{"id":11010,"date":"2018-07-18T10:03:40","date_gmt":"2018-07-18T10:03:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/07\/18\/rusizi-abikorera-barasabwa-kongera-ubwinshi-n-ubwiza-bw-ibyo-bakora\/"},"modified":"2025-02-12T14:13:06","modified_gmt":"2025-02-12T12:13:06","slug":"rusizi-abikorera-barasabwa-kongera-ubwinshi-n-ubwiza-bw-ibyo-bakora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010","title":{"rendered":"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi burasaba abikorera guhuza imbaraga kugira ngo ibyo bakora bibe byinshi kandi biri ku rwego rushimishije.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu kiganiro na Bwiza.com,ubwo muri aka karere hasozwaga imurikagurisha ryari rihuje abikorera bagakoreramo n\u2019abaturutse mu bice bitandukanye by\u2019igihugu no hanze yacyo,umuyobozi wako Kayumba\u00a0 Ephrem yavuze ko bigaragara ko ibikorerwa mu karere ayobora bitaragera ku rwego bifuza,haba mu bwinshi ndetse no mu bwiza.<\/p>\n<p>Asanga kugira ngo bigerweho hakwiriye ukwishyira hamwe gufatika kw\u2019abikorera, kuko usanga hari benshi bacyiyumvamo kuba ba nyamwigendaho, bigatuma imishinga minini nk\u2019iy\u2019ubuhinzi n&#8217;ubworozi n\u2019ibibukomokaho, iy\u2019ubukorikori,ubugeni n\u2019ibindi\u00a0 itaboneka ku bwinshi mu karere.<\/p>\n<p>Yagize ati \u2019\u2019haracyari koko ikibazo mu guhaza isoko dufite,cyane cyane iry\u2019abanyekongo duturanye ariko n\u2019iryo mu karere imbere, bigaterwa ahanini n\u2019uko abenshi mu bikorera bataragera ku rwego rwo kumva imbaraga ziri mu gushyira hamwe ibikorwa ngo bakore ibifatika,kuko niba umuntu acuruza nk\u2019ibifite agaciro ka 20.000.000 kandi hakenewe nk\u2019igikorwa cya 300.000.000 atagikora wenyine,ariko bashyize hamwe byakunda n\u2019akazi gatangwa kakaba kenshi.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Avuga ko bagiye kongera imbaraga mu gukangurira abikorera gukorera hamwe, abaturage na bo bakongera ibikorwa by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi n\u2019ibibukomokaho\u00a0 kugira ngo barusheho kwiteza imbere, ibikorwa by\u2019ubugeni,ubukorikori,inganda n\u2019ibindi ababikora\u00a0 bagashyigikirwa \u00a0biruseho kugira ngo babe benshi banatange akazi ku bandi, iki kibazo kibonerwe umuti urambye.<\/p>\n<p>Twagiramungu Marthe w\u2019imyaka 56 y\u2019amavuko umaze imyaka 8 mu bikorwa by\u2019ubugeni muri aka karere,yaratangiye no kubyigisha abandi,avuga ko\u00a0 abakora imirimo iciriritse ariko ishobora guteza imbere benshi bakibangamiwe n\u2019igishoro gito,n\u2019uburyo buke bwo kubasha kwishyira hamwe ngo bagere kuri byinshi,agasaba inzego zose bireba kwita kuri iki kibazo.<\/p>\n<p>Ati &#8220;twumva twarenga n\u2019imipaka y\u2019akarere tukagera no hanze y\u2019igihugu tugaragaza ibyo dukora ariko ikibazo cy\u2019ubushobozi kikatuzitira. Igihe twaba dufashijwe twakora byinshi kandi byiza tukanabyigisha\u00a0 abandi ariko ubushobozi buracyari ikibazo gikomeye,ari yo mpamvu n\u2019ibindi bikorwa biba bike n\u2019icyuho kigakomeza kugaragara,ariko buhoro buhoro bizagera ho bikemuke.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019urugaga rw\u2019abikorera muri aka karere, Uzabakiriho F\u00e9lix \u00a0avuga ko nubwo inzira ikiri ndende hari byinshi \u00a0rumaze gukora mu rwego rwo gukemura ibi bibazo, hakaba hari na bamwe mu bikorera b\u2019aka karere batangiye kumurika ibyo bakora mu mahanga ya kure,ko n\u2019ibisigaye kunozwa babizi kandi n\u2019uburyo bwo kwishyira hamwe batangiye kubushishikariza bagenzi babo.<\/p>\n<p>Akarere ka Rusizi gafite amahirwe akomeye y\u2019ishoramari arimo kuba gahana imbibe n\u2019ibihugu 2 bikenera kugahahira mo, ikiyaga cya kivu,pariki y\u2019igihugu ya Nyungwe,amashyuza n\u2019ibindi byinshi bishobora kubyazwa umusaruro bigateza abaturage imbere,abikorera bagasaba ko imurika ry\u2019ibyo bakora ryarushaho kunoga kugira ngo n\u2019ibyo babasha gukora bimenyekane n\u2019ahandi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_109673\" aria-describedby=\"caption-attachment-109673\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-109673 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-109673\" class=\"wp-caption-text\">Twagiramungu Marthe asanga hari ibikorwa byagombye guha akazi benshi bidatera imbere kubera ubushobozi buke bw&#8217;ababikora<\/figcaption><\/figure>\n<p><i><b>Bahuwiyongra Sylvestre\/ Bwiza.com<\/b><\/i><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi burasaba abikorera guhuza imbaraga kugira ngo ibyo bakora bibe byinshi kandi biri ku rwego rushimishije. Mu kiganiro na Bwiza.com,ubwo muri aka karere hasozwaga imurikagurisha ryari rihuje abikorera bagakoreramo n\u2019abaturutse mu bice bitandukanye by\u2019igihugu no hanze yacyo,umuyobozi wako Kayumba\u00a0 Ephrem yavuze ko bigaragara ko ibikorerwa mu karere ayobora bitaragera ku rwego bifuza,haba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11010","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi burasaba abikorera guhuza imbaraga kugira ngo ibyo bakora bibe byinshi kandi biri ku rwego rushimishije. Mu kiganiro na Bwiza.com,ubwo muri aka karere hasozwaga imurikagurisha ryari rihuje abikorera bagakoreramo n\u2019abaturutse mu bice bitandukanye by\u2019igihugu no hanze yacyo,umuyobozi wako Kayumba\u00a0 Ephrem yavuze ko bigaragara ko ibikorerwa mu karere ayobora bitaragera ku rwego bifuza,haba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-18T10:03:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:13:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora\",\"datePublished\":\"2018-07-18T10:03:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:13:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010\"},\"wordCount\":473,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/07\\\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010\",\"name\":\"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/07\\\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2018-07-18T10:03:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:13:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11010#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi burasaba abikorera guhuza imbaraga kugira ngo ibyo bakora bibe byinshi kandi biri ku rwego rushimishije. Mu kiganiro na Bwiza.com,ubwo muri aka karere hasozwaga imurikagurisha ryari rihuje abikorera bagakoreramo n\u2019abaturutse mu bice bitandukanye by\u2019igihugu no hanze yacyo,umuyobozi wako Kayumba\u00a0 Ephrem yavuze ko bigaragara ko ibikorerwa mu karere ayobora bitaragera ku rwego bifuza,haba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-07-18T10:03:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:13:06+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora","datePublished":"2018-07-18T10:03:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:13:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010"},"wordCount":473,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010","name":"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/07\/Twagiramungu-Marthe-asanga-hari-ibikorwa-byagombye-guha-akazi-benshi-bidatera-imbere-kubera-ubushobozi-buke-bwababikora.-1024x768.jpg","datePublished":"2018-07-18T10:03:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:13:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11010"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11010#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi n\u2019ubwiza bw\u2019ibyo bakora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11010","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11010"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11010\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11010"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11010"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11010"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}