{"id":11209,"date":"2018-08-04T10:24:37","date_gmt":"2018-08-04T10:24:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/04\/rwamagana-urubyiruko-rwishimiye-kwizihiza-umuganura-ku-rwego-rw-umudugudu\/"},"modified":"2025-02-12T14:06:13","modified_gmt":"2025-02-12T12:06:13","slug":"rwamagana-urubyiruko-rwishimiye-kwizihiza-umuganura-ku-rwego-rw-umudugudu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209","title":{"rendered":"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu"},"content":{"rendered":"<p>Mu Karere ka Rwamagana urubyiruko rwishimiye uburyo abatuarage bizihije\u00a0\u00a0bizihije\u00a0\u00a0umunsi mukuru w\u2019umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu\u00a0\u00a0ndetse bagasobanurirwa akamaro k\u2019umuganura bagaragaza ko basobanukiwe n\u2019uburyo hakorwaga umuganura kera Urubyiruko rwishimiye kubona uburyo umuganura ukorwa ndetse banagaragaza ko basobanukiwe akamaro ko kwizihiza umuganura.<\/p>\n<p>Uwineza Diane ni umwe mu rubyiruko wavuze ko yumvaga bavuga umuganura ntasobanukirwe akamaro kawo ariko ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza umunsi w\u2019umuganura mu Mudugudu wa Bigabiro, mu Kagari ka Cyanya yishimiye uburyo bizihije umuganura.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-110616 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0229451.jpg\" alt=\"\" width=\"480\" height=\"640\" \/><\/p>\n<p>\u00a0Yagize ati: \u201c <em>Nishimiye uburyo umunsi w\u2019umuganura twawijihije kandi abantu bakuru badufashije gusobanjukirwa akamaro k\u2019umuganuro kuburyo twari dufite amatsiko yo kumenya uko umuganura uko ukorwa ndetse bamwe tutazi n\u2019akamaro k\u2019umuganura ,badusobanuriye impamvu kera bizihizaga umuganura kuburyo twasangiye impengeri n\u2019umutsima w\u2019amasaka biratunezaza ,bidusigiye isomo rikomeye kuburyo twakuyemo isomo ryo kuba umwe nkuko abakera bafatanyaga kandi bagasangira ibyo bijeje kandi byanatwigishije gukorera ku mihigo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Hagenimana Emmanuel ni umusore umuturage utuye mu kagari ka Cyanya\u00a0\u00a0nawe yishimiye kwizihiza umuganura yavuze byatumye asobanukirwa neza impamvu umuganura wizihizwaga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c<em style=\"font-family: Verdana, sans-serif\">Ntabwo nari nsobanukiwe neza uburyo umuganura ukorwa kuko bajyaga bavuga ko hari igikorwa cyo kwizihiza umuganura ariko nkumva bireba abantu bakuze ariko uyu munsi hari byinshi nasobanukiwe bitewe nuko abantu bakuze batubwira uko kera byakorwa ,nawe wabibonye ko twasangiye umutsima ndetse n\u2019impengeri abenshi nubwambere twari tubibonye kandi byadushimishije ariko twabyishimiye kuko batweretse ko abanyarwanda bakundanaga kere bakafashanya bafite ubumwe kandi natwe tugomba kubigira kuko tugomba guharanira nk\u2019urubyiruko kongera kubaka ubumwe dushingiye k\u2019umuco<\/em><br \/>\n.\u201d<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-110618 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0317481-768x1024.jpg\" alt=\"\" width=\"768\" height=\"1024\" \/><\/p>\n<p>Mu butumwa biganiro byatangiwe muri ibyo birori byibanze ku buryo umuganura wakorwa ndetse bigafasha abanyarwanda gufashanya no\u00a0\u00a0kugira ubumwe<\/p>\n<p>Kabagwira Cecile ni umukecuru utuye mu Mudugudu wa Bigabiro yavuze ko umuganura ari umuco warangaga abanyarwanda kandi ari ikimenyetso cyo gushyira hamwe.<\/p>\n<p>\u00a0Yagize ati: \u201c <em>Umuganura ni umuco wacu abanyarwanda kuva kera ,kandi abato mugomba kumenya uko wakorwaga,nko muryango nta mwana washoboraga kuganura ku musaruro yejeje atabanje kuganuza ababyeyi ,umuganura wateraga ababyeyi ineza kuko byabaga byiza kubona abana baganuza ababyeyi ku musaruro bejeje,abato namwe mukwiye gukuriza uwo muco warangaga abanyarwanda kera turashimira Leta yacu yagaruye umuganura wa kera kuko hari byinshi uvuze haba kubakuze n\u2019abana bato mwese mugomba gushyira mu ngiro umuganura nkuko kera byakorwa kandi mukagira ubufatanye nkuko abakera bahuriraga mu bikorwa byiza bagafatanya mu mirimo itandukanye ari nabyo byavuyemo ubudehe ,nasaba ababyeyi kujya mufasha abana gusobanukirwa akamaro k\u2019umuganura kuko bishimangira ubumwe bwacu\u00a0\u00a0abanyarwanda<\/em> .\u201d<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-110617 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0305451.jpg\" alt=\"\" width=\"480\" height=\"640\" \/><\/p>\n<p>\u00a0Ubuyobozi bw\u2019akagari ka Cyanya burishimira uruhare urubyiruko rugira\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0mu\u00a0\u00a0gufasha abaturage\u00a0 \u00a0bahuye n\u2019ibibazo nkuko\u00a0\u00a0\u00a0Butare Gilbert umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Cyanya yabitangaje.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Ku munsi nk\u2019uyu w\u2019umuganura turishimira uburyo abaturage bacu bagira mu kwesa imihigo kuko nkuko mwabibonye abaturage ubwabo basinya imihigo ndetse umudugudu ugahiga ushingiye ku byifuzo by\u2019abaturage ,natwe tugahiga tushingiye kubyo abaturage bifuza gukorerwa,kandi byadufashije kwesa imihigo yose twari twahize kandi urubyiruko turarushimira by&#8217;umwariko kuko bagira uruhare mu bikorwa byinshi ndetse no gutegura umuganura bahawe umwanya ku buryo bagize uruhare rukomeye mu gutegura umuganura banatanga ibitekerezo kandi tuzakomeza gutegura ibikorwa bibahuza n&#8217;abantu bakuru baganire nabo kuko mu biganiro bibahuza bungukiramo byinshi<\/em>  .\u201d\u00a0\u00a0<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Rwamagana burasaba urubyiruko gukunda umurimo kandi bagakorera hamwe kugirango bibafashe kugera ku iterambere rirambye.\u00a0<\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;akarere, Mbonyumuvunyi Radjabu yagize ati: \u201c <em>Kwizihiza umuganura ni ukugaruka ku isoko yacu abanyarwanda kuko ni umuco wa kera waciwe n&#8217;abakoroni ari mu bushishozi bwa Nyakubahwa perezida wa Repubulika yaratumye twongera kwizihiza umuganura ,ku rubyiruko rero nababwira ko bagomba gukora kuko ntiwaganura utakoze niyo mpamvu bagomba gukora kandi ku munsi w&#8217;umuganura abantu barahura bagasabana bigomba kubafasha kumva ko bagomba gukora kandi bagakorera hamwe kugirango babone umusaruro uzabafasha kugera ku iterambere rirambye niba kera abantu baratungaga n&#8217;ubuhinzi n&#8217;ubworozi muri iki gihe abaturage bakora imirimo myinshi ku munsi w&#8217;umuganura ni umwanya wo kwishimira ibyo byose byagezweho no gufata ingamba zo gukomeza gukora neza bishingiye ku guhiga no guhigura ibyo abaturage baba baragezeho<\/em>  .\u201d<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Karere ka Rwamagana urubyiruko rwishimiye uburyo abatuarage bizihije\u00a0\u00a0bizihije\u00a0\u00a0umunsi mukuru w\u2019umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu\u00a0\u00a0ndetse bagasobanurirwa akamaro k\u2019umuganura bagaragaza ko basobanukiwe n\u2019uburyo hakorwaga umuganura kera Urubyiruko rwishimiye kubona uburyo umuganura ukorwa ndetse banagaragaza ko basobanukiwe akamaro ko kwizihiza umuganura. Uwineza Diane ni umwe mu rubyiruko wavuze ko yumvaga bavuga umuganura ntasobanukirwe akamaro kawo ariko ubwo yitabiraga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11209","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Karere ka Rwamagana urubyiruko rwishimiye uburyo abatuarage bizihije\u00a0\u00a0bizihije\u00a0\u00a0umunsi mukuru w\u2019umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu\u00a0\u00a0ndetse bagasobanurirwa akamaro k\u2019umuganura bagaragaza ko basobanukiwe n\u2019uburyo hakorwaga umuganura kera Urubyiruko rwishimiye kubona uburyo umuganura ukorwa ndetse banagaragaza ko basobanukiwe akamaro ko kwizihiza umuganura. Uwineza Diane ni umwe mu rubyiruko wavuze ko yumvaga bavuga umuganura ntasobanukirwe akamaro kawo ariko ubwo yitabiraga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-04T10:24:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:06:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0229451.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu\",\"datePublished\":\"2018-08-04T10:24:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:06:13+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209\"},\"wordCount\":648,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/08\\\/IMG_20140108_0229451.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209\",\"name\":\"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/08\\\/IMG_20140108_0229451.jpg\",\"datePublished\":\"2018-08-04T10:24:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:06:13+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11209#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu - BWIZA","og_description":"Mu Karere ka Rwamagana urubyiruko rwishimiye uburyo abatuarage bizihije\u00a0\u00a0bizihije\u00a0\u00a0umunsi mukuru w\u2019umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu\u00a0\u00a0ndetse bagasobanurirwa akamaro k\u2019umuganura bagaragaza ko basobanukiwe n\u2019uburyo hakorwaga umuganura kera Urubyiruko rwishimiye kubona uburyo umuganura ukorwa ndetse banagaragaza ko basobanukiwe akamaro ko kwizihiza umuganura. Uwineza Diane ni umwe mu rubyiruko wavuze ko yumvaga bavuga umuganura ntasobanukirwe akamaro kawo ariko ubwo yitabiraga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-04T10:24:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:06:13+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0229451.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu","datePublished":"2018-08-04T10:24:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:06:13+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209"},"wordCount":648,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0229451.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209","name":"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/IMG_20140108_0229451.jpg","datePublished":"2018-08-04T10:24:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:06:13+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11209"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11209#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana:Urubyiruko rwishimiye kwizihiza umuganura ku rwego rw\u2019umudugudu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11209","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11209"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11209\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11209"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11209"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11209"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}