{"id":11266,"date":"2018-08-09T10:16:28","date_gmt":"2018-08-09T10:16:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/09\/gen-kayihura-arifuza-ko-ukuri-kujya-ahabona-aho-gutekereza-kuba-yatoroka-gereza\/"},"modified":"2025-02-12T14:05:46","modified_gmt":"2025-02-12T12:05:46","slug":"gen-kayihura-arifuza-ko-ukuri-kujya-ahabona-aho-gutekereza-kuba-yatoroka-gereza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266","title":{"rendered":"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Gen Kale Kayihura wahoze ari umuyobozi mukuru w\u2019igipolisi cya Uganda, nyuma perezida Museveni akaza kumwambura uyu mwanya ndetse akanafungwa, avuga ko kuba afunzwe ntacyo bimutwaye, icyo akeneye ni uko ukuri kujya ahabona aho kuba yategura imigambi yo kuba yatoroka aho afungiye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ku wa 13 Kamena 2018, nibwo Gen Kayihura yafashwe ajyanwa mu Kigo cya gisirikare cya Makindye kuhafungirwa nyuma ajyanwa gufungishwa ijisho iwe mu rugo i Muyenga, mu nkengero za Kampala, aho arinzwe bikomeye n\u2019igisirikare.<\/p>\n<p>Abavoka bamwunganira mu by\u2019amategeko bo mu itsinda ry\u2019abavoka (KAA), batangaza ko umukiriya wabo yiteguye kuba igitambo cy\u2019uburenganzira bwe, kugira ngo ukuri ku bimuvugwaho kujye ahagaragara.<\/p>\n<p>Me Elison Karuhanga aganira na Dailymonitor dukesha iyi nkuru, yagize ati \u00ab\u00a0umukiriya wacu yadutangarije ko nta kibazo na kimwe afite cyo kuguma muri gereza mu gihe cyose ukuri kutarajya ahabona, ubu ikiruta ibindi ni uko ukuri gutangazwa\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko Gen Kayihura adashishikajwe no kuba yatoroka aho afungiye agahunga, kubera ibyaha bitandukanye ashinjwa, ngo akaba ategereje ko iperereza risozwa ukuri kukamenyekana.<\/p>\n<p>Ati \u00ab\u00a0Uruhuri rw\u2019ibyaha rumushyirwa ku mutwe ariko mu gihe ikipe ishinzwe iperereza ifashe igihe kinini igatohoza neza, avuga ko ari byiza kuri we kuba yakomeza gutegereza rikarangira\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Aratangaza ibi mu gihe abashinzwe uburenganzira bwa muntu nabo bahagurutse bavuga ko afunzwe mu buryo butemewe n\u2019amategeko, aho itegeko rigena ko umuntu wese wafashwe agafungwa atagomba kurenza amasaha 48 atarakorerwa dosiye, agashyikirizwa inzira z\u2019ubutabera.<\/p>\n<p>Ati \u00ab\u00a0arashimira cyane M. Deusdedit Bwengye \u00a0wafashe umwanzuro wo guhaguruka agaharanira uburenganzira bwe, agashimira abantu bose bagize uruhare mu kumushyigikira muri ibi bihe ari muri gereza, ariko mu gihe ukuri kuzaba kwagaragajwe n\u2019uburenganzira azabusubizwa, nta kibazo na kimwe afite cyo kuba agumye muri gereza\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Gel Kale Kayihura w\u2019imyaka 62 y\u2019amavuko, yahoze ari umuyobozi w\u2019igipolisi cya Uganda, muri Werurwe uyu mwaka nibwo Perezida Museveni yamuvanye kuri uyu mwanya amusimbuza Okoth Ochola. Ku buyobozi bwe hakaba haragiye habaho ubwicanyi bwakorewe abayobozi mu nzego zitandukanye barimo AIGP Andrew Kaweesi wari umuvugizi wa polisi n\u2019abandi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Gen Kale Kayihura wahoze ari umuyobozi mukuru w\u2019igipolisi cya Uganda, nyuma perezida Museveni akaza kumwambura uyu mwanya ndetse akanafungwa, avuga ko kuba afunzwe ntacyo bimutwaye, icyo akeneye ni uko ukuri kujya ahabona aho kuba yategura imigambi yo kuba yatoroka aho afungiye. Ku wa 13 Kamena 2018, nibwo Gen Kayihura yafashwe ajyanwa mu Kigo cya gisirikare [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11266","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Gen Kale Kayihura wahoze ari umuyobozi mukuru w\u2019igipolisi cya Uganda, nyuma perezida Museveni akaza kumwambura uyu mwanya ndetse akanafungwa, avuga ko kuba afunzwe ntacyo bimutwaye, icyo akeneye ni uko ukuri kujya ahabona aho kuba yategura imigambi yo kuba yatoroka aho afungiye. Ku wa 13 Kamena 2018, nibwo Gen Kayihura yafashwe ajyanwa mu Kigo cya gisirikare [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-09T10:16:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:05:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza\",\"datePublished\":\"2018-08-09T10:16:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:05:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266\"},\"wordCount\":334,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266\",\"name\":\"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-09T10:16:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:05:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11266#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza - BWIZA","og_description":"Gen Kale Kayihura wahoze ari umuyobozi mukuru w\u2019igipolisi cya Uganda, nyuma perezida Museveni akaza kumwambura uyu mwanya ndetse akanafungwa, avuga ko kuba afunzwe ntacyo bimutwaye, icyo akeneye ni uko ukuri kujya ahabona aho kuba yategura imigambi yo kuba yatoroka aho afungiye. Ku wa 13 Kamena 2018, nibwo Gen Kayihura yafashwe ajyanwa mu Kigo cya gisirikare [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-09T10:16:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:05:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza","datePublished":"2018-08-09T10:16:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:05:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266"},"wordCount":334,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11266#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266","name":"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-09T10:16:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:05:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11266"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11266#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen Kayihura arifuza ko ukuri kujya ahabona aho gutekereza kuba yatoroka gereza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11266","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11266"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11266\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11266"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11266"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11266"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}