{"id":1096,"date":"2016-03-12T12:51:29","date_gmt":"2016-03-12T12:51:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/12\/ibimenyetso-7-bizakwereka-ko-umugabo-wawe-aguca-inyuma-akajya-gusambana-ahandi\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:20","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:20","slug":"ibimenyetso-7-bizakwereka-ko-umugabo-wawe-aguca-inyuma-akajya-gusambana-ahandi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096","title":{"rendered":"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kugenda hagaragara ibikorwa byo gucana inyuma ku bashakanye ariko bikaba bigora bamwe kubimenya igihe nta wafashe undi ari muri icyo gikorwa, Kugeza ubu hari ibimenyetso bishobora gufasha umugore kumenya ko umugabo we amuca inyuma.<\/strong> <\/em><br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-26981 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg\" alt=\"Sex\" width=\"644\" height=\"408\" \/><\/a><br \/>\n <strong>1.Kudashyira Telefoni hasi                                                                          <\/strong><br \/>\niki ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byatuma biba ikimenyetso simusiga, aho umugabo adashobora kwemerera umugore gufata  Telefone cyangwa Laptop,hakiyongeraho kuba atamuha imibare y\u2019ibanga akaresha kuri zimwe mu mbuga nkoranyambaga.<br \/>\n <strong>2.Kugabanya urwego ateramo akabariro                                                <\/strong><br \/>\nabahanga bemeza ko igihe umugabo yagabanyije urwego runaka yakoragamo imibonano mpuzabitsina kandi atarwaye cyangwa ngo abe yagize ikindi kibazo,ibyo bikwereka ko aba afite undi yiyumvamo bigatuma ariho amarira ingufu bityo yagera ku mugore we akabikora ari ukumwikiza byanarimba ntanabikore.<br \/>\n <strong>3.Kwadukana zimwe mu ngeso                                                                                <\/strong><br \/>\nIyo umugabo yamaze kugaragaza imyitwarire atarasanganwe ni kimwe mu bishobora ku kwereka ko aguca inyuma.Igihe yari asanzwe ataha kare agatangira gutaha mu gicuku cyangwa igihe yiriwe mu rugo, umugoroba wakuba amaguru akayabangira ingata wanamuhamagara ntafate telephone,icyo gihe uzamenyeko aba afite ihabara ryamutwaye  n\u2019ushaka witonde.<br \/>\n <strong>4.Guhora atanga ubusobanuro bwa hato na hato                                                               <\/strong><br \/>\nMu gihe haba hari byinshi aguhisha agerageza guhora akubindikiranya yirinda ko igihe cyose ushobora kumuvumbura bityo agahora atanga ubusobanuro bwa hato na hato rimwe na rimwe wamubaza ibintu runaka akagusubiza ibitajyanye bitewe n\u2019urwikekwe.<br \/>\n <strong>5.Gutakaza ibiro akagura indi myenda                                                   <\/strong><br \/>\nNiba umugabo yari abyibushye agatangira gukora imyitozo ngororamubiri agahindura inyogosho hakiyongeraho kugura imyenda mishya no kwitera imibavu ya buri kanya kandi bitari bimusanzweho , menya ko ishyamba atari ryeru afite undi mugore ashaka gukurura akamwiyegereza. Ibyo rero iyo bitangiye kwigaragaza umugore agomba guhindura nawe akisanisha n\u2019umugabo we kugirango abe yagira igaruriro.<br \/>\n <strong>6.Gutangira kukwiyenzaho                                                                      <\/strong><br \/>\nMu gihe umugabo yatangiye gutaha atongana akanagukubita cyangwa anenga uko umeze avuga ko utari mwiza bisobanuye ko hari uwo aba arimo akugereranyaho wamubereye ihoho kukurusha.Icyo gihe uzasanga niba mwaranambikanye impeta atakiyikoza, n\u2019impano yajyaga akugenera ntiwongere kuzica iryera.<br \/>\n <strong>7.Kuzinukwa gukora imibonano mpuzabitsina                                        <\/strong><br \/>\nUko byagenda kose umugore aba azi umugabo we uko yitwara mu buriri, rero iyo yatangiye ingeso zo kujya mu nshoreke birigaragaza.Atangira guhindura ingengabihe z\u2019ingendo yagiraga,bityo akirinda ko hari aho yahurira no gutera ako kabariro.<br \/>\nGusa abagore benshi iyo bamaze kubona ibyo bimenyetso ntibakunze kubyitaho ngo babe babiganiriza abagabo babo,ahubwo usanga bajya ku bivuga ku ruhande bagakomeza gushirira imbere . Ni byiza ko bagomba gufata iyambere bakabiganiraho ubwabo bakareba ikitagenda neza hagati yabo bikabafasha kuba bagakomeza kuryoherwa n\u2019urukundo nk\u2019aho aribwo bakimenyana.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kugenda hagaragara ibikorwa byo gucana inyuma ku bashakanye ariko bikaba bigora bamwe kubimenya igihe nta wafashe undi ari muri icyo gikorwa, Kugeza ubu hari ibimenyetso bishobora gufasha umugore kumenya ko umugabo we amuca inyuma. 1.Kudashyira Telefoni hasi iki ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byatuma biba ikimenyetso simusiga, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-1096","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kugenda hagaragara ibikorwa byo gucana inyuma ku bashakanye ariko bikaba bigora bamwe kubimenya igihe nta wafashe undi ari muri icyo gikorwa, Kugeza ubu hari ibimenyetso bishobora gufasha umugore kumenya ko umugabo we amuca inyuma. 1.Kudashyira Telefoni hasi iki ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byatuma biba ikimenyetso simusiga, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-12T12:51:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi\",\"datePublished\":\"2016-03-12T12:51:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096\"},\"wordCount\":425,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/Sex.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096\",\"name\":\"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/Sex.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-12T12:51:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/Sex.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/Sex.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1096#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi - BWIZA","og_description":"Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kugenda hagaragara ibikorwa byo gucana inyuma ku bashakanye ariko bikaba bigora bamwe kubimenya igihe nta wafashe undi ari muri icyo gikorwa, Kugeza ubu hari ibimenyetso bishobora gufasha umugore kumenya ko umugabo we amuca inyuma. 1.Kudashyira Telefoni hasi iki ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byatuma biba ikimenyetso simusiga, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-12T12:51:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:20+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi","datePublished":"2016-03-12T12:51:29+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096"},"wordCount":425,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096","name":"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg","datePublished":"2016-03-12T12:51:29+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1096"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/Sex.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1096#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibimenyetso 7 bizakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma akajya gusambana ahandi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1096","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1096"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1096\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1096"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1096"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1096"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}