{"id":11433,"date":"2018-08-24T07:29:39","date_gmt":"2018-08-24T07:29:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/08\/24\/zaza-bamwe-mu-baturage-nta-makuru-ahagije-bafite-ku-matora-y-abadepite\/"},"modified":"2025-02-12T14:04:09","modified_gmt":"2025-02-12T12:04:09","slug":"zaza-bamwe-mu-baturage-nta-makuru-ahagije-bafite-ku-matora-y-abadepite","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433","title":{"rendered":"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe mu Rwanda \u00a0hateganyijwe \u00a0igikorwa cy\u2019 amatora \u00a0y\u2019abazahagararira abaturage mu nteko ishinga amategeko azaba muri nzeri 2018 bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Zaza mu ntara y\u2019uburengerazuba nta makuru ahagije bafite y\u2019uko bizagenda, mubyo badasobanukiwe harimo iminsi ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Habiyakare Emmanuel, ni umugabo uri mu kigero cy\u2019imyaka 55, yahagarutse ashaka gusobanurira abari aho amatariki ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa. urabona yifiye ikizero nk\u2019umuntu ubisonamukiwe ariko ,amaze gufata mikoro (micro) atangira kujijinganya agira ati\u201d kuri ebyiri z\u2019ukwa cyenda hazatorwa abadepite mirongo itanu na batatu (53) , kuri eshatu hatorwe ababana n\u2019ubumuga naho kuri \u00a0enye hatorwe abagore\u201d<\/p>\n<p>Nshimiyimana Epimake, umusore umubyeyi w\u2019abana babiri atuye mu murenge wa Zaza\u00a0\u00a0 avuga ko hakwiye kuba inyigisho zihagije kugirango\u00a0 abaturage basobanukirwe neza akamaro ndetse n\u2019inshingano z\u2019abadepite agira ati\u201d mu by\u2019ukuri nge mbona bagera inaha baje kwiyamamaza mbaheruka 2013 ariko sinongeye kubabona birakwiye ko bajya batugeraho kenshi bakamenya ibibazo byacu bakaduhagararira bazi ibyo dukeneye<\/p>\n<p>Mukamusoni Suzana nawe ni umwe mubari bitabiriye ibiganiro we yavuze ko aziko azatora mu kwezi kwa Nzeri \u00a0ariko ko adasobanukiwe neza igihe \u00a0ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa.\u00a0 kuko avuga ko kuri eshatu abaturage bose \u00a0bazatora \u00a0abafite ubumuga noneho kuri (enye) hagatorwa abadepite mirongo itanu na batatu (53) naho kuri eshanu hagatorwa abagore n\u2019urubyiruko.<\/p>\n<p>Murekeyisoni Hassina\u00a0 inkumi y\u2019imyaka 19 ashimishijwe nuko agiye kuzatora abadepite ku nshuro ya mbere ariko akaba adafite amakuru ahagije kuyo bizagenda ndetse n\u2019inshingano z\u2019abadepite agira ati \u2018 buriya ntegereje ko abayobozi b\u2019inaha iwacu mu nzego z\u2019ibanze bazadusobanurira igihe ndetse nuko bizagenda kuko nge simbisobanukiwe neza , akomeza avuga ko aziko inshingano y\u2019abadepite ari ukubazanira ibikorwa remezo ndetse no kubateza\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Zaza,\u00a0 Singirankabo Jean Claude avuga ko kuba abaturage badasobanukiwe neza igihe \u00a0ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa ari uko gahunda yo kwiyamamaza itaratangira. kandi ko bagiye gufatanya n\u2019inzego zibishinzwe harimo abakorerabushake bo komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora ku rwego rw\u2019umudugudu bagatangira gukora ubukangurambaga abafite amaradiyo bagashishikazrizwa kuyumva bakurikirana ibiganiro bivuga ku matora kugirango bibafashe kubakura mu mayobera ndetse no kujijinganya<\/p>\n<p>Amatora \u00a0\u00a0azangira kuri \u00a0ebyiri nzeri hakazatora ababa mu mahanga bakazatorera muri za Ambassade z\u2019u Rwanda \u00a0ziri mu bihugu baherereyemo ,ndetse n\u2019abafite ubumuga baba mu Rwanda , kuri eshatu hakazatorwa abadepite mirongo itanu na batatu (53) bazaturuka mu mashyaka atandukanye \u00a0yemewe akorera mu Rwanda\u00a0 ayo akazaba mu buryo\u00a0 buziguye..<\/p>\n<p>Kuri \u00a0enye hakazatorwa abagore bakazaba bihariye imyanya ingana na 30 %\u00a0 aba bakaba bazatorwa na njyanama kuva ku rwego rw\u2019akagali \u00a0kugera ku rwego rw\u2019akarere , kuri uwo munsi ni nabwo hazatorwa ikiciro cyihariye \u00a0cy\u2019urubyiruko ruzahagararira urundi mu nteko ishinga amategeko urwo rubyiruko rukazaba ruzatorwa n\u2019abagarariye urubyiruko kuva ku rwego rw\u2019umurenge kugera ku rwego rw\u2019igihugu, amatora y\u2019abadepite aheruka mu mwaka wa 2013 bakaba bagira manda y\u2019imyaka itanu<\/p>\n<p> <em> <strong>BAZUBAGIRA Djalia<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe mu Rwanda \u00a0hateganyijwe \u00a0igikorwa cy\u2019 amatora \u00a0y\u2019abazahagararira abaturage mu nteko ishinga amategeko azaba muri nzeri 2018 bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Zaza mu ntara y\u2019uburengerazuba nta makuru ahagije bafite y\u2019uko bizagenda, mubyo badasobanukiwe harimo iminsi ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa. Habiyakare Emmanuel, ni umugabo uri mu kigero cy\u2019imyaka 55, yahagarutse ashaka gusobanurira abari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-11433","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe mu Rwanda \u00a0hateganyijwe \u00a0igikorwa cy\u2019 amatora \u00a0y\u2019abazahagararira abaturage mu nteko ishinga amategeko azaba muri nzeri 2018 bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Zaza mu ntara y\u2019uburengerazuba nta makuru ahagije bafite y\u2019uko bizagenda, mubyo badasobanukiwe harimo iminsi ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa. Habiyakare Emmanuel, ni umugabo uri mu kigero cy\u2019imyaka 55, yahagarutse ashaka gusobanurira abari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-08-24T07:29:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:04:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite\",\"datePublished\":\"2018-08-24T07:29:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433\"},\"wordCount\":467,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433\",\"name\":\"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-08-24T07:29:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:04:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=11433#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite - BWIZA","og_description":"Mu gihe mu Rwanda \u00a0hateganyijwe \u00a0igikorwa cy\u2019 amatora \u00a0y\u2019abazahagararira abaturage mu nteko ishinga amategeko azaba muri nzeri 2018 bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Zaza mu ntara y\u2019uburengerazuba nta makuru ahagije bafite y\u2019uko bizagenda, mubyo badasobanukiwe harimo iminsi ndetse n\u2019ibyiciro bizatorwa. Habiyakare Emmanuel, ni umugabo uri mu kigero cy\u2019imyaka 55, yahagarutse ashaka gusobanurira abari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-08-24T07:29:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:04:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite","datePublished":"2018-08-24T07:29:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433"},"wordCount":467,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11433#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433","name":"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-08-24T07:29:39+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:04:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=11433"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=11433#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Zaza: Bamwe mu baturage nta makuru ahagije bafite ku matora y\u2019Abadepite"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11433","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=11433"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/11433\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=11433"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=11433"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=11433"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}