{"id":11381,"date":"2018-08-19T16:24:05","date_gmt":"2018-08-19T16:24:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/19\/nyabihu-na-rubavu-bizeje-green-party-kuzayihundagazaho-amajwi\/"},"modified":"2025-02-12T14:04:38","modified_gmt":"2025-02-12T12:04:38","slug":"nyabihu-na-rubavu-bizeje-green-party-kuzayihundagazaho-amajwi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381","title":{"rendered":"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Mu kwiyamamaza i Rubavu na Nyabihu, Ishyaka DGPR riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryahabonye abantu benshi cyane, ndetse bagaragaza ko biteguye kurihundagazaho amajwi mu matora y\u2019Abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Mu ijambo rye atangiza ibikorwa byo kwiyamamaza i Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, Intara y\u2019Uburengerazuba, Kandida Depite Madamu Maombi Carine Visi Perezida wa Green Party yashimiye abatuye Rubavu uburyo ari inshuti nziza z\u2019iri shyaka, abashimira ubwitabire bwinshi bwabo, abashimira ko batoye cyane umukandida wa Green Party mu matora ya Perezida wa Repubulika nubwo atabashije kwegukana uwo mwanya, anongeraho ko bagarutse kubasaba amajwi.<\/p>\n<p> <strong>Gukemura ikibazo cy\u2019ubucuruzi<\/strong> <\/p>\n<p>Mu kubasaba ko amajwi yabo bayabikira Ishyaka Green Party yabaenyesheje ko Green Party igiriwe icyizere igatorwa neza ikinjira mu nteko, izatoresha itegeko rirengera inyungu z\u2019abacuruzi, umuntu winjiza munsi ya miliyoni ebyiri akagira ibyo asonerwa mu misoro imwe n\u2019imwe, kandi n\u2019uburemere bw\u2019imisoro bugasuirwamo.<\/p>\n<p>Yagarutse ku kibazo cy\u2019ubucuruzi bwegereye umupaka, avugga ko hazanozwa amateeko abugega, kandi abaturiy ikiyaga cya Kivua bakoroherezwa ubwikorezi bwo mu mazi.<\/p>\n<p> <strong>Ikibazo cy\u2019amabuye y\u2019agaciro n\u2019ibirombe acukurwamo<\/strong> <\/p>\n<p>Mu kiganiro cyatanzwe na Kandida Depite Mugisha Alex mu murenge wa Bigogwe Akarere ka Nyabihu, yagarutse ku kuba muri aka Karere hari ahacukura amabuye y\u2019agaciro, ariko bigakorwa mu kajagari, kandi amategekop abigenga ubu akaba atarengera nezainyungu n\u2019umutekano by\u2019abakora uyu mwga.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo Kandida Depite Mugisha akaba na Komiseri muri Green Party yagize ati: \u201cTuzashyiraho gahunda yogukora amakarita mashya yerekana ahari amabuye y\u2019agaciro n\u2019ubwoko bw\u2019amabuye buhaboneka; Tuzasuzuma, tuvugurure itegeko rigena umurongo usobanutse w\u2019itangwa ry\u2019ibyangombwa, ugiye kubihabwa habanze hakorwe igenzura riciye mu mucyo kugira ngo habeho gukurikiranira hafi no gukomeza amategeko agenga icukurwa rya kariyeri n\u2019amabuye y\u2019agaciro kugirango bitagira ingaruka ku misozi, ibishanga, n\u2019imigezi; Tuzashyiraho itegeko rigena uburyo buboneye bwo gukoresha umutungo kamere muri rusange no gukangurira abaturarwanda kubahiriza amategeko agenga umutungo kamere; ku nyungu z\u2019ibidukikije n\u2019iz\u2019abanywaranda muri rusange, cyane cyane abakora uyu mwuga w\u2019ubucukuzi\u201d<\/p>\n<p>Mu ijambo rye Dr Frank Habineza Perezida wa Green Party yavuze ko bishimira ko bataruhiye ubusa mu kwiyamamaza kwabo kwa mbere ku mwanya wa Perezida wa Repubulika , kuko byinshi mu byo bari bakeneyeho impinduka ; Leta yabyumvise ikaba yaratangiye kubishyira mu bikorwa.<\/p>\n<p>Abaturage b\u2019ingeri zinyuranye baganiriye na BWIZA.COM bagarutse ku kuba bazatora Green Party kubwo kuba ifite imigao n\u2019imigambi ibanyuze, n\u2019ingamba zibakemurira ibibazo muri rusange.<\/p>\n<p> <strong>George Kyotera<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu kwiyamamaza i Rubavu na Nyabihu, Ishyaka DGPR riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryahabonye abantu benshi cyane, ndetse bagaragaza ko biteguye kurihundagazaho amajwi mu matora y\u2019Abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka. Mu ijambo rye atangiza ibikorwa byo kwiyamamaza i Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, Intara y\u2019Uburengerazuba, Kandida Depite Madamu Maombi Carine [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11381","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu kwiyamamaza i Rubavu na Nyabihu, Ishyaka DGPR riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryahabonye abantu benshi cyane, ndetse bagaragaza ko biteguye kurihundagazaho amajwi mu matora y\u2019Abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka. Mu ijambo rye atangiza ibikorwa byo kwiyamamaza i Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, Intara y\u2019Uburengerazuba, Kandida Depite Madamu Maombi Carine [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-19T16:24:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:04:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi\",\"datePublished\":\"2018-08-19T16:24:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381\"},\"wordCount\":407,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381\",\"name\":\"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-19T16:24:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11381#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi - BWIZA","og_description":"Mu kwiyamamaza i Rubavu na Nyabihu, Ishyaka DGPR riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryahabonye abantu benshi cyane, ndetse bagaragaza ko biteguye kurihundagazaho amajwi mu matora y\u2019Abadepite ateganyijwe muri Nzeli uyu mwaka. Mu ijambo rye atangiza ibikorwa byo kwiyamamaza i Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu, Intara y\u2019Uburengerazuba, Kandida Depite Madamu Maombi Carine [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-19T16:24:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:04:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi","datePublished":"2018-08-19T16:24:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381"},"wordCount":407,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11381#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381","name":"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-19T16:24:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11381"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11381#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyabihu na Rubavu, bizeje Green Party kuzayihundagazaho amajwi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11381","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11381"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11381\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11381"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11381"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11381"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}