{"id":11014,"date":"2018-07-18T11:10:35","date_gmt":"2018-07-18T11:10:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/07\/18\/iburasirazuba-abatekamutwe-bajujubije-abaturage\/"},"modified":"2018-07-18T11:10:35","modified_gmt":"2018-07-18T11:10:35","slug":"iburasirazuba-abatekamutwe-bajujubije-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014","title":{"rendered":"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu ntara y\u2019Iburasirazuba, mu turere twa Gatsibo, Kayonza na Rwamagana,\u00a0bemeza ko hadutse abatekamutwe babajujubije babambura amafaranga n\u2019amatelefone\u00a0\u00a0ku manywa y\u2019ihangu.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Abaturage baganiriye\u00a0\u00a0na Bwiza.com, bavuga ko abatekamutwe bafite amayeri menshi bakoresha kandi barushaho kwiyongera.<\/p>\n<p>Uwingabire Alice, atuye mu murenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, avuga ko mu kwezi kwa Gatandatu yambuwe amafaranga na Telefoni n\u2019abasore babiri.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cnavuye mu rugo mperekeje abana bari badusuye ,namanutse kuri Merez ku muhanda ujya mu gakiriro w\u2019amabuye ,umuhungu umwe atoragura amafaranga ibimbi bitanu ariko bigaragara ko byatawe na mugenzi we bari kumwe wari imbere yacu, ubwo yahise ambwira ngo sisita(sister) ihute tugabane amafaranga ntoraguye tugeze yirya arambwira ngo muhereze agakapu nari mfite ayashyiremo ndakamuhereza.<\/p>\n<p>Arambwira ngo nshyiremo na Telefoni, kuko yanjyanye ahantu hihishe, yaciye mu mihati ndamubura aba arayatwaye, ngarutse mu muhanda abana twari kumwe bamwira ko wa muhungu n\u2019undi wari wataye ayo mafaranga yavugaga ko tugiye kuyagabana bazamutse biruka, urebye uburyo bari bambaye ntiwamenya ko ari abajura\u201d.<\/p>\n<p>Abaturage batuye mu karere ka Kayonza nabo bavuga ko abaturage barema isoko bajujubijwe n\u2019abatekamutwe. Nsabimana Jean Pierre yavuze ko isoko rya Kabarondo iyo ryaremye haba hari abatekamitwe bambura abaturage bakoresheje amayeri.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201ciyo isoko ryaremye usanga mu nkengero zaryo ariho bazerera bashaka kwambura abaturage, bitewe nuko hari abaturage baza kurema isoko bo bacunga umuturage amaze kugurisha bakamugendaho, hari umubyeyi wa Cyarubare bambuye amafaranga ibihumbi 16 yari amaze kugurisha ihene bamubeshye ko hari umushinga bafite ufasha abakene.<\/p>\n<p>Bamujyana ahantu hiherereye kugira ngo babanze bamufashe gusenga kugira ngo abone amahirwe yo kujya mu mushinga uha abaturage amafaranga, niba baramuteye imiti; yashidutse bamutwaye amafaranga kuko bamubwiye ko ibintu afite byose abishyira mu gikapu bari bitwaje, yarahumirije akanguka bagiye, yatashye aboroga kuko nta n\u2019igiceri bamusigiye\u201d.<\/p>\n<p>Mutuyimana Beatrice yambuwe n\u2019aba batekamutwe telefoni n\u2019amafaranga ibihumbi 20, ababitwaye ngo bari bitwaje Bibiliya.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cnavuye Kiramuruzi ku isoko nzamutse ku gahanda kajya i Gakoni mbona abantu 2 bari bambaye neza ubona ari abasirimu, bambwiye ko ari abakozi b\u2019Imana, batangiye kumbwiriza bigeze aho barambwira ngo tujye ahiherereye dusenge maze bafata ibintu byose bari bafite babishyira mu gikapu nanjye bambwira ko nshyiramo ibyo mfite, ubwo batangira gusenga ariko bucece, uko nagahumirije bahise batwara cya gikapu twashyizemo amatelefoni, nahumuye amaso ndababura\u201d.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019igihugu mu Ntara y\u2019Iburasirazuba, CIP Theobard Kanamugire arasaba abaturage kujya batanga amakuru mu gihe bamenye abo batekamutwe.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cntabwo twari tuzi niba bihari, tugiye kubikurirana ,ariko inama twagira abaturage ni uko bakwirinda abo bantu ndetse bakamenyesha inzego zibishinzwe\u00a0\u00a0ko babonye abo bantu\u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko bazakora ubukangurambaga, basaba abaturage kujya batanga amakuru kugira ngo ababikora bakurikiranwe.<\/p>\n<p> <strong> <em>Ngabonziza Justin\/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu ntara y\u2019Iburasirazuba, mu turere twa Gatsibo, Kayonza na Rwamagana,\u00a0bemeza ko hadutse abatekamutwe babajujubije babambura amafaranga n\u2019amatelefone\u00a0\u00a0ku manywa y\u2019ihangu. Abaturage baganiriye\u00a0\u00a0na Bwiza.com, bavuga ko abatekamutwe bafite amayeri menshi bakoresha kandi barushaho kwiyongera. Uwingabire Alice, atuye mu murenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, avuga ko mu kwezi kwa Gatandatu yambuwe amafaranga na Telefoni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[32],"tags":[],"class_list":["post-11014","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu ntara y\u2019Iburasirazuba, mu turere twa Gatsibo, Kayonza na Rwamagana,\u00a0bemeza ko hadutse abatekamutwe babajujubije babambura amafaranga n\u2019amatelefone\u00a0\u00a0ku manywa y\u2019ihangu. Abaturage baganiriye\u00a0\u00a0na Bwiza.com, bavuga ko abatekamutwe bafite amayeri menshi bakoresha kandi barushaho kwiyongera. Uwingabire Alice, atuye mu murenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, avuga ko mu kwezi kwa Gatandatu yambuwe amafaranga na Telefoni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-18T11:10:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage\",\"datePublished\":\"2018-07-18T11:10:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014\"},\"wordCount\":441,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014\",\"name\":\"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-07-18T11:10:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11014#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu ntara y\u2019Iburasirazuba, mu turere twa Gatsibo, Kayonza na Rwamagana,\u00a0bemeza ko hadutse abatekamutwe babajujubije babambura amafaranga n\u2019amatelefone\u00a0\u00a0ku manywa y\u2019ihangu. Abaturage baganiriye\u00a0\u00a0na Bwiza.com, bavuga ko abatekamutwe bafite amayeri menshi bakoresha kandi barushaho kwiyongera. Uwingabire Alice, atuye mu murenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, avuga ko mu kwezi kwa Gatandatu yambuwe amafaranga na Telefoni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-07-18T11:10:35+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage","datePublished":"2018-07-18T11:10:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014"},"wordCount":441,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11014#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014","name":"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-07-18T11:10:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11014"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11014#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iburasirazuba: Abatekamutwe bajujubije abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11014","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11014"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11014\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11014"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11014"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11014"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}