{"id":11101,"date":"2018-07-26T23:50:57","date_gmt":"2018-07-26T23:50:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/07\/26\/kigali-abakomisiyoneri-barwaniye-mu-cyamunara-bambura-umuhesha-w-inkiko\/"},"modified":"2025-02-12T14:06:55","modified_gmt":"2025-02-12T12:06:55","slug":"kigali-abakomisiyoneri-barwaniye-mu-cyamunara-bambura-umuhesha-w-inkiko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101","title":{"rendered":"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ubwo hajyaga gutezwa icyamunara i Remera ahitwa mu Gihogere, abakomisiyoneri barashayamiranye, bamwe bashaka ko cyamunara itaba abandi bashaka ko iba. Byavuyemo imitwano umwe arahakomerekera, ndetse umuhesha w;inkoko yamburwa impapuro mpesha yari yitwaje ngo akoreshe iyo cyamunanara.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ni mu mudugudu w\u2019Amarembo II, akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera, munsi y\u2019aho ibinyabiziga bisuzumirwa(Controle technique). Mu masaha y\u2019igicamunsi cyo kuwa gatatu, hateraniye abantu benshi biganjemo abakomisiyoneri bategereje cyamunara y\u2019inzu ifite igipangu, nyamara ibyari cyamunara byahindutse urugomo n\u2019imirwano kuko abakomisiyoneri badahurije ku nyungu zimwe.<\/p>\n<p> <strong>Uwakubiswe ni uwanze ko cyamunara ipfa<\/strong> <\/p>\n<p>Umwe mu bakomisiyoneri bari aho, yaje gusanga aziranye na nyiri inzu igurishwa, nyuma asanga anaziranye n\u2019umwe mu baje kuyigura. bagenzi babonye ko aziranye n\u2019impande zombi, bamusaba ko yagira uruhare mu kuburizamo icyo gikorwa arabangira, bamuteraniraho baramukubita.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko Munyampundu Theogene wakubiswe abisobanura, ngo we asanzwe aranga amaz n\u2019ibibanza bigurishwa.<\/p>\n<p>Agira ati, \u201cnaje nzanywe n\u2019undi muntu ambwira ngo nintanagura nzarangira abandi. mpageze nasanze umudamu nyirinzu tuziranye mu bwana. Mbonye yahungabanye, mujyana mu nzu mwumvisha ko bibaho, iyo nzu nigurishwa azabona indi\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza agira ati, \u201cnsohotse mu nzu, nasanze hanze umndi mudamu wazanywe no kugura iyo nzu nawe tuziranye. Anjyana iruhande angisha inama, mubwira ko iyo nzu idashamaje ku buryo yayigura, kuko iri ahitaruye umuhanda\u201d.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ibyo biganiro, bagenzi be babonye aziranye n\u2019impande zombi, ngo bamusaba ko abwira nyirinzu akabaha miliyoni ebyiri bakica icyamunara, Munyampundu arabahakanira.<\/p>\n<p>Ati, \u201cnarababajij ngo cyamunara ipfa ite? Mbabwira ko ibyo bansaba bitashoboka\u201d.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bigaragara ku mashusho yafatiwe aho, uwakubiswe yari hagati mu bandi, umwe amubaza icyo aje kuhakora. Undi aba amukubise urushyi, ahunga ajya gushaka ibuye ararimutera, abandi nabo baba bamukubise umutego agwa hasi bamuhurizaho imigeri n\u2019ingumi.<\/p>\n<p>Muri ako kavuyo nibwo bamwe bibazaga niba cyamunara iraba abantu bari kurwana, umuhesha w\u2019inkiko biramuyobera, nawe bamwambura ibipapuro yari yitwaje.<\/p>\n<p>Uyu wakubiswe ubu afite ibikomere impande zose, ku maguru no ku maboko, avuga ko ababara no mu mbavu, ariko ari kwivuza; akaba avuga ko agereranije amaze gutakaza asaga miliyoni kubera izo nkoni za bagenzi be.<\/p>\n<p>Yamaze kandi kugeza ikibazo cye ku bugenzacyaha, ubu batatu mu bakomisiyoneri bateje ako kavuyo bamaze guhamagarwa na RIB incuro ebyiri batitaba. Ubusanzwe kandi iyo Hamagara(convocation) zibaye ishatu uhamagarwa atitaba, hakoresha ingufu z\u2019amategeko agashakishwa kugeza abonetse.<\/p>\n<p>Abahamagarwa ni Ngabonziza Cociste, Mudaheranwa Theophile alias Hadji, na Niyonzima Jean de Dieu. Abo ni bamwe mu bamukubise, harimo ugaragara mu mashusho amukubita umutego akagwa hasi.<\/p>\n<p>Si ubwa mbere bivugwa ko abakomisiyoneri bateza umuvundo, kuko na minisiteri y\u2019ubutabera ibafata nk\u2019ababangamira ubukungu bw\u2019igihugu, batesha agaciro imitungo ya rubanda.<\/p>\n<p>Mu nama iherutse guhuza abafite aho bahuriye n\u2019irangizwa ry\u2019imanza ndetse na minisiteri y\u2019ubutabera, Min. Busingye yasabye abahesha b\u2019inkiko kwitandukanya n\u2019abakomisiyoneri bagambanira imitungo y\u2019abantu.<\/p>\n<p>Ati, \u00a0\u201cAbiyita abakomisiyoneri ni udutsiko tw\u2019abagambanyi bahemberwa kugambanira imitungo y\u2019abantu kugira ngo iteshwe agaciro. Aba nabo mukwiye kwitandukanya nabo kuko umwuga wabo ntaho uhurira n\u2019uwanyu mwarahiriye.\u201d<\/p>\n<p>Mu yindi nama nk\u2019iyi yabaye muri Mata uyu mwaka, hasabwe ko \u00a0abakomisiyoneri bajya mu makampani, bitaba ibyo bakaba abamarine polisi igakora akazi ko kubahiga.<\/p>\n<p>Minisiteri y\u2019Ubutabera yihaye umuhigo wo gushyiraho gahunda yo kugurisha cyamunara binyuze mu ikoranabuhanga kugira ngo bace intege abaca icyuho bagahombya rubanda n\u2019amabanki. Iyo gahunda yagombye gutangira mu Ukwakira, kuko mu nama yo muri Mata bari bihaye amezi atandatu gusa.<\/p>\n<p> <strong>Reba video:<\/strong> <\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_32364\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/p-DH71M2aFQ?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/p-DH71M2aFQ\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste\/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo hajyaga gutezwa icyamunara i Remera ahitwa mu Gihogere, abakomisiyoneri barashayamiranye, bamwe bashaka ko cyamunara itaba abandi bashaka ko iba. Byavuyemo imitwano umwe arahakomerekera, ndetse umuhesha w;inkoko yamburwa impapuro mpesha yari yitwaje ngo akoreshe iyo cyamunanara. Ni mu mudugudu w\u2019Amarembo II, akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera, munsi y\u2019aho ibinyabiziga bisuzumirwa(Controle technique). Mu masaha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11101","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo hajyaga gutezwa icyamunara i Remera ahitwa mu Gihogere, abakomisiyoneri barashayamiranye, bamwe bashaka ko cyamunara itaba abandi bashaka ko iba. Byavuyemo imitwano umwe arahakomerekera, ndetse umuhesha w;inkoko yamburwa impapuro mpesha yari yitwaje ngo akoreshe iyo cyamunanara. Ni mu mudugudu w\u2019Amarembo II, akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera, munsi y\u2019aho ibinyabiziga bisuzumirwa(Controle technique). Mu masaha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-07-26T23:50:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:06:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro\",\"datePublished\":\"2018-07-26T23:50:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:06:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101\"},\"wordCount\":575,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101\",\"name\":\"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-07-26T23:50:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:06:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11101#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro - BWIZA","og_description":"Ubwo hajyaga gutezwa icyamunara i Remera ahitwa mu Gihogere, abakomisiyoneri barashayamiranye, bamwe bashaka ko cyamunara itaba abandi bashaka ko iba. Byavuyemo imitwano umwe arahakomerekera, ndetse umuhesha w;inkoko yamburwa impapuro mpesha yari yitwaje ngo akoreshe iyo cyamunanara. Ni mu mudugudu w\u2019Amarembo II, akagari ka Nyabisindu mu murenge wa Remera, munsi y\u2019aho ibinyabiziga bisuzumirwa(Controle technique). Mu masaha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-07-26T23:50:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:06:55+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro","datePublished":"2018-07-26T23:50:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:06:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101"},"wordCount":575,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11101#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101","name":"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-07-26T23:50:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:06:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11101"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11101#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Abakomisiyoneri barwaniye mu cyamunara, bambura umuhesha w\u2019inkiko ibipapuro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11101","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11101"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11101\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11101"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11101"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11101"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}