{"id":11218,"date":"2018-08-06T05:45:29","date_gmt":"2018-08-06T05:45:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/06\/kicukiro-polisi-yafashije-umumotari-gufata-abajura-bari-bamwambuye-moto\/"},"modified":"2025-02-12T14:06:08","modified_gmt":"2025-02-12T12:06:08","slug":"kicukiro-polisi-yafashije-umumotari-gufata-abajura-bari-bamwambuye-moto","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218","title":{"rendered":"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje gukaza umurego mu kurwanya abanyabyaha\u00a0 hirya no hino mu gihugu,ni muri\u00a0 urwo rwego mu ijoro ryo ku itariki ya 03 Kanama\u00a0 yafashije Niyitegeka Dieudonne usanzwe akora akazi ko gutwara abagenzi kuri Moto(Umumotari) gufata abajura bari bamwambuye Moto ye ubwo yari\u00a0 atwaye uwigize umugenzi.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi\u00a0 y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Senior Superitendent of Police(SSP) Emmanuel Hitayezu\u00a0 yavuze ko abo bajura bagerageje gukoresha\u00a0 \u00a0amayeri yose kugira ngo bibe iyo moto ariko ntibyabahira kuko Polisi yahise itabara vuba.<\/p>\n<p>Yagize ati:\u201dHari ni njoro, umumotari\u00a0 witwa Niyitegeka Dieudonne yatezwe n\u2019umugenzi witwa\u00a0 Nshimiyimana Elis\u00e9e ufite imyaka 29\u00a0 bava I Remera mu karere ka Gasabo bagana muri Kicukiro Centre,\u00a0 bageze ku rugo rw\u2019umuntu (igipangu) bahasanga umuntu wigize umuzamu waho,\u00a0 wa mugenzi(Nshimiyimana ) ategeka umumotari guhagarara akava kuri moto.\u201d<\/p>\n<p>Bakimara kuva kuri Moto, wa wundi wari wigize umuzamu ariwe\u00a0 \u00a0Ntahontuye Fidele\u00a0 yahise afata imfunguzo za Moto azambura umumotari\u00a0 ari nako azamura umuhoro mu mufuka yari afite.<\/p>\n<p>Nshimiyimana na mugenzi we bari bafatanyije umugambi\u00a0 bahise batsa ya moto baragenda.Umumotari nawe atega mugenzi we barabakurikira, kubera ko moto yari yibwe yari ifite lisanse nkeya yahise ibazimana barahagarara nibwo Umumotari wari wibwe moto yabafashe bahagaze batangira kurwana,abaturage bahise batabaza Polisi ihita iza iratabara.<\/p>\n<p>SSP Hitayezu yashimiye abaturage kuba bagize uruhare mu gufata abo bajura kuko yatabaje hakiri kare,yanashimiye abamotari uruhare bagize mu gufasha mugenzi wabo kugira ngo abashe gukurikira abajura.<\/p>\n<p>Yagize ati:\u201dTurashimira abaturage kuba bahise batanga amakuru kandi ku gihe, turabasaba gukomerezaho,ntawabura\u00a0 kandi\u00a0 gushimira uriya momotari wafashije mugenzi we bagakurikira ibisambo.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje asaba abaturage gukomeza gutangira\u00a0 amakuru ku gihe ndetse anasaba abamotara gukomeza kugira umutima wo gutabarana.<\/p>\n<p>Niyitegeka Dieudonne yashimiye Polisi y\u2019u Rwanda uburyo yamutabaye hakiri kare bakabasha kwambura ibyo bisambo Moto ye.<\/p>\n<p>Yagize ati:\u201dNdashimira Polisi y\u2019u Rwanda kuba itabariye igihe ikabasha kumfasha kwambura biriya bisambo moto yanjye,sinari kubyishoboza byari bifite umuhoro.Ndashimira akandi n\u2019abaturage bantabarije hakiri kare,ndanashimira umumotari mugenzi wanjye wahise aza akamfasha gukurikira ibi bisambo.\u201d<\/p>\n<p>Nshimiyimana akimara gufatwa yiyemereye ko ubwo bujura yari yabugambiriye kandi ko yari asanzwe abukora we na mugenzi we ariko we yahise acika ubu aracyashakishwa.Yavuze ko no mu minsi ishize bibye mota mu Ntara y\u2019Amajyepfo bakaza kuyigurisha mu Mujyi wa Kigali ariko nabwo iyo Moto yahise ifatwa.<\/p>\n<p>Kugeza ubu Nshimiyimana Polisi yahise imushyikiriza urwego rw\u2019igihugu rushinzwe ubugenzacyaha kugira ngo akurikiranweho icyaha,ni mugihe hagishakishwa uwo bari bafatanyije icyaha ariwe Ntahontuye Fidele.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje gukaza umurego mu kurwanya abanyabyaha\u00a0 hirya no hino mu gihugu,ni muri\u00a0 urwo rwego mu ijoro ryo ku itariki ya 03 Kanama\u00a0 yafashije Niyitegeka Dieudonne usanzwe akora akazi ko gutwara abagenzi kuri Moto(Umumotari) gufata abajura bari bamwambuye Moto ye ubwo yari\u00a0 atwaye uwigize umugenzi. Umuvugizi wa Polisi\u00a0 y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11218","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje gukaza umurego mu kurwanya abanyabyaha\u00a0 hirya no hino mu gihugu,ni muri\u00a0 urwo rwego mu ijoro ryo ku itariki ya 03 Kanama\u00a0 yafashije Niyitegeka Dieudonne usanzwe akora akazi ko gutwara abagenzi kuri Moto(Umumotari) gufata abajura bari bamwambuye Moto ye ubwo yari\u00a0 atwaye uwigize umugenzi. Umuvugizi wa Polisi\u00a0 y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-06T05:45:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:06:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto\",\"datePublished\":\"2018-08-06T05:45:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:06:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218\"},\"wordCount\":413,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218\",\"name\":\"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-06T05:45:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:06:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11218#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje gukaza umurego mu kurwanya abanyabyaha\u00a0 hirya no hino mu gihugu,ni muri\u00a0 urwo rwego mu ijoro ryo ku itariki ya 03 Kanama\u00a0 yafashije Niyitegeka Dieudonne usanzwe akora akazi ko gutwara abagenzi kuri Moto(Umumotari) gufata abajura bari bamwambuye Moto ye ubwo yari\u00a0 atwaye uwigize umugenzi. Umuvugizi wa Polisi\u00a0 y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-06T05:45:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:06:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto","datePublished":"2018-08-06T05:45:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:06:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218"},"wordCount":413,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11218#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218","name":"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-06T05:45:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:06:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11218"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11218#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kicukiro:Polisi yafashije umumotari gufata abajura bari bamwambuye moto"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11218","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11218"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11218\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11218"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11218"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11218"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}