rugo rwawe ku kazi kawe, muri business zawe,mu cyubahiro cyawe wakennye cyangwa wakize Imana igomba gufata umwanya wa mbere.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Bibiliya iravugango abantu banjye nibasenga bagashaka mu maso hanjye, nzamanuka mbakize, mbakirize n\u2019igihugu. Naje gusanga muri iyi minsi, tutarigusenga dushaka mu maso y\u2019Imana, dusenga dushaka mu ntoki z\u2019Imana.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Mu ntoki z\u2019Imana hari abagore, hari abagabo, hari promotion, hari ugutera imbere ariko ikintu navumbuye gikomeye Imana ishobora kuguha ibiri mu ntoki ikakwima mu maso hayo, niko yabigenje kubisirayeli, yabahaye ibyo imitima yabo yifuza ariko aberenga miliyoni ebyiri bapfira mu butayu , simpamyako wagiranye ubusabane n\u2019Imana yakwima ibiri mu ntoki.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Nidukundana n\u2019Imana tukaba mu busabane n\u2019Imana ntabwo izatwima ibiri mu ntoki zayo. Imana ifite inyota yo kubona abasore bajya mu gisirikare bagahagarirayo ubwami bw\u2019Imana, Imana ifite inyota y\u2019abantu bazaba abaminisitiri Imana igakomeza gukorana nabo, Imana ifitiye inyota y\u2019abantu bazaba abacuruzi bakomeye mu gihugu ariko Imana ntitakaze agaciro muri bo. Niyo mpamvu Imana yababwiyengo nimumara kurya mugahaga, mukubaka amazu mukayabamo ntimukibagirwe, Imana kuduha imigisha ntacyo ipfa nabyo, kuko Imana byarayirenze ikagusha imvura ku babi n\u2019abeza. Imana ishaka kudatakaza umwanya wayo mu mutima wawe. Ukundisha Imana umutima wose ntibyakugora gutanga kimwe mu icumi ahubwo watanga icyenda mu icumi. Uramutse ukunda Imana ntabwo byakugora kuyiba imbere no gusoma ijambo ry\u2019Imana.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>3.Intambwe ya gatatu ni itegeko ry\u2019umwuka ritsinda itegeko rya kamere: Pawulo yatangiye avugango nifuza gukora ikiza ikibi kikantanga imbere, ikibi nanga akaba aricyo nkora uko yakomeje kuba mubusabane n\u2019Imana, agenda yezwa ahinduka byageze ubwo avuga ngo sinjye ukiriho ahubwo ni krisito uba muri njye ntapfanye na Yesu nzukana nawe.<\/p>\n<p>Uko yakomeje gusabana n\u2019Imana , yagiye aba mu bwiza bw\u2019Imana, yaje gukomeza gutera intambwe aravugango noneho uko meze ndumva meze nk\u2019ibisukwa ku gicaniro, hashije igihe aravugango ndirata , ibyo yirase birasekeje: Yirase gukubitwa,yirata amabuye bamuteye, arirata ageze kubyo twe twirata kurongora, kurongorwa, bya bindi byose aravugango abitekereza nk\u2019amase. Kandi mu matorero iyo umuntu afite amase menshi nibwo aba ari umugabo ariko nagirango mbabwireko ubugingo bw\u2019umuntu butava mu byinshi bw\u2019ibyo atunze.<\/p>\n<p> <strong>Ubugingo buva ku mana data ibindi akaba ari umugisha<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Past. Desire Habyarimana<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nifuzako tuganira \u201c Nigute umuntu ashobora gushyika kubusabane\u201d Muri iyi minsi abantu benshi barasenga ariko amasengesho yabo ntabazana ku busabane uhubwo usanga hari ikibazo cy\u2019ibirayi byo mu Ruhengeri. Hari igihe nsoma bibiliya rimwe nkumva ndatangaye, abantu twakomotseho reka ntange urugero rwa Yesaya yashoboraga kugira iyerekwa risigaje imyaka Magana arindwi akavuga ngo \u201cDuhawe, umwana w\u2019umuhungu \u201d [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-10918","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nifuzako tuganira \u201c Nigute umuntu ashobora gushyika kubusabane\u201d Muri iyi minsi abantu benshi barasenga ariko amasengesho yabo ntabazana ku busabane uhubwo usanga hari ikibazo cy\u2019ibirayi byo mu Ruhengeri. Hari igihe nsoma bibiliya rimwe nkumva ndatangaye, abantu twakomotseho reka ntange urugero rwa Yesaya yashoboraga kugira iyerekwa risigaje imyaka Magana arindwi akavuga ngo \u201cDuhawe, umwana w\u2019umuhungu \u201d [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-10T08:32:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:12:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1)\",\"datePublished\":\"2018-07-10T08:32:20+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:12:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918\"},\"wordCount\":976,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918\",\"name\":\"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-07-10T08:32:20+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:12:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=10918#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1) - BWIZA","og_description":"Nifuzako tuganira \u201c Nigute umuntu ashobora gushyika kubusabane\u201d Muri iyi minsi abantu benshi barasenga ariko amasengesho yabo ntabazana ku busabane uhubwo usanga hari ikibazo cy\u2019ibirayi byo mu Ruhengeri. Hari igihe nsoma bibiliya rimwe nkumva ndatangaye, abantu twakomotseho reka ntange urugero rwa Yesaya yashoboraga kugira iyerekwa risigaje imyaka Magana arindwi akavuga ngo \u201cDuhawe, umwana w\u2019umuhungu \u201d [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-07-10T08:32:20+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:12:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1)","datePublished":"2018-07-10T08:32:20+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:12:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918"},"wordCount":976,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10918#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918","name":"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-07-10T08:32:20+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:12:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=10918"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=10918#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uburyo bwo gusabana n\u2019Imana (Igice 1)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10918","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=10918"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/10918\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=10918"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=10918"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=10918"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}