{"id":11066,"date":"2018-07-24T05:40:38","date_gmt":"2018-07-24T05:40:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/07\/24\/gasabo-babiri-bafatiwe-mu-cyuho-baka-ruswa-y-039-amafaranga\/"},"modified":"2018-07-24T05:40:38","modified_gmt":"2018-07-24T05:40:38","slug":"gasabo-babiri-bafatiwe-mu-cyuho-baka-ruswa-y-039-amafaranga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066","title":{"rendered":"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Polisi yafatiye mu cyuho abagabo babiri barimo kwaka ruswa y\u2019amafaranga; umwe muri bo akaba yarakoze iki cyaha yiyita umukozi wa zimwe mu nzego za Leta.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Ku cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2018, nibwo bafashwe, uwitwa Nsabimana Emmanuel akaba yarafashwe arimo kwaka ruswa y\u2019ibihumbi 20 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda uwashakaga kubaka inzu mu kajagari mu kagari ka Kibenga, mu murenge wa Ndera, mu karere ka Gasabo; akaba yaramwizezaga ko azamuhesha icyangombwa kibimwemerera.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Senior Superintendent of Police (SSP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko uyu musore w\u2019imyaka 19 y\u2019amavuko yakoze iki cyaha yiyitirira inzego za Leta zirimo Urwego rwunganira Uturere mu kubungabunga umutekano (District Security\u00a0 Support Administrative); ubundi akavuga ko ari Umuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya Ndera.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>SSP Hitayezu yavuze ko bamwe mu bo yatse ruswa ari bo babimenyesheje Polisi; ndetse aboneraho kubashima no gusaba abatuye n\u2019abagenda Umujyi wa Kigali kwirinda ruswa y\u2019ubwoko bwose.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Yakomoje ku ngaruka za ruswa agira ati,&#8221;Usibye kuba ari icyaha, idindiza ubukungu n\u2019iterambere. Buri wese akwiriye kuyirinda; kandi akagira uruhare mu kuyirwanya atanga ku gihe amakuru yerekeranye\u00a0 na yo kuri\u00a0 Sitasiyo ya Polisi imwegereye; cyangwa akagana izindi nzego zifite mu nshingano kuyirwanya no kuyikumira\u00a0 zirimo Urwego rw\u2019Umuvunyi, RIB n\u2019izindi.&#8221;<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Ruswa ni ugutanga cyangwa kwemera gutanga impano yaba iy\u2019amafaranga cyangwa indi ndonke kugira ngo hakorwe umurimo cyangwa igikorwa mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko cyangwa mu rwego rwo kugororera uwakoze uwo murimo cyangwa icyo gikorwa, byaba bikozwe na nyir\u2019ubwite cyangwa binyujijwe ku wundi muntu nk\u2019uko biteganywa n\u2019Ingingo ya 633 y\u2019Igitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Iyi ngingo ikomeza ivuga ko byitwa; bikanafatwa nka ruswa; gusaba, kwakira cyangwa kwemera kwakira impano yaba iy\u2019amafaranga cyangwa indi ndonke kugira ngo hakorwe umurimo cyangwa igikorwa mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko cyangwa mu rwego rwo kugororerwa ku bw\u2019uwo murimo cyangwa igikorwa byakozwe byaba bikozwe na nyir\u2019ubwite cyangwa undi muntu.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Undi wafashwe arimo kwaka ruswa ni Hakizuwera Jean Baptiste.Uyu mugabo w\u2019imyaka 40 y\u2019amavuko ashinzwe umutekano mu Ishyirahamwe ry\u2019Abamotari bakorera mu murenge wa\u00a0 Ruyenzi, mu karere ka Kamonyi.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yavuze ko yafatiwe mu kagari ka Muganza, mu murenge wa Runda arimo kwaka ibihumbi bitanu by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda umwe mu bakora imirimo yo gutwara abagenzi kuri moto kugira ngo amusubize moto yafatanye uwo yatse ruswa ayitwaye adafite uruhushya rwo gutwara iki kinyabiziga.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Aba bombi Polisi yabashyikirije Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB).<\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi yafatiye mu cyuho abagabo babiri barimo kwaka ruswa y\u2019amafaranga; umwe muri bo akaba yarakoze iki cyaha yiyita umukozi wa zimwe mu nzego za Leta. Ku cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2018, nibwo bafashwe, uwitwa Nsabimana Emmanuel akaba yarafashwe arimo kwaka ruswa y\u2019ibihumbi 20 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda uwashakaga kubaka inzu mu kajagari mu kagari ka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[32],"tags":[],"class_list":["post-11066","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi yafatiye mu cyuho abagabo babiri barimo kwaka ruswa y\u2019amafaranga; umwe muri bo akaba yarakoze iki cyaha yiyita umukozi wa zimwe mu nzego za Leta. Ku cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2018, nibwo bafashwe, uwitwa Nsabimana Emmanuel akaba yarafashwe arimo kwaka ruswa y\u2019ibihumbi 20 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda uwashakaga kubaka inzu mu kajagari mu kagari ka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-24T05:40:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga\",\"datePublished\":\"2018-07-24T05:40:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066\"},\"wordCount\":422,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066\",\"name\":\"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-07-24T05:40:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11066#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga - BWIZA","og_description":"Polisi yafatiye mu cyuho abagabo babiri barimo kwaka ruswa y\u2019amafaranga; umwe muri bo akaba yarakoze iki cyaha yiyita umukozi wa zimwe mu nzego za Leta. Ku cyumweru tariki ya 22 Nyakanga 2018, nibwo bafashwe, uwitwa Nsabimana Emmanuel akaba yarafashwe arimo kwaka ruswa y\u2019ibihumbi 20 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda uwashakaga kubaka inzu mu kajagari mu kagari ka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-07-24T05:40:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga","datePublished":"2018-07-24T05:40:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066"},"wordCount":422,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11066#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066","name":"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-07-24T05:40:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11066"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11066#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gasabo: Babiri bafatiwe mu cyuho baka ruswa y&#039;amafaranga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11066","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11066"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11066\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11066"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11066"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11066"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}