{"id":11337,"date":"2018-08-15T13:41:36","date_gmt":"2018-08-15T13:41:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/15\/rwanda-abadepite-basoje-manda-biha-amashyi-ababatumye-batanyuzwe\/"},"modified":"2025-02-12T14:05:04","modified_gmt":"2025-02-12T12:05:04","slug":"rwanda-abadepite-basoje-manda-biha-amashyi-ababatumye-batanyuzwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337","title":{"rendered":"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu ijambo ry\u2019uwari perezida w\u2019Inteko Ishingamategeko y\u2019u Rwanda umutwe w\u2019Abadepite,\u00a0 Donatila Mukabalisa, ryo ku wa 09 Kanama 2018, hagaragayemo kwishimira ko inteko yesheje umuhigo yari yarihaye. Nyamara bamwe mu baturage basanga hari bimwe bitakozwe kandi byari bifitiye akamaro igihugu gishaka gutera imbere.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo yafataga ijambo mu muhango wo gusesa umutwe w\u2019abadepite wo mu nteko ishinga amategeko ku wa 09 Kanama 2018, Hon Donatila Mukabalisa yumvikanye yishimira ko uyu mutwe washoboye gutora amategeko asaga 300 wari warihaye ndetse ko agera kuri 270 yamaze gusohoka mu igazeti ya Leta. Ati \u201caha twakwishimira ko ibyo twari twiyemeje twabigezeho\u201d.<\/p>\n<p>Ku byerekeye imirimo yindi uyu mutwe wakoze kuva warahira ku wa 4 Ukwakira 2013, Donatille Mukabalisa yabwiye Umukuru w\u2019igihugu ko bageze kuri byinshi birimo gusura abaturage hirya no hino mu gihugu, kwakira ibibazo byabo kandi hafi ya byose bigakemurwa.<\/p>\n<p>Mukabalisa ati \u201cUmutwe w\u2019Abadepite wakiriye ibibazo by\u2019abaturage bigera kuri 353 byoherezwa muri komisiyo ibifite mu nshingano irabisuzuma, Inteko Rusange ibifataho imyanzuro yashyikirijwe inzego bireba kugira ngo bikemuke. Turishimira \u00a0ko ibyo bibazo 353 byose uko byari 350 byasuzumwe bigafatirwa imyanzuro\u201d.<\/p>\n<p> <strong>Ese kuki banyurwa twe twabatumye tutanyuzwe, Ingabire Marie Immaculee<\/strong> <\/p>\n<p>Ku rundi ruhande ariko hari abatanyuzwe n\u2019uko kwishima kuko hari ibyo babona inteko, umutwe w\u2019abadepite utashoboye gutunganya kandi byari biri mu nshingano zayo.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n\u2019akarengane (transparency international) ishami ry\u2019u Rwanda, Ingabire Marie Immaculee, asanga abagize inteko mbere yo kwemeza ko banyuzwe bakagombye kubanza kubaza rubanda yabatumye niba yanyuzwe.<\/p>\n<p>Ati, \u201c kuba inteko itumira abantu bagaragayeho gucunga nabi ibya rubanda ariko akaba nta n\u2019umwe wigeze yumvikana ko yabihaniwe uretse kubibarizwa mu nteko gusa, bagatora bavuga ngo baranyuzwe. Banyurwa bate kandi twe twabatumye tutanyuzwe?\u201d<\/p>\n<p>Naho Kalisa Ignace wo mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga, ati \u201cnubwo bavuga ko batoye amategeko angana kuriya ariko ntibashoboye gukoma mu nkokora abamunga umutungo w\u2019igihugu kandi byari bikenewe ku gihugu cyacu gishaka gutera imbere vuba\u201d.<\/p>\n<p>Kalisa asanga Hon Mukabalisa yari akwiye no kugaragaza bimwe mu byabananiye birimo n\u2019icyo. Ikindi avuga ni ikibazo umuturage yagejeje ku ntumwa za rubanda ubwo zabasuraga bagahurira muri TTC Muhanga ariko kugeza na n\u2019ubu uwo mutarage akaba atarabona igisubizo gikwiye. Ati \u201cbagihaye umurongo ariko ntibirajya mu bikorwa,\u00a0 kuko nta gukurikarana kwabaye\u201d.<\/p>\n<p>Kuri Benihirwe Mariya wikorera ku giti cye mu murenge wa Nyarugenge, umujyi wa Kigali ngo ntiyumva ukuntu abadepite bavuga ko banyuzwe n\u2019umusaruro bagezeho kandi ababatumye bo batanyuzwe.<\/p>\n<p>Ati \u201cnta gihe Komisiyo y\u2019Inteko Ishinga Amategeko Ishinzwe gukurikirana imari n\u2019Umutungo bya Leta (PAC) itagiye itumira abantu batandukanye bakekwaho gucunga nabi umutungo wa leta, ngabo \u00a0REB, RAB, WASAC, RSSB, NUR,RBC, mu turere n\u2019ahandi. Ngabo abagize uruhare mu migendekere mibi y\u2019imishinga itandukanye nka za Rukarara na Gishoma! Ariko se byatanze iki?\u201d<\/p>\n<p>Ikindi Benihirwe agaragaza ni uburyo ngo hari za raporo zimwe na zimwe abapedepite bemeza kandi batabanje kubaza abaturage babatumye. Ati \u201cbajye batubaza twe tuba turi aho imishinga ikorerwa, mbega nk\u2019uko babigenje tujya kuvugura itegeko nshinga.\u201d Akaba \u00a0yizeye ko abagiye gutorwa batazakomeza gukorera muri uwo murongo.<\/p>\n<p>Ubwo abayobozi bakuru b\u2019igihugu baheruka mu mwiherero wo kuva ku itariki ya 26 Gashyantare kugeza ku ya 01 Werurwe 2018, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, umukuru w\u2019igihugu yumvikanye abaza ikibazo nk\u2019iki. Mu kumusibiza, Perezida wa Sena, Hon Bernard Makuza, yavuze ko babanje gukora bimwe ko n\u2019ibindi bazabigeraho. Perezida Paul Kagame ati \u201cyego murakora mugahamagara abantu ariko nta \u201ccassuality\u201d ndabona\u201d. Aha akaba yarashakaga kugaragaza ko babona abanyamakosa ariko ntihagire uyahanirwa cyangwa ngo akurweho icyizere.<\/p>\n<p>Kuri iki kibazo cyakomeje kuba agatererazamba, bamwe mu badepite bagiye bavuga ko bagaragaza ibintu uko biteye, bagatanga umurongo byakemurirwamo, akenshi biba biganisha mu nkiko. Bati \u201cturakora ariko ntidusimbura inkiko.\u201d<\/p>\n<p>Ku wa 09 Mutarama 2017, uwari Umuvunyi mukuru, Aloysie Cyanzayire yatangarije Abadepite ko inkiko zo mu Rwanda zorohera bamwe mu bayobozi n\u2019abakozi ba leta bafatirwa mu cyaha cya ruswa rimwe na rimwe ibyo baba bashinjwa bigateshwa gaciro, abo bahimbwa \u201cIbifi binini\u201d bakarekurwa kandi hari ibimenyetso bigaragaza ko ibyo bashinjwa ari ukuri.<\/p>\n<p> <strong> <em>Karegeya Jean Baptiste\/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu ijambo ry\u2019uwari perezida w\u2019Inteko Ishingamategeko y\u2019u Rwanda umutwe w\u2019Abadepite,\u00a0 Donatila Mukabalisa, ryo ku wa 09 Kanama 2018, hagaragayemo kwishimira ko inteko yesheje umuhigo yari yarihaye. Nyamara bamwe mu baturage basanga hari bimwe bitakozwe kandi byari bifitiye akamaro igihugu gishaka gutera imbere. Ubwo yafataga ijambo mu muhango wo gusesa umutwe w\u2019abadepite wo mu nteko ishinga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11337","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu ijambo ry\u2019uwari perezida w\u2019Inteko Ishingamategeko y\u2019u Rwanda umutwe w\u2019Abadepite,\u00a0 Donatila Mukabalisa, ryo ku wa 09 Kanama 2018, hagaragayemo kwishimira ko inteko yesheje umuhigo yari yarihaye. Nyamara bamwe mu baturage basanga hari bimwe bitakozwe kandi byari bifitiye akamaro igihugu gishaka gutera imbere. Ubwo yafataga ijambo mu muhango wo gusesa umutwe w\u2019abadepite wo mu nteko ishinga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-15T13:41:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:05:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe\",\"datePublished\":\"2018-08-15T13:41:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:05:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337\"},\"wordCount\":660,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337\",\"name\":\"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-15T13:41:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:05:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11337#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe - BWIZA","og_description":"Mu ijambo ry\u2019uwari perezida w\u2019Inteko Ishingamategeko y\u2019u Rwanda umutwe w\u2019Abadepite,\u00a0 Donatila Mukabalisa, ryo ku wa 09 Kanama 2018, hagaragayemo kwishimira ko inteko yesheje umuhigo yari yarihaye. Nyamara bamwe mu baturage basanga hari bimwe bitakozwe kandi byari bifitiye akamaro igihugu gishaka gutera imbere. Ubwo yafataga ijambo mu muhango wo gusesa umutwe w\u2019abadepite wo mu nteko ishinga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-15T13:41:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:05:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe","datePublished":"2018-08-15T13:41:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:05:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337"},"wordCount":660,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11337#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337","name":"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-15T13:41:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:05:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11337"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11337#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Abadepite basoje manda biha amashyi ababatumye batanyuzwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11337","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11337"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11337\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11337"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11337"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11337"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}