{"id":1113,"date":"2016-03-13T14:57:11","date_gmt":"2016-03-13T14:57:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/13\/tumba-college-of-technology-yiyemeje-kwirinda-ibiyobyabwenge-no-kurwanya-ibyaha\/"},"modified":"2025-02-12T22:13:43","modified_gmt":"2025-02-12T20:13:43","slug":"tumba-college-of-technology-yiyemeje-kwirinda-ibiyobyabwenge-no-kurwanya-ibyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113","title":{"rendered":"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rulindo , ku itariki ya 10 Werurwe 2016, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri barenga 300 bo mu ishuri rikuru ryigisha ikoranabuhanga (Tumba College of Technology),  ibigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka zabyo kandi ibakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu kurwanya inyobwa, itundwa n\u2019icuruzwa ryabyo.<br \/>\nUbu butumwa babuhawe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere, Senior Superintendent of Police (SSP) F\u00e9lix Bizimana ndetse  n\u2019ushinzwe imikoranire hagati ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage hagamijwe kurwanya no gukumira ibyaha muri aka karere, Inspector of Police (IP) Emmanuel Dusengimana.<br \/>\nSSP Bizimana yabwiye abanyeshuri bo muri iri shuri  ko ibiyobyabwenge nk\u2019urumogi, n\u2019inzoga zitemewe mu Rwanda nka Kanyanga bishobora kubashora mu ngeso mbi nk\u2019ubusinzi, kandi abasobanurira ko kubera ko baba bataye ubwenge, ubwo businzi rimwe na rimwe butuma batwara inda z\u2019indaro, zikurikirwa no kuva mu ishuri, kwirukanwa mu muryango kuri bamwe , ipfunwe , ubuzererezi, ubwomanzi no kwandura zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.<br \/>\nYababwiye ko bishobora gutuma bakora ibyaha birimo gukubita no gukomeretsa, ubujura, urugomo, gufata ku ngufu no gusambanya abana.<br \/>\nYagize ati:\u201d Ntushobora gutsinda mu ishuri cyangwa ngo wigirire akamaro ndetse ukagirire umuryango wawe n\u2019Igihugu muri rusange unywa ibiyobyabwenge. Imbere hanyu ni heza. Mukwiye rero kwirinda no kurwanya ikintu cyose cyahangiza&#8221;.<br \/>\nIP Dusengimana mu butumwa yatanze ku icuruzwa ry\u2019abantu, yabakanguriye kwirinda no kwima amatwi umuntu waza ababwira ko ashobora kubaha cyangwa kubabonera akazi n\u2019amashuri byiza mu bihugu by\u2019amahanga, aha akaba yarabasobanuriye ko iyo babagejejeyo babambura ibyangombwa byose maze bakabakoresha imirimo ivunanye nta gihembo, no kubashora mu busambanyi.<br \/>\nYababwiye  kujya bahita bamenyesha Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019inzego z\u2019ubuyobozi mu gihe babonye abo bantu, cyangwa bamenye amakuru ajyanye n\u2019ibyo bikorwa byabo binyuranyije n\u2019amategeko.<br \/>\nAha kandi yagize ati:&#8221;Ubuzima bwanyu buri mu maboko yanyu mbere y\u2019undi uwo ariwe wese. Mukwiye  rero kwirinda no kurwanya ikintu cyose gishobora kwangiza ahazaza hanyu&#8221;.<br \/>\nAba banyeshuri baboneyeho umwanya wo gushinga itsinda ryo kurwanya ibyaha (Anti-Crime Club) kugirango babirwanye,  haba ku ishuri ryabo ndetse n&#8217;iwabo mu rugo, rikaba rizashyirirwaho ubuyobozi mu gihe cya vuba.<br \/>\nUmwe muri abo banyeshuri bahawe ubu butumwa witwa Turatsinze Ignace yagize ati:&#8221;Iyi nama yatumye ndushaho gusobanukirwa  iby\u2019icuruzwa ry\u2019abantu, ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka zabyo, n\u2019uko nabyirinda no kubirwanya. Niteguye gukorana na  Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019izindi nzego ngo biranduke mu muryango nyarwanda&#8221;.<br \/>\nYakomeje abwira bagenzi be, ati :&#8221;Imbere hacu ni heza kandi imiryango yacu ndetse n\u2019Igihugu muri rusange bidutezeho byinshi. Nta mpamvu rero yo kwangiza ahazaza hacu n\u2019ibintu dushoboye kwirinda no  kurwanya&#8221;.<br \/>\nMu gufasha imikorere y\u2019iri tsinda, Polisi mu karere ka Rulindo yarihaye imfashanyigisho zirimo ibitabo birimo ubumenyi bwihariye ku biyobyabwenge bitandukanye ndetse n\u2019ingaruka zabyo ku muntu no ku muryango muri rusange.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rulindo , ku itariki ya 10 Werurwe 2016, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri barenga 300 bo mu ishuri rikuru ryigisha ikoranabuhanga (Tumba College of Technology), ibigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka zabyo kandi ibakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu kurwanya inyobwa, itundwa n\u2019icuruzwa ryabyo. Ubu butumwa babuhawe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1113","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rulindo , ku itariki ya 10 Werurwe 2016, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri barenga 300 bo mu ishuri rikuru ryigisha ikoranabuhanga (Tumba College of Technology), ibigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka zabyo kandi ibakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu kurwanya inyobwa, itundwa n\u2019icuruzwa ryabyo. Ubu butumwa babuhawe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-13T14:57:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:13:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha\",\"datePublished\":\"2016-03-13T14:57:11+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:13:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113\"},\"wordCount\":478,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113\",\"name\":\"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-03-13T14:57:11+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:13:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1113#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rulindo , ku itariki ya 10 Werurwe 2016, yagiranye inama n\u2019abanyeshuri barenga 300 bo mu ishuri rikuru ryigisha ikoranabuhanga (Tumba College of Technology), ibigisha ubwoko bw\u2019ibiyobyabwenge, ingaruka zabyo kandi ibakangurira kubyirinda no kugira uruhare mu kurwanya inyobwa, itundwa n\u2019icuruzwa ryabyo. Ubu butumwa babuhawe n\u2019umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-13T14:57:11+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:13:43+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha","datePublished":"2016-03-13T14:57:11+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:13:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113"},"wordCount":478,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1113#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113","name":"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-03-13T14:57:11+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:13:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1113"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1113#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Tumba College of Technology yiyemeje kwirinda ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1113","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1113"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1113\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1113"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1113"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1113"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}