{"id":11390,"date":"2018-08-20T17:58:52","date_gmt":"2018-08-20T17:58:52","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/20\/nyamasheke-baremeza-ko-ibyo-umuryango-fpr-inkotanyi-umaze-kubagezaho-ari-byo\/"},"modified":"2025-02-12T14:04:32","modified_gmt":"2025-02-12T12:04:32","slug":"nyamasheke-baremeza-ko-ibyo-umuryango-fpr-inkotanyi-umaze-kubagezaho-ari-byo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390","title":{"rendered":"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage b\u2019imirenge ya Cyato,Macuba na Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwigunge FPR Inkotanyi yabakuyemo kubera ibikorwa remezo yabagejejeho birimo imihanda,amashanyarazi ,amavuriro,amasoko n\u2019amazi meza bibatera gukomeza kugirira icyizere \u00a0uyu muryango,ngo bakazabigaragaza ku wa 3 Nzeri,bitorera ku bwinshi abakandida depite watanze.<\/p>\n<p>Bongeye kubigaragaza mu bikorwa byo kwamamaza abakandinda depite b\u2019umuryango FPR Inkotanyi byabaye muri iyi mirenge,aho nyuma y\u2019imirenge ya Kagano na Shangi,umunsi wa 3 wo kwiyamamaza wabereye mu murenge wa Cyato,uwa kane ukabera mu wa Macuba,uwa 5 ukaba warabereye mu murenge wa Karambi,hose abaturage bishimira ibyiza umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho bituma ngo badashobora kuwutatira.<\/p>\n<figure id=\"attachment_111731\" aria-describedby=\"caption-attachment-111731\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-111731 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-111731\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Abaturage b&#8217;umurenge wa Karambi ngo ntibatatira igihango gikomeye bafitanye n&#8217;umuryango FPR Inkotanyi.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Nk\u2019uko babitangarije Bwiza.com, abo mu murenge wa Cyato ngo bishimira ko hari imisozi myinshi yari itangiye kuba ubutayu kubera kuba yari yambaye ubusa, ubu yambaye amaterasi y\u2019indinganire ku buryo itanga umusaruro ushimishije, kuba amazi meza yarageze ku baturage benshi, hakaba hari kubakwa ingomero z\u2019amashanyarazi n\u2019izindi zizubakwa vuba,byose bigamije gukura abaturage ku gatadowa, aho bijejwe ko n\u2019umuhanda Tyazo-Cyato ukomeje kuba agatereranzamba mu bihe bya vuba uzaba utunganye.<\/p>\n<p>Mu murenge wa Macuba na ho ngo kuba hagiye kubakwa isoko mpuzamahanga ryambukiranya imipaka rya Rugali, ikibazo cya rezo ya telefoni na cyo kigeze kure gikemuka,imihanda myinshi yaratunganijwe n\u2019isigaye iri mu nzira zo gutungana,biratuma bizera ko nibatora abakandida depite b\u2019umuryango FPR Inkotanyi n\u2019ibisigaye bizakorwa vuba.<\/p>\n<p>Iterambere rifatika mu bice by\u2019icyaro ni na ryo ryagarutsweho n\u2019abaturage b\u2019umurenge wa Karambi ku munsi wa 5 wo kwiyamamaza mu mirenge kw\u2019abakandida depite bahagarariye umuryango FPR Inkotanyi n\u2019indi mitwe ya politiki yishyize hamwe na wo,aho uyu murenge wo ufite akarusho ko kuba uri mu mirenge mike mu gihugu igaragaramo ibigo nderabuzima 3 aho abaturage bivuza bitabagoye, uruganda rwicyayi rwakuye mu bwigunge abahinzi bacyo bagera ku 3500 bemeza ko bakataje mu iterambere, bakagira na SACCO yatumye n\u2019abayashyiraga mu bimuga kubera kubura aho bayabitsa bagana iki kigo cy\u2019imari.<\/p>\n<p>Nyirasangwa Esp\u00e9rance w\u2019imyaka 43 utuye mu kagari ka Rushyarara muri uyu murenge akaba yaragannye ishuri akuze aho ubu yiga mu wa 3 w\u2019amashuri abanza yavuze ko iyo hataba FPR Inkotanyi yari kuzapfana ubujiji.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 mfite abana 5 nabyaye umwuzukuru n\u2019abandi 2 ndera,ariko ikinshimisha ni ukwicarana n\u2019umuhererezi wanjye ku ntebe y\u2019ishuri kuko ubu niga mu wa 3 w\u2019amashuri abanza kubera amateka mabi y\u2019igihugu cyacu yatumye ntagana ishuri kare,kandi ndatsinda neza nkarusha n\u2019abana twigana.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yongeyeho ati\u2019\u2019 iyo FPR itadutabara nari kuzapfana ubujiji kandi bampaye inzu mbamo bankuye muri nyakatsi, n\u2019uburyo bwo kubona ibikoresho by\u2019ishuri,ni yo mpamvu ngomba gushyira igikumwe ku gipfunsi nkitorera abadepite batanzwe n\u2019uyu muryango kugira ngo n\u2019ibyo ntarageraho nzabigereho vuba.\u2019\u2019<\/p>\n<figure id=\"attachment_111732\" aria-describedby=\"caption-attachment-111732\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-111732 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Ibyishimo-byari-byose-ubwo-abatuye-umurenge-wa-Karambi-bakiraga-abakandida-depite-batanzwe-numuryango-FPR-Inkotanyi..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-111732\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Ibyishimo byari byose ubwo abatuye umurenge wa Karambi bakiraga abakandida depite batanzwe n&#8217;umuryango FPR Inkotanyi.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Ushinzwe ibikorwa byo kwamamaza abakandida b\u2019uyu muryango ku rwego rw\u2019aka karere Habyarimana Jovith avuga ko kugeza ubu bigenda neza,abaturage bashimangira igihango gikomeye bafitanye n\u2019umuryango FPR Inkotanyi kubera aho yabakuye n\u2019aho ibagejeje.<\/p>\n<p>Abakandida umuryango FPR Inkotanyi wamamaza muri aka karere ni Uwamariya Rutijanwa P\u00e9lagie, Pasiteri Senani Benoit,n\u2019umukandida w\u2019ishyaka PSR ryishyize hamwe n\u2019uyu muryango Bitsindinkumi Innocent,gusa we akomeje kugaragara hake cyane mu hiyamamarizwa, bikavugwa ko ari ukubera impamvu z\u2019uburwayi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_111733\" aria-describedby=\"caption-attachment-111733\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-111733 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Nyirasangwa-Esp\u00e9rance-wiga-mu-wa-3-wamashuri-abanza-ku-myaka-43-yamavukoavuga-ko-iyo-hataba-umuryango-FPR-Inkotanyi-yari-kuzapfira-mu-bujiji..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-111733\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Nyirasangwa Esp\u00e9rance wiga mu wa 3 w&#8217;amashuri abanza ku myaka 43 y&#8217;amavuko,avuga ko iyo hataba umuryango FPR Inkotanyi yari kuzapfira mu bujiji.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage b\u2019imirenge ya Cyato,Macuba na Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwigunge FPR Inkotanyi yabakuyemo kubera ibikorwa remezo yabagejejeho birimo imihanda,amashanyarazi ,amavuriro,amasoko n\u2019amazi meza bibatera gukomeza kugirira icyizere \u00a0uyu muryango,ngo bakazabigaragaza ku wa 3 Nzeri,bitorera ku bwinshi abakandida depite watanze. Bongeye kubigaragaza mu bikorwa byo kwamamaza abakandinda depite b\u2019umuryango FPR Inkotanyi byabaye muri iyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11390","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage b\u2019imirenge ya Cyato,Macuba na Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwigunge FPR Inkotanyi yabakuyemo kubera ibikorwa remezo yabagejejeho birimo imihanda,amashanyarazi ,amavuriro,amasoko n\u2019amazi meza bibatera gukomeza kugirira icyizere \u00a0uyu muryango,ngo bakazabigaragaza ku wa 3 Nzeri,bitorera ku bwinshi abakandida depite watanze. Bongeye kubigaragaza mu bikorwa byo kwamamaza abakandinda depite b\u2019umuryango FPR Inkotanyi byabaye muri iyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-20T17:58:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:04:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0\",\"datePublished\":\"2018-08-20T17:58:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390\"},\"wordCount\":611,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/08\\\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390\",\"name\":\"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/08\\\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2018-08-20T17:58:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11390#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0 - BWIZA","og_description":"Abaturage b\u2019imirenge ya Cyato,Macuba na Karambi mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwigunge FPR Inkotanyi yabakuyemo kubera ibikorwa remezo yabagejejeho birimo imihanda,amashanyarazi ,amavuriro,amasoko n\u2019amazi meza bibatera gukomeza kugirira icyizere \u00a0uyu muryango,ngo bakazabigaragaza ku wa 3 Nzeri,bitorera ku bwinshi abakandida depite watanze. Bongeye kubigaragaza mu bikorwa byo kwamamaza abakandinda depite b\u2019umuryango FPR Inkotanyi byabaye muri iyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-20T17:58:52+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:04:32+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0","datePublished":"2018-08-20T17:58:52+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390"},"wordCount":611,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390","name":"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/08\/Abaturage-bumurenge-wa-Karambi-ngo-ntibatatira-igihango-gikomeye-bafitanye-numuryango-FPR-Inkotanyi.-1024x768.jpg","datePublished":"2018-08-20T17:58:52+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11390"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11390#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Baremeza ko ibyo umuryango FPR Inkotanyi umaze kubagezaho ari byo bituma bakomeza kuyigirira icyizere\u00a0"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11390","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11390"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11390\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11390"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11390"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11390"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}