{"id":11349,"date":"2018-08-16T10:36:43","date_gmt":"2018-08-16T10:36:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/16\/ikibuno-kinini-n-uburanga-ntibizagushuke-dore-ibimenyetso-10-bizakwereka\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:07","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:07","slug":"ikibuno-kinini-n-uburanga-ntibizagushuke-dore-ibimenyetso-10-bizakwereka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349","title":{"rendered":"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n\u2019indi miterere y\u2019umubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu buriri.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Umugabo n\u2019umugore iyo bageze mu buriri, mu gikorwa cy\u2019akabariro, mbere na mbere umwe aba agomba gusangira na mugenzi we mu ibyishimo. Dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri.<\/p>\n<p> <strong>1.Umugore uzi inshingano ze: <\/strong> Umugore mwiza mu buriri ni wawundi umenya inshingano ze, agomba kumenya ko uwo bagiye kubonana ari umugabo we, akamwubaha, akamutetesha. Benshi bibwira ko kunezezanya bitangirira mu buriri, oya, biba byatangiye kare, niyo mpamvu umugore mwiza atangira gushotora umugabo bakiri muri salo amubwira ibimugwa ku mutima, bakaza kugera mu buriri umwe yiyumvamo undi.<\/p>\n<p> <strong>2.Umugore wirekura:<\/strong>  Nubwo waba ufite ikibuno kiza gute, nubwo waba uri nyampinga w\u2019Isi, ufite ubwiza budasanzwe ariko uri injiji mu gufata neza umugabo ntabwo wahirwa n\u2019urugo, umugore mwiza mu buriri ni wawundi wirekura ku mugabo we, akamuha ibyo ashaka kandi neza, muri pozisiyo ibanogoye. Hari abadamu b\u2019abanebwe, ugera mu buriri akagarama nk\u2019umutumba, akumva ko ibisigaye ari umugabo ugomba kwirwariza.<\/p>\n<p> <strong>3.Umugore utinyuka:<\/strong>  Umugore utinyuka umugabo we, amufasha kumubwira aho yumva haryoshye, aho yumva yamushimira, iyo utinyuka umugabo ukamubwira ibyiyumviro byawe na we biramufasha akakugeza ku ndunduro y\u2019ibyishimo wifuzaga.<\/p>\n<p> <strong>4.Umugore uzi gutegura umugabo<\/strong> : Nk\u2019uko twabikomojeho haruguru, umugore mwiza uzamubwira n\u2019uburyo uzasanga yakwiteguye, haba ku meza, ku buriri busa neza kandi bunafite isuku, akakwegera akagukorakora, akagusiga umubiri we nubwo yaba atabyibushye cyangwa ngo agire ikibuno kinini, akagukorakora kuva ku musatsi kugera ku kirenge, uwo ni we mugore mwiza mu buriri.<\/p>\n<p> <strong>5.Umugore waciye imyeyo:<\/strong>  Mu muco wa Kinyarwanda, Guca imyeyo cyangwa Gukuna, ni ibintu abagabo benshi bagenderaho bakemeza ko umugore ari mwiza mu buriri, ni umuco wa kera ariko n\u2019ubu urakora, ugaragaza ko umugore yahawe uburere na ba nyirasenge cyangwa nyina n\u2019abandi bamureze, hari ababyitarutsa ko ari iby\u2019abakera ariko ntabwo wabikura mu mitwe y\u2019abagabo.<\/p>\n<p> <strong>6.Umugore unyara:<\/strong>  Kuri iyi ngingo, kunyara ntabwo ari ukwihagarika, ahubwo ni ukunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, aho umugore yishima akamisha ibinyare cyangwa se Amavangingo. Iyo abagabo barimo gutera urwenya uzasanga bagira bati \u2018umugore mwiza ni unyara\u2019 icyo baba bavuga kirumvikana. Ubundi nta mugore utagira aya mavangingo, ahubwo ashobora kutayazana bitewe n\u2019umugabo utazi kuyashaka.<\/p>\n<p> <strong>7.Umugore wiyungura ubumenyi: <\/strong> Umugore mwiza ni wawundi uhora ashaka kwiyungura mu bumenye, kuri iyi ngingo aba agomba gushaka izindi nyigisho zamufasha kunezeza uwo bashakanye kurushaho, aba atandukanye na wawundi uba azi ko hari ikibura, akicecekera agira ati \u2018azajye abirya uko biri\u2019.<\/p>\n<p> <strong>8.Umugore ubanza Imana:<\/strong>  Umugore uzi Imana, azi ubwenge, azi gushimisha umugabo, ntabwo yirata ubwiza n\u2019ibyo mutunze, ahubwo akubaha nk\u2019umugabo mu buriri akakugenera ibyishimo wifuza, ntabwo azaba ameze nka babandi bataha basingiza icupa (inzoga) bakirengagiza inshingano zabo nk\u2019abagore, bene uyu mugore uzi Imana ni na wawundi utaguca inyuma.<\/p>\n<p> <strong>9.Umugore unyurwa:<\/strong>  Niba uyu munsi mukoze imibonano ntagere ku byifuzo bye, arakubwira mwese mukamenya aho byapfiriye ejo mukahakosora, uyu niwe mugore mwiza, uyu ntabwo azaguca inyuma ngo age gushaka abamugeza aho yifuza ngo abe yanakuzanira kabutindi ya SIDA kandi mufatanyije mwahagera.<\/p>\n<p> <strong>10.Umugore uzi gushima:<\/strong>  Mu gihe musoje igikorwa, wa mugore mwiza ni wawundi ukwegera mu ijwi rituje akakubwira ati \u2018Merci mon patron, urakoze mutware, ndanyuzwe, ndagukunda\u2019 yarangiza akakuryama mu gatuza akaba yakuganiriza utugambo turyohera amatwi. Atandukanye na wawundi uhora yirata ubwiza, igihe cyose ahora abugukangisha, muryamana ku nduru, ukoraho akikanga ngo uramuhanda,\u2026<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n\u2019indi miterere y\u2019umubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu buriri. Umugabo n\u2019umugore iyo bageze mu buriri, mu gikorwa cy\u2019akabariro, mbere na mbere umwe aba agomba gusangira na mugenzi we mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-11349","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n\u2019indi miterere y\u2019umubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu buriri. Umugabo n\u2019umugore iyo bageze mu buriri, mu gikorwa cy\u2019akabariro, mbere na mbere umwe aba agomba gusangira na mugenzi we mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-16T10:36:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri\",\"datePublished\":\"2018-08-16T10:36:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349\"},\"wordCount\":574,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349\",\"name\":\"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-16T10:36:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11349#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri - BWIZA","og_description":"Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n\u2019indi miterere y\u2019umubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu buriri. Umugabo n\u2019umugore iyo bageze mu buriri, mu gikorwa cy\u2019akabariro, mbere na mbere umwe aba agomba gusangira na mugenzi we mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-16T10:36:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri","datePublished":"2018-08-16T10:36:43+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349"},"wordCount":574,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11349#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349","name":"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-16T10:36:43+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11349"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11349#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikibuno kinini n\u2019uburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11349","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11349"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11349\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11349"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11349"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11349"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}