{"id":1114,"date":"2016-03-13T15:35:38","date_gmt":"2016-03-13T15:35:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/13\/nagize-imyaka-18-nkiri-isugi-nkora-imibonano-mpuzabitsina-mfite-amatsiko-none\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:20","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:20","slug":"nagize-imyaka-18-nkiri-isugi-nkora-imibonano-mpuzabitsina-mfite-amatsiko-none","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114","title":{"rendered":"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nitwa X, Nagejeje imyaka 18 ntarakora imibonano mpuzabitsina ariko nkumva babiteramo ikiganiro nanjye nkumva mfite amashyushyu yo kumva uko biryoha ariko kubona umuntu nizera ndetse nazajya nibukiraho ko ariwe nahaye ubusugi bwanjye nkamubura.<\/strong> <\/em><br \/>\nNakundanye n\u2019umusore ubwo nari ndi mu wa 6 secondaire, nkiva gukora ikizamini tugiye gutandukana ansaba kumusezeraho by\u2019umwihariko, namubwiye gukora icyo yifuza cyose kuri njye, anjyana ahantu (\u2026) akora ibishoboka byose birangira tugeze no kungingo, sha yaranshimishije pe, ku bwanjye narishimye numva ndanaryohewe cyanee.<br \/>\nTumaze gukinishanya cyane nibwo yatangiye igikorwa, kubera ko aribwo bwa mbere yagiye ansaba utuntu twinshi nkumva bingoye ariko ndihangana kuko numvaga nshaka kumva uko bimeze koko.<br \/>\nYansomaga hose akansaba gutambikiza ambwira ngo ntege amaguru neza, narasakuzaga akikanga bitewe n\u2019aho twari turi hatari hari security neza, nagerageje kwihangana mfunga umwuka nkora ibyo yansabaga, narishimye pe, naramukunze numva ndanezerewe.<br \/>\n <strong>Nyuma yaho:<\/strong><br \/>\nKuva iwacu ugera iwabo hari hari urugendo rurerure dutegesha 1200Frs kugenda no kugaruka, yageragezaga gushakisha agatike akambwira ngo ntege aranyishyurira, nageragayo tukirirwa muri urwo kuko yabanaga na mukuru we atarakundaga kuhirirwa.<br \/>\nKumuha ubusugi bwanjye byanteye kuraruka, twaryamanye inshuro nke 5, gusa nyuma nikangamo mbona ko nararutse pe.<br \/>\nNagerageje kwihangana akampamagara nkanga kujyayo, kera kabaye agatima karanga kakubita no ku magambo yambwiraga yuje urukundo nkumva  ndashize, biba ngombwa ko nongera kumuha indi nshuro.<br \/>\nKugeza ubu inshuti yanjye yagiye kure ntapfa kugera byoroshye, ndaryama nkarara mu byo twakoranaga mu buriri, amagambo yambwiraga niyo angarukamo buri munsi, iyo umuntu azanye ikiganiro kiganisha ku mibonano numva nshize umubiri wose ariko nkihangana.<br \/>\nMu by\u2019ukuri hari igihe ndyama nkumva ndabishatse cyane, nkumva ndashira umubiri wose, nakwibuka bagenzi banjye batwaye inda nkumva kuba naha undi muhungu ari ikibazo, abantereta bo ni benshi ku buryo ndangaye gato nashiduka byabaye.<br \/>\nMungire inama, nkore iki muri iki gihe cy\u2019uburibwe ndimo, sinsinzira pe, ijoro rinkeraho aribyo ntekereza, ngize nk\u2019ibyago nkaba mbana n\u2019umusore hafi aho mu nzu nazanashiduka nanamwishyiriye kuko mba numva umubiri wanjye ushanyaraye cyanee nabuze amahwemo, nkigaragura cyane ariko sinikinisha kuko narabigerageje numva ni umwaku mu yindi yose.<br \/>\nInama zanyu ni ingirakamaro!<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nitwa X, Nagejeje imyaka 18 ntarakora imibonano mpuzabitsina ariko nkumva babiteramo ikiganiro nanjye nkumva mfite amashyushyu yo kumva uko biryoha ariko kubona umuntu nizera ndetse nazajya nibukiraho ko ariwe nahaye ubusugi bwanjye nkamubura. Nakundanye n\u2019umusore ubwo nari ndi mu wa 6 secondaire, nkiva gukora ikizamini tugiye gutandukana ansaba kumusezeraho by\u2019umwihariko, namubwiye gukora icyo yifuza cyose [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-1114","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nitwa X, Nagejeje imyaka 18 ntarakora imibonano mpuzabitsina ariko nkumva babiteramo ikiganiro nanjye nkumva mfite amashyushyu yo kumva uko biryoha ariko kubona umuntu nizera ndetse nazajya nibukiraho ko ariwe nahaye ubusugi bwanjye nkamubura. Nakundanye n\u2019umusore ubwo nari ndi mu wa 6 secondaire, nkiva gukora ikizamini tugiye gutandukana ansaba kumusezeraho by\u2019umwihariko, namubwiye gukora icyo yifuza cyose [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-13T15:35:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse\",\"datePublished\":\"2016-03-13T15:35:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114\"},\"wordCount\":354,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114\",\"name\":\"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-03-13T15:35:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1114#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse - BWIZA","og_description":"Nitwa X, Nagejeje imyaka 18 ntarakora imibonano mpuzabitsina ariko nkumva babiteramo ikiganiro nanjye nkumva mfite amashyushyu yo kumva uko biryoha ariko kubona umuntu nizera ndetse nazajya nibukiraho ko ariwe nahaye ubusugi bwanjye nkamubura. Nakundanye n\u2019umusore ubwo nari ndi mu wa 6 secondaire, nkiva gukora ikizamini tugiye gutandukana ansaba kumusezeraho by\u2019umwihariko, namubwiye gukora icyo yifuza cyose [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-13T15:35:38+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:20+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse","datePublished":"2016-03-13T15:35:38+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114"},"wordCount":354,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1114#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114","name":"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-03-13T15:35:38+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1114"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1114#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nagize imyaka 18 nkiri isugi, nkora imibonano mpuzabitsina mfite amatsiko none narararutse"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1114","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1114"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1114\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1114"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1114"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1114"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}