{"id":11366,"date":"2018-08-18T07:05:03","date_gmt":"2018-08-18T07:05:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/18\/nyarugenge-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-gutekera-umutwe-umuntu-akamutwara-asaga\/"},"modified":"2025-02-12T14:04:46","modified_gmt":"2025-02-12T12:04:46","slug":"nyarugenge-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-gutekera-umutwe-umuntu-akamutwara-asaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366","title":{"rendered":"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda irakangurira abaturage\u00a0 kwirinda icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana kandi\u00a0 bakagira uruhare mu kuburwanya bayiha amakuru y\u2019ababukora.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa ry\u2019umugabo witwa Bimenyimana Leopold w\u2019imyaka 42, wafatiwe mu kagari ka Kimisagara, mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gutekera umutwe no kwizeza ibitangaza umuturage akamutwara amafaranga y\u2019u Rwanda arenga miliyoni imwe.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Senior Superintendent (SSP) Emmanuel Hitayezu yagize ati:\u201d  <em>hari ku itariki ya 15 uku kwezi, mu rugo rw\u2019umugore witwa Uwamahoro Charlotte w\u2019imyaka 32 haje umuntu (umugore basanzwe baziranye), amubwira ko afite ibibazo byinshi ndetse binashobora kumuviramo urupfu. Yamusezeranyije ko hari umuntu azi wamufasha gusohoka muri izo ngorane<\/em> \u201d.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>SSP Hitayezu yakomeje avuga uwamahoro yagize ubwoba, ndetse amusaba kumugeza kuri uwo muntu. Bombi bagiye ku mugabo witwa Bimenyimana Leopold wiyitaga umuvuzi gakondo kandi werekwa ibizaba mu gihe kizaza nk\u2019uko yabyivugiraga. Yabwiye uyu mugore ko kugira ngo amufashe gusohoka muri izo ngorane, ari uko yajya kuri banki kubikuza amafaranga afiteyo yose akayamuzanira. Byarangiye amuhaye amafaranga miliyoni imwe n\u2019ibihumbi 770.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>SSP Hitayezu yavuze ko Bimenyimana akimara gufata ariya mafaranga, yahaye imiti Uwamahoro nyuma yo kuyinywa yahise asinzira; aho akangukiye abura ba batekamutwe; maze yiyambaza Polisi, nayo ifata Bimenyimana wiyitaga umuvuzi gakondo, naho umugore bari bafatanyije we aracyashakishwa. Ubu yashyikirijwe Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha-RIB; ubu rurimo gukurikirana icyo kibazo.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, yasabye buri wese kugira uruhare mu gukumira bene ibi byaha, bahanahana amakuru ku gihe y\u2019umuntu uwo ariwe wese waba akekwaho kubikora kugira ngo bene aba banyabyaha bafatwe kandi bashyikirizwe ubutabera.<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Yagize ati, \u201c <em>Ubwambuzi bushukana, ni icyaha gihanwa n\u2019amategeko y\u2019u Rwanda. Uretse no kuba ari icyaha gituma uwagifatiwemo ashobora gufatwa akanafungwa, kinatuma kandi ukekwa ashobora guhura n\u2019ibindi bibazo birimo gutanga amande<\/em> .\u201d<\/p>\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n<p>Ingingo ya 318 yo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda iteganya ko, umuntu wese, abigiriye kwambura ikintu icyo ari cyo cyose cy\u00e2\u20ac\u0178undi, agatuma bakimuha ari uko akoresheje amayeri y\u00e2\u20ac\u0178ubwambuzi, wiyitirira amazina atari yo cyangwa imirimo adafitiye ububasha cyangwa agira ngo yizeze icyiza cyangwa atinyishe ko hari ikizaba kibi maze akambura undi imari ye yose cyangwa igice cyayo, ahanishwa igifungo kuva ku myaka itatu (3)kugeza ku myaka itanu (5) n\u00e2\u20ac\u0178ihazabu y\u00e2\u20ac\u0178amafaranga y\u00e2\u20ac\u0178u Rwanda kuva kuri miliyoni eshatu (3.000.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000).<\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irakangurira abaturage\u00a0 kwirinda icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana kandi\u00a0 bakagira uruhare mu kuburwanya bayiha amakuru y\u2019ababukora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa ry\u2019umugabo witwa Bimenyimana Leopold w\u2019imyaka 42, wafatiwe mu kagari ka Kimisagara, mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gutekera umutwe no kwizeza ibitangaza umuturage akamutwara amafaranga y\u2019u Rwanda arenga miliyoni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11366","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irakangurira abaturage\u00a0 kwirinda icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana kandi\u00a0 bakagira uruhare mu kuburwanya bayiha amakuru y\u2019ababukora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa ry\u2019umugabo witwa Bimenyimana Leopold w\u2019imyaka 42, wafatiwe mu kagari ka Kimisagara, mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gutekera umutwe no kwizeza ibitangaza umuturage akamutwara amafaranga y\u2019u Rwanda arenga miliyoni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-18T07:05:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:04:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni\",\"datePublished\":\"2018-08-18T07:05:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366\"},\"wordCount\":395,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366\",\"name\":\"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-18T07:05:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11366#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irakangurira abaturage\u00a0 kwirinda icyaha cy\u2019ubwambuzi bushukana kandi\u00a0 bakagira uruhare mu kuburwanya bayiha amakuru y\u2019ababukora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa ry\u2019umugabo witwa Bimenyimana Leopold w\u2019imyaka 42, wafatiwe mu kagari ka Kimisagara, mu murenge wa Kimisagara, mu karere ka Nyarugenge, nyuma yo gutekera umutwe no kwizeza ibitangaza umuturage akamutwara amafaranga y\u2019u Rwanda arenga miliyoni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-18T07:05:03+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:04:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni","datePublished":"2018-08-18T07:05:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366"},"wordCount":395,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11366#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366","name":"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-18T07:05:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11366"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11366#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyarugenge: Yatawe muri yombi nyuma yo gutekera umutwe umuntu akamutwara asaga miliyoni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11366","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11366"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11366\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11366"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11366"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11366"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}